<?xml 
version="1.0" encoding="utf-8"?><?xml-stylesheet title="XSL formatting" type="text/xsl" href="https://www.mamaurwagasabo.rw/spip.php?page=backend.xslt" ?>
<rss version="2.0" 
	xmlns:dc="http://purl.org/dc/elements/1.1/"
	xmlns:content="http://purl.org/rss/1.0/modules/content/"
	xmlns:atom="http://www.w3.org/2005/Atom"
>

<channel xml:lang="en">
	<title>Mama U rwagasabo</title>
	<link>https://mamaurwagasabo.rw/</link>
	<description></description>
	<language>en</language>
	<generator>SPIP - www.spip.net</generator>
	<atom:link href="https://www.mamaurwagasabo.rw/spip.php?id_rubrique=6&amp;page=backend" rel="self" type="application/rss+xml" />

	<image>
		<title>Mama U rwagasabo</title>
		<url>https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L144xH77/siteon0-e9471.png?1774963363</url>
		<link>https://mamaurwagasabo.rw/</link>
		<height>77</height>
		<width>144</width>
	</image>



<item xml:lang="en">
		<title>Hari abakobwa benshi cyane aha ngaha bahabonera abagabo - umwe usengera ahiswe ku Iriba rya Yakobo muri Nyundo</title>
		<link>https://www.mamaurwagasabo.rw/Hari-abakobwa-benshi-cyane-aha-ngaha-bahabonera-abagabo-umwe-usengera-ahiswe-ku</link>
		<guid isPermaLink="true">https://www.mamaurwagasabo.rw/Hari-abakobwa-benshi-cyane-aha-ngaha-bahabonera-abagabo-umwe-usengera-ahiswe-ku</guid>
		<dc:date>2025-06-23T16:42:08Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>Chadadi Habimana</dc:creator>



		<description>
&lt;p&gt;Hari bamwe mu baturage basengera mu mpinga y'umusozi hazwi nko ku Iriba rya Yakobo, mu Kagari ka Nyundo mu Murenge wa Nyundo, mu Karere ka Rubavu, bagaragaza ko habafasha iyo baje kuhasengera, bakabonera ibisubizo by'ibibabazo baba bafite. &lt;br class='autobr' /&gt;
Mbere yuko tuzamuka uyu musozi ngo tugere aho abari baje gusenga bari bateraniye, munsi yawo, twahasanze undi muturage atubwira ko nawe arikugana yo, ubundi, tugira amatsiko yo kumubaza impamvu ari ho yahisemo kujya gusengera. Ati&#034;Nzamuka uno musozi (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="https://www.mamaurwagasabo.rw/IYOBOKAMANA" rel="directory"&gt;IYOBOKAMANA&lt;/a&gt;


		</description>


 <content:encoded>&lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L150xH113/whatsapp_image_2025-06-23_a_16.47_44_778df5ca-77618.jpg?1775005663' class='spip_logo spip_logo_right' width='150' height='113' alt=&#034;&#034; /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;strong&gt; &lt;i&gt;&lt;br class='autobr' /&gt;
Hari bamwe mu baturage basengera mu mpinga y'umusozi hazwi nko ku Iriba rya Yakobo, mu Kagari ka Nyundo mu Murenge wa Nyundo, mu Karere ka Rubavu, bagaragaza ko habafasha iyo baje kuhasengera, bakabonera ibisubizo by'ibibabazo baba bafite.&lt;br class='autobr' /&gt;
&lt;/i&gt; &lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Mbere yuko tuzamuka uyu musozi ngo tugere aho abari baje gusenga bari bateraniye, munsi yawo, twahasanze undi muturage atubwira ko nawe arikugana yo, ubundi, tugira amatsiko yo kumubaza impamvu ari ho yahisemo kujya gusengera.&lt;/p&gt;
&lt;hr class=&#034;spip&#034; /&gt;&lt;div class='spip_document_11379 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center spip_document_avec_legende' data-legende-len=&#034;80&#034; data-legende-lenx=&#034;xx&#034;
&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;a href='https://www.mamaurwagasabo.rw/IMG/jpg/whatsapp_image_2025-06-23_a_16.46_15_df301731.jpg' class=&#034;spip_doc_lien mediabox&#034; type=&#034;image/jpeg&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH376/whatsapp_image_2025-06-23_a_16.46_15_df301731-962af.jpg?1775005663' width='500' height='376' alt='' /&gt;&lt;/a&gt;
&lt;figcaption class='spip_doc_legende'&gt; &lt;div class='spip_doc_descriptif '&gt;&lt;i&gt; &lt;strong&gt;Bamwe mu baturage basengera mu mpinga y'umusozi hazwi nko ku Iriba rya Yakobo.&lt;/strong&gt; &lt;/i&gt;
&lt;/div&gt; &lt;/figcaption&gt;&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;hr class=&#034;spip&#034; /&gt;
&lt;p&gt;Ati&#034;Nzamuka uno musozi nahagera&lt;br class='autobr' /&gt; nkapfukama nkabwira Imana, urebe ikibazo cyanjye uzanduhure, ni ugupfama kuri uno musozi, Imana ikagira icyo ikora&#034;.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Nyuma yo kuvugana nawe twakomeje hejuru aho abari gusenga bateraniye baduha ikaze ndetse n'umwanya turabibwira turanabaganiza gato, bamwe muri bo turaganira.&lt;/p&gt;
&lt;hr class=&#034;spip&#034; /&gt;&lt;div class='spip_document_11377 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center spip_document_avec_legende' data-legende-len=&#034;98&#034; data-legende-lenx=&#034;xx&#034;
&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;a href='https://www.mamaurwagasabo.rw/IMG/jpg/whatsapp_image_2025-06-23_a_16.47_44_778df5ca.jpg' class=&#034;spip_doc_lien mediabox&#034; type=&#034;image/jpeg&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH376/whatsapp_image_2025-06-23_a_16.47_44_778df5ca-11319.jpg?1775005663' width='500' height='376' alt='' /&gt;&lt;/a&gt;
&lt;figcaption class='spip_doc_legende'&gt; &lt;div class='spip_doc_descriptif '&gt;&lt;i&gt; &lt;strong&gt;Abajya bahagana, bagaragaza ko aha hantu bahabonera ibisubizo by'ibibabazo iyo baje kuhasengera.&lt;/strong&gt; &lt;/i&gt;
&lt;/div&gt; &lt;/figcaption&gt;&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;hr class=&#034;spip&#034; /&gt;
&lt;p&gt;Uyu ni umwe twasanze ari kubwiriza abari bateraniyeho, yarari kubwiriza mu rurimi rw'Ikinyarwanda hari mugenzi we uri gusemura mu rurimi rw' Igiswahili, yatubwiye ko yitwa Uwayezu Fulgence.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Ati&#034; Twasengaga ku wa Kabiri, ababyeyi bakabyara, abandi tukabishyurira mutuweli, turi mu gihe cyo gusenga, ubwo nibutse ibyo bihe ndavuga nti reka nongere ngaruke, abakobwa benshi cyane aha ngaha babona abagabo bitewe n'uburyo baje gusenga bizeye, bitewe mbese n'icyo ashaka.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Baraka Erisha ukomoka muri DRC, akaza nawe twahasanze agaragaza ko aha hantu ari igenzi kuri we.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Nawe ati&#034; Twaje turi kuyoboza kuko hari bagenzi bacu, bahageze, biba byiza barahagera, bahagirira ibihe byiza basenze, Imana ibagirira neza, irabasubuza, ubwo natwe turavuga byaba byiza natwe tugiye gusenga Imana, tukareba ko hari icyo Imana yadukorera.&lt;/p&gt;
&lt;hr class=&#034;spip&#034; /&gt;&lt;div class='spip_document_11378 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center spip_document_avec_legende' data-legende-len=&#034;66&#034; data-legende-lenx=&#034;xx&#034;
&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;a href='https://www.mamaurwagasabo.rw/IMG/jpg/whatsapp_image_2025-06-23_a_16.49_09_da3b9bd0.jpg' class=&#034;spip_doc_lien mediabox&#034; type=&#034;image/jpeg&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH376/whatsapp_image_2025-06-23_a_16.49_09_da3b9bd0-7cd2a.jpg?1775005663' width='500' height='376' alt='' /&gt;&lt;/a&gt;
&lt;figcaption class='spip_doc_legende'&gt; &lt;div class='spip_doc_descriptif '&gt;&lt;i&gt; &lt;strong&gt;Uwayezu Fulgence, agaragaza ko hari abakobwa bahabonera abagabo.&lt;/strong&gt; &lt;/i&gt;
&lt;/div&gt; &lt;/figcaption&gt;&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;hr class=&#034;spip&#034; /&gt;
&lt;p&gt;Nyuma yo gusengera hano kandi abari bateraniye hafi yaho hiswe ku Iriba rya Yakobo, bakomeje bajya gusengera aho hiswe ku Iriba rya Yakobo, ubundi binjira mu mazi bakomeza gusenga amazi abatembaho imyenda iratoha.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Nubwo basenga muri buno buryo, Leta y'u Rwanda, yakunze kugaragaza ko itemera &lt;br class='autobr' /&gt;
abantu basengera ahantu hameze gutya.&lt;br class='autobr' /&gt;
Ibi birashimangirwa kandi na Mulindwa Prosper, Umuyobozi w'Akarere ka Rubavu.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Uyu muyobozi yagize ati&#034; Ntabwo Imana ari ahantu, Imana, aho waba uri hose wayisenga, ariko n'isengero zirahari zemerewe gukora kuko zujuje ibisabwa, ndaje mbikurikurane&#034;.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Leta y'u Rwanda kandi yafunze umubare w'isengero zitari nkeya, ku mpamvu itanga yuko zitujuje ibyo isaba, icyakora nanone hari ababona ikwiye koroshya mu byo isaba kugirango zikomorerwe dore ko naba bagisengera ahantu nkaha hari abagaragaza ko impamvu aruko aho basengeraga hafunzwe.&lt;/p&gt;
&lt;h2 class=&#034;spip&#034;&gt;Mahirwe Eulade&lt;/h2&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Papa Francis yasubukuye gahunda ya Congo</title>
		<link>https://www.mamaurwagasabo.rw/Papa-Francis-yasubukuye-gahunda-ya-Congo</link>
		<guid isPermaLink="true">https://www.mamaurwagasabo.rw/Papa-Francis-yasubukuye-gahunda-ya-Congo</guid>
		<dc:date>2022-12-02T05:29:58Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		<dc:creator>MUTESI Scovia</dc:creator>



		<description>
&lt;p&gt;Ibiro bya Papa Francis byatangaje ko azasura Repubulika ya Demukarasi ya Congo hatari y'Italiki 31, Mutarama n'Italiki 3, Gashyantare, 2023. &lt;br class='autobr' /&gt;
Byatangajwe n'Umuvugizi w'Ibiro bya Papa, Mgr Ettore Balestrero mu kiganiro yagiranye na Perezida wa DRC, Felix Tshisekedi, cyabaye kuri uyu wa Kane Taliki 01, Ukuboza, 2022. &lt;br class='autobr' /&gt;
Kuri gahunda y'ingendo za Papa Francis handitseho ko nava muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo azakomereza muri Sudani y'Epfo nk'uko byari bipanze na mbere ubwo gahunda (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="https://www.mamaurwagasabo.rw/IYOBOKAMANA" rel="directory"&gt;IYOBOKAMANA&lt;/a&gt;


		</description>


 <content:encoded>&lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L150xH75/popefrancisairplanesteps-3e3fa.jpg?1775005663' class='spip_logo spip_logo_right' width='150' height='75' alt=&#034;&#034; /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Ibiro bya Papa Francis byatangaje ko azasura Repubulika ya Demukarasi ya Congo hatari y'Italiki 31, Mutarama n'Italiki 3, Gashyantare, 2023.&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Byatangajwe n'Umuvugizi w'Ibiro bya Papa, Mgr Ettore Balestrero mu kiganiro yagiranye na Perezida wa DRC, Felix Tshisekedi, cyabaye kuri uyu wa Kane Taliki 01, Ukuboza, 2022.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Kuri gahunda y'ingendo za Papa Francis handitseho ko nava muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo azakomereza muri Sudani y'Epfo nk'uko byari bipanze na mbere ubwo gahunda yasubikwaga kubera ikibazo cyo mu ivi Nyirubutungane yahuye nacyo.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Ibiro bye bitangaza ko zizaba ari ingendo zigamije kunga abatuye ibi bihugu biri mu bimaze igihe kinini byarabuze amahoro kurusha ibindi ku isi.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Minisitiri w'Intebe wa DRC Bwana Jean-Michel Sama Lukonde avuga ko abatuye igihugu cye bishimiye ko bazasurwa na &#8216;Nyirubutungane,' kandi ngo bizabaruhura umutima.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Yabasabye gukomeza gusengera Papa kugira ngo ruriya rugendo rwe ntiruzagire kidobya.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Ngo muri iki gihe amasengesho arakwiye cyane cyane ko n'igihugu kiri mu bihe bitacyoroheye kubera intambara ikimazemo igihe kandi isa n'iyabaye karande.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Urugendo rwa Papa Francis rutangajwe nyuma y'uko hari urundi rwasubitswe mu mezi yashize bitewe n'uko yagize ikibazo mu ivi gitunguranye, bigatuma adashobora guhagaraga igihe kirekire no kwigenza.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Musanze: Biyemeje ko ubukirisito bukomatanyije n'ubucuruzi buzira ruswa bukwiye kuganza mu batuye Isi</title>
		<link>https://www.mamaurwagasabo.rw/Musanze-Biyemeje-ko-ubukirisito-bukomatanyije-n-ubucuruzi-buzira-ruswa-bukwiye</link>
		<guid isPermaLink="true">https://www.mamaurwagasabo.rw/Musanze-Biyemeje-ko-ubukirisito-bukomatanyije-n-ubucuruzi-buzira-ruswa-bukwiye</guid>
		<dc:date>2022-11-11T21:00:13Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		



		<description>
&lt;p&gt;Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude &lt;br class='autobr' /&gt;
Abitabiriye ihuriro ryigaga ku iyobokamana n'ubucuruzi rimaze iminsi 3 ribera mu karere ka Musanze basabwe kuba umusemburo wo kwamamaza ubutumwa bw'Imana bufatanyije n'ubucuruzi bwuguka ariko birinda igisa na ruswa. &lt;br class='autobr' /&gt;
Mu kiganiro cyatanzwe na Rev. Pasiteri Dorian wrigley waje aturutse muri Afurika yepfo, yavuze ko muri iki gihe abantu benshi basaritswe n'ubujura ndetse na ruswa aho gukorera Imana mu bucuruzi bwabo. &lt;br class='autobr' /&gt;
Yagize ati: &#034;Abantu bakwiye gushyira (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="https://www.mamaurwagasabo.rw/IYOBOKAMANA" rel="directory"&gt;IYOBOKAMANA&lt;/a&gt;


		</description>


 <content:encoded>&lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L150xH84/img-20221111-wa0052-43bfa.jpg?1775005663' class='spip_logo spip_logo_right' width='150' height='84' alt=&#034;&#034; /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Abitabiriye ihuriro ryigaga ku iyobokamana n'ubucuruzi rimaze iminsi 3 ribera mu karere ka Musanze basabwe kuba umusemburo wo kwamamaza ubutumwa bw'Imana bufatanyije n'ubucuruzi bwuguka ariko birinda igisa na ruswa.&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Mu kiganiro cyatanzwe na Rev. Pasiteri Dorian wrigley waje aturutse muri Afurika yepfo, yavuze ko muri iki gihe abantu benshi basaritswe n'ubujura ndetse na ruswa aho gukorera Imana mu bucuruzi bwabo.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Yagize ati: &#034;Abantu bakwiye gushyira imbaraga zabo mu gukorera Imana kandi tukareka kwiganda no kwijandika mu bitagira umumaro, rimwe na rimwe tukabyitirira bizinesi (business) kandi ari uburiganya.&#034;&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_6159 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;a href='https://www.mamaurwagasabo.rw/IMG/jpg/img-20221111-wa0056.jpg' class=&#034;spip_doc_lien mediabox&#034; type=&#034;image/jpeg&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH286/img-20221111-wa0056-f1995.jpg?1775005663' width='500' height='286' alt='' /&gt;&lt;/a&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;
&lt;p&gt;Pasiteri Dorian yakomeje avuga ko igihe kigeze kugira ngo abatuye Isi bahinduke, bareke imyumvire ya kera ndetse yavuze ko amafaranga abenshi baba bakurikiye ari ayi gihe gito, bityo ko bagomba kuzibukira inzira zitari nziza zo gushakamo amafaranga.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;David Nama waje aturutse mu gihugu cya Zambia, mu bunararibonye bwe yasangije abitabiriye iri huriro, yongeye gushimangira amahame agomba kuranga Abakirisitu basanzwe bakora ubucuruzi bwubahisha Imana.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Yagize ati: &#034;Abakirisitu badakurikira amahame yo gukora ubucuruzi bwubaha Imana ntibazatera Imbere ariko abakora ubucuruzi bwubahisha Imana bazatera imbere, kandi umukirisitu ashobora kuba umuyobozi w'ubucuruzi.&#034;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Yakomeje avuga ko burya Imana iyo ikubonyemo umuhamagaro w'umucuruzi iguha umugisha bijyanye n'ibyo ukora kandi bikaguteza imbere bityo abantu bakwiye kwibaza ahazaza habo uko hazaba hameze.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Mu bandi bitabiriye iri huriro, bavuga ko muri iki gihe cy'iminsi itatu bamaze mu karere ka Musanze, hari byinshi bungutse ndetse bamenya n'uburyo bashobora kugira urwunguko mu bucuruzi bwabo babifatnayije n'ubukirisito kandi bubaha Imana.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Bishop Hakizimana Pacifique, Umuyobozi w'itorero rya Fatherhood Sanctuary, avuga ko uyu wabaye umwanya mwiza wo gusangira ubunararibonye buturutse hirya no hino ku Isi, kandi akaba asaba abagize amahirwe yo kwitabira kuzashyira mu bikorwa ibyavugiwe muri iri huriro ryiswe (Kingdom Business Forum).&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Yagize ati: &#034;Ndashimira cyane mwese mwitabiriye , kandi ndashimira leta y'u Rwanda itagira uwo iheza by'umwihariko amadini, ndashimira nanone Perezida wa Repubulika Paul Kagame ndetse twiteguye gutanga umusanzu wose ushoboka mu kubaka Igihugu cyacu by'umwihariko akarere ka Musanze.&#034;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Umuyobozi w'Akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry'ubukungu, Rucyahana yashimiye uburyo iki gikorwa cyagenze neza ndetse abashyitsi bakaba nabo barakiriwe neza, aboneraho gusaba ko byajya biba nibura inshuro eshatu buri mwaka.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Yagize ati: &#034;Bashyitsi bacu, ndagira ngo mbashimire uburyo mwaje mukitabira iki gikorwa cyiza kandi abaturage ba Musanze mbashimiye uburyo bakiriye abashyitsi bakaba baranyuzwe na serivisi nziza.&#034;&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_6160 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;a href='https://www.mamaurwagasabo.rw/IMG/jpg/img-20221111-wa0053.jpg' class=&#034;spip_doc_lien mediabox&#034; type=&#034;image/jpeg&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH353/img-20221111-wa0053-5c256.jpg?1775005663' width='500' height='353' alt='' /&gt;&lt;/a&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;
&lt;p&gt;Yakomeje avuga ko akarere ka Musanze katangiye urugendo rwo gukorana n'imijyi itandukanye ikomeye mu rwego rwo gukomeza kuzamura imibereho y'umuturage wa Musanze, barimo gukorana n'abandi bafatanyabikorwa benshi mu kuzamura uwo mugi.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Iri huriro ryasojwe kuri uyu wa Gatanu, aho umuyobozi w'itorero Fatherhood Sanctuary yongeye kwibutsa ko rizongera kuba tariki ya 6 Ugushyingo 2023 mu mwaka utaha akaba yiteze ko rizitabirwa birushijeho kuri iyi nshuro.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Umuryango w'Abaramyi wungutse undi muhanzi mushya</title>
		<link>https://www.mamaurwagasabo.rw/Umuryango-w-Abaramyi-wungitse-undi-muhanzi</link>
		<guid isPermaLink="true">https://www.mamaurwagasabo.rw/Umuryango-w-Abaramyi-wungitse-undi-muhanzi</guid>
		<dc:date>2022-09-22T13:39:31Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		



		<description>
&lt;p&gt;Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia &lt;br class='autobr' /&gt;
Uwiduhaye Micheline wo mu Karere ka Rubavu usanzwe uzwi mu kwigisha gucuranga gitari, yatangiye urugendo rwo gukora umuziki nk'umuhanzi wigenga. &lt;br class='autobr' /&gt;
Uwiduhaye Micheline ni umunyempano mushya, indirimbo ye ya mbere yasohoye yayise &#8220;Ngomorera.'' &lt;br class='autobr' /&gt;
Impano ya Uwiduhaye yatangiye kugaragara cyane ubwo yifataga amashusho asubiramo indirimbo z'abandi yifashishije gitari. &lt;br class='autobr' /&gt;
Nyuma yo kubona uko acuranga neza akanabyigisha abandi, Uwiduhaye avuga ko yahise agira (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="https://www.mamaurwagasabo.rw/IYOBOKAMANA" rel="directory"&gt;IYOBOKAMANA&lt;/a&gt;


		</description>


 <content:encoded>&lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L150xH150/uwiduhaye-dfc8f.jpg?1775005664' class='spip_logo spip_logo_right' width='150' height='150' alt=&#034;&#034; /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Uwiduhaye Micheline wo mu Karere ka Rubavu usanzwe uzwi mu kwigisha gucuranga gitari, yatangiye urugendo rwo gukora umuziki nk'umuhanzi wigenga.&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Uwiduhaye Micheline ni umunyempano mushya, indirimbo ye ya mbere yasohoye yayise &#8220;Ngomorera.''&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Impano ya Uwiduhaye yatangiye kugaragara cyane ubwo yifataga amashusho asubiramo indirimbo z'abandi yifashishije gitari.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Nyuma yo kubona uko acuranga neza akanabyigisha abandi, Uwiduhaye avuga ko yahise agira igitekerezo cyo kwandika no gutangira gukora indirimbo ze.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Micheline yabwiye UMUSEKE ko muri gahunda afite ari ugushyira itafari rye ku iterambere rya muzika yo guhimbaza Imana.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Yagize ati: &#8220;Abahari ni abahanga, ariko nanone nanjye nje gufata itafari ngatereka ku iterambere ry'umuziki wo guhimbaza Imana. Nizeye ko ubutumwa bwanjye hari abo buzafasha kandi ni nayo ntego ya mbere mfite.&#8221;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Uyu mukobwa avuga ko indirimbo yamwinjije mu ruhando rwa muzika yayikoze nyuma yo kumva ko hari abantu batajya banezezwa no gufasha abandi, bakumva ko bakwigwizaho ubutunzi kandi hari abantu babayeho nabi.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Ati &#8220;Nasabye Imana kumpa umugisha kugira ngo nanjye abanyegereye bawungirireho.&#8221;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Indirimbo ya mbere Uwiduhaye Micheline yashyize hanze ikozwe mu buryo bw'amajwi mu gihe amashusho yayo yitegura kuyashyira hanze mu minsi mike iri imbere.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Uyu muhanzikazi uririmba akanacuranga gitari, akaba n'umwanditsi w'indirimbo, asanzwe ari umufasha w'umunyamakuru witwa Kwizera Jean de Dieu ukorera INYARWANDA.COM mu Burengerazuba bw'u Rwanda.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Cameroon : Hatwitswe Kiliziya hashimutwa abagera ku 8</title>
		<link>https://www.mamaurwagasabo.rw/Cameroon-Hatwitswe-Kiliziya-hashimutwa-abagera-ku-8</link>
		<guid isPermaLink="true">https://www.mamaurwagasabo.rw/Cameroon-Hatwitswe-Kiliziya-hashimutwa-abagera-ku-8</guid>
		<dc:date>2022-09-21T14:25:02Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		



		<description>
&lt;p&gt;Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia &lt;br class='autobr' /&gt;
Abantu bitwaje intwaro batwitse Kiliziya yitiriwe Bikiramaliya wa Nchang muri Cameroun banashimuta abagera ku munani, barimo abapadiri 5, umubikira 1 n'abakirirsitu 2. &lt;br class='autobr' /&gt;
Gusa kugeza magingo ntawe urigamba ubu bugizi bwa nabi bwabereye hariya. &lt;br class='autobr' /&gt;
Iki gikorwa cy'ubugizi bwa nabi cyabaye kuri uyu wa 18 Nzeri, nyuma yuko abandi bagizi ba nabi baje bagatwika kiliziya. &lt;br class='autobr' /&gt;
Iyi kiliziya yatwitswe ku wa 16 Nzeri, nabwo bigakorwa n'abantu batigeze bamenyekana. &lt;br class='autobr' /&gt;
Icyakora, (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="https://www.mamaurwagasabo.rw/IYOBOKAMANA" rel="directory"&gt;IYOBOKAMANA&lt;/a&gt;


		</description>


 <content:encoded>&lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L150xH75/cameroon_kiliziya_yatwitswe-cdad8.jpg?1775005721' class='spip_logo spip_logo_right' width='150' height='75' alt=&#034;&#034; /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Abantu bitwaje intwaro batwitse Kiliziya yitiriwe Bikiramaliya wa Nchang muri Cameroun banashimuta abagera ku munani, barimo abapadiri 5, umubikira 1 n'abakirirsitu 2.&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Gusa kugeza magingo ntawe urigamba ubu bugizi bwa nabi bwabereye hariya.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Iki gikorwa cy'ubugizi bwa nabi cyabaye kuri uyu wa 18 Nzeri, nyuma yuko abandi bagizi ba nabi baje bagatwika kiliziya.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Iyi kiliziya yatwitswe ku wa 16 Nzeri, nabwo bigakorwa n'abantu batigeze bamenyekana.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Icyakora, nkuko bitangazwa n'ibitangazamakuru bitandukanye byo muri kariya gace, ngo birakekwa ko ari intagondwa z'abavuga ururimi rw'icyongereza bamaze igihe bahanganye na Leta.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Ku cyumweru, abapadiri Gatolika batanu, umubikira n'abarayiki babiri bashimuswe n'abantu batamenyekanye batwitse kiliziya ku wa gatanu mu burengerazuba bwa Cameroun, mu ntambara y'amaraso hagati y'abantu batandukanye bavuga ururimi rw'icyongereza n'ingabo z'igihugu, nk'uko byatangajwe ku cyumweru na Kiliziya Gatolika yo muri aka gace.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Muri aka karere ubwicanyi no gusahura bifatanije no gushimuta bikunze kwigaragaza, kuko imitwe itandukanye yitwaje intwaro ikunze kugaba ibitero ku bigo by'amashuri, amavuriro ndetse by'umwihariko ibigo by'abihayimana, baba aba kiliziya Gatolika cyangwa se Abaporotestanti.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryasohowe n'inama y'Abepisikopi Gatolika bo muntara ya Bamenda, bagize bati: &#8220;Birababaje rwose, twabuze Abantu umunani bose, turacyategereje ngo turebe ko baboneka.&#8221;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Mu rindi itangazo ryashyizwe ahagaragara n'abanyamakuru ku cyumweru, Inama y'Abepiskopi yo mu Ntara ya Bamenda, yavuze ko muri aka gace hari umutekano muke, kuko bahora bashimutirwa abantu, nyamara ibi ntibirangira.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Bikunze kugaragaza ko iyi mitwe ishimuta Abantu, bikarangira basabye ingwate cyangwa se hakabaho indi mishyikirano.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Haracibwa amarenga ko Papa Fransis ashobora kwegura</title>
		<link>https://www.mamaurwagasabo.rw/Haracibwa-amarenga-ko-Papa-Fransis-ashobora-kwegura</link>
		<guid isPermaLink="true">https://www.mamaurwagasabo.rw/Haracibwa-amarenga-ko-Papa-Fransis-ashobora-kwegura</guid>
		<dc:date>2022-06-20T09:37:33Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		



		<description>
&lt;p&gt;Yanditswe NIMUGIRE Fidelia &lt;br class='autobr' /&gt;
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulia ku Isi, Papa Francis yateje igihuha nyuma yaho asubitse uruzinduko yari kugirira muri ku mugabane w'Afurika ndetse n'inama yari guhuriramo n'aba Karidinari iagsubikwa igitaraganya,gusa abahanga bavuze ko bica amarenga ko haba harimo gutegurwa iyegura ry'uyu mutegetsi. &lt;br class='autobr' /&gt;
Kubera uburibwe bwinshi afite mu ivi byatumye ategekwa agendera mu kagare k'abafite ubumuga guhera ibyumweru bishize. &lt;br class='autobr' /&gt;
Papa Francis w'imyaka 85 yasubitse (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="https://www.mamaurwagasabo.rw/IYOBOKAMANA" rel="directory"&gt;IYOBOKAMANA&lt;/a&gt;


		</description>


 <content:encoded>&lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L150xH101/world01pix-data-461ae.png?1775005664' class='spip_logo spip_logo_right' width='150' height='101' alt=&#034;&#034; /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Yanditswe NIMUGIRE Fidelia&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulia ku Isi, Papa Francis yateje igihuha nyuma yaho asubitse uruzinduko yari kugirira muri ku mugabane w'Afurika ndetse n'inama yari guhuriramo n'aba Karidinari iagsubikwa igitaraganya,gusa abahanga bavuze ko bica amarenga ko haba harimo gutegurwa iyegura ry'uyu mutegetsi.&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Kubera uburibwe bwinshi afite mu ivi byatumye ategekwa agendera mu kagare k'abafite ubumuga guhera ibyumweru bishize.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Papa Francis w'imyaka 85 yasubitse uruzinduko yari kugirira mu bihugu nka Repubulica iharanira Democracy ya Congo na Sudan y'Epfo mu cyumweru gishize.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Icyo cyemezo yafashe cyo gutegura akanama gashyiraho aba karidinali bashya bizakorwa mu kwezi kw'ikiruhuko kwa Kanama. Ibi byatumye hakekwa ko yaba afite gahunda yo kwegura ku mirimo ye.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Mu kanama gakomeye kayoboye kiriziya catholic haravugwa ko ntakidasanzwe&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Nkuko bivugwa n'umuhanga, Marco politi, i vatican mu Butariyani yatangarije ibiro ntaramakuru by'Abafaransa AFP ati, &#8221;Icyo gihuha kirimo gukwirakwizwa n'abatavuga rumwe na papa bifuza ko yegura mushingano ze&#8221;.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Muri 2014, umwaka umwe nyuma yaho atorewe gusimbura Papa Benedict, Papa Francis yabwiye itangazamakuru ko aho kurutisha inshingano ze ubuzima bwe, byaruta akegura.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Icyo gihe Papa Francis ati &#8220;Papa Benedict yafunguye umuryango ku iyegura ry'aba papa&#8221;.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Mu kwezi kwa gushize, papa Francis yavuze ku ivi rye atebya, ubwo yarari mu nama y'umwiherero na ba-Bishop; yavuze ko aho kubagwa byaruta akegura. Nkuko byatangajwe n'ibinyamakuru bitandukanye byo mu butariyani.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Icyakora, urugendo rwo muri Canada mu mpera za Nyakanga ruracyari kuri gahunda ya Papa, kandi akomeje guhabwa inshinge mu ivi no kuvurwa umubiri nk'uko Vatikani ibivuga.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Politi yavuze ko &#034;Bigoye kumva ko Papa Francis yakegura mu gihe akanama ka ba-Bishop gashinzwe kwiga no kugenzura imigendekere ya Kiriziya kakiri mu igenzura, rizarangira muri 2023&#034;, nk'uko tubikesha daily monitor.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Umukobwa wendaga kuba Umubikira yishyikirije RIB nyuma yo kwandika ibaruwa akaburirwa irengero</title>
		<link>https://www.mamaurwagasabo.rw/Umukobwa-wendaga-kuba-Umubikira-yishyikirije-RIB-nyuma-yo-kwandika-ibaruwa</link>
		<guid isPermaLink="true">https://www.mamaurwagasabo.rw/Umukobwa-wendaga-kuba-Umubikira-yishyikirije-RIB-nyuma-yo-kwandika-ibaruwa</guid>
		<dc:date>2022-05-13T05:08:56Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		



		<description>
&lt;p&gt;Umukobwa Furaha Florence, ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wendaga guhabwa Ububikira mu kigo cyabo cyo mu Karere ka Ngoma wari uherutse kwandika ibaruwa iteye urujiji yarangiza akaburirwa irengero yishyikirije RIB ya Kigali. &lt;br class='autobr' /&gt;
Inkuru y'ibura ryo uyu mukobwa Furaha yabonetse tariki 11 Gicurasi 2022, aho inzego z'ibanze zavugaga ko uyu mubikira yabuze tariki 08 Gicurasi. &lt;br class='autobr' /&gt;
Umuvugizi w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry yatangaje ko uyu (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="https://www.mamaurwagasabo.rw/IYOBOKAMANA" rel="directory"&gt;IYOBOKAMANA&lt;/a&gt;


		</description>


 <content:encoded>&lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L150xH89/whatsapp-image-2022-05-11-at-11.57.48-am-1-960x570-eb818.jpg?1775005721' class='spip_logo spip_logo_right' width='150' height='89' alt=&#034;&#034; /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Umukobwa Furaha Florence, ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wendaga guhabwa Ububikira mu kigo cyabo cyo mu Karere ka Ngoma wari uherutse kwandika ibaruwa iteye urujiji yarangiza akaburirwa irengero yishyikirije RIB ya Kigali.&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Inkuru y'ibura ryo uyu mukobwa Furaha yabonetse tariki 11 Gicurasi 2022, aho inzego z'ibanze zavugaga ko uyu mubikira yabuze tariki 08 Gicurasi.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Umuvugizi w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry yatangaje ko uyu mukobwa yamaze kuboneka nyuma yo kwishyikiriza uru rwego mu Mujyi wa Kigali.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Yagize ati &#8220;Arahari nta kibazo. Yishyikirije RIB ya Kigali ni ho ari, turi kubikurikirana.&#8221;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Mushimiyimana Beatha, Umuyobozi w'ikigo cy'i Ngoma cy'ababikira cyabagamo uyu mukobwa, yavuze ko aya makuru yo kuboneka k'uriya mukobwa, bayamenye ariko ko bataramenya ibigomba gukurikira.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Uyu muyobozi utifuje kuvuga byinshi, yatangaje ko bamaranye iminsi impungenge yo kubura uyu mukobwa wendaga guhabwa ububikira.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Muri iyo baruwa yandikishije intoki ariko idasinye, Furaha yatangiye ashimira umuryango w'aba babikira witwa Religieuses de l'Instruction Chretienne, uburyo yabanye na bagenzi be muri iki kigo.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Furaha Florence Drava yiseguye kuri bagenzi ko atabashije gukomezanya na bo urugendo rwo kwiha Imana akaba ahisemo kubatoroka ku bushake bwe.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Mushimiyimana Beatha uyobora uyu muryango w'Ababikira, wari yitabaje Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha Station ya Zaza, yari yavuze ko bafite impungenge kuko uyu mukobwa bari bamuhawe n'ababyeyi be kandi akaba adafite telefone.&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_5138 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;a href='https://www.mamaurwagasabo.rw/IMG/jpg/whatsapp-image-2022-05-11-at-11.59.52-am-768x1024.jpg' class=&#034;spip_doc_lien mediabox&#034; type=&#034;image/jpeg&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH667/whatsapp-image-2022-05-11-at-11.59.52-am-768x1024-a824a.jpg?1775005721' width='500' height='667' alt='' /&gt;&lt;/a&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Pasitoro arimo kwishyuza abantu amadolari 700$ ngo abereke amarembo ajya mu Ijuru</title>
		<link>https://www.mamaurwagasabo.rw/Pasitoro-arimo-kwishyuza-abantu-amadolari-700-ngo-abereke-amarembo-ajya-mu</link>
		<guid isPermaLink="true">https://www.mamaurwagasabo.rw/Pasitoro-arimo-kwishyuza-abantu-amadolari-700-ngo-abereke-amarembo-ajya-mu</guid>
		<dc:date>2022-05-06T13:46:39Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		



		<description>
&lt;p&gt;Umuvugabutumwa muri Nigeria ari mu mazi abira nyuma yo kubwira abantu ko azi irembo ryabageza mu ijuru riri mu Majyepfo ashyira Iburengerazuba bw'icyo gihugu, ariko agashyiraho ko babanza gutanga amafaranga. &lt;br class='autobr' /&gt;
Pasitori Ade Abraham yarezwe muri polisi n'umwe mu nshuti ze za hafi, avuga ko uyo mu pasitoro yamuciye amafaranga 310.000 by'amanaira (amafaranga yo muri Nigeria), angana n'amadorari y'abanyamerika 750, kugira ngo bashobore kubona iryo rembo avuga ko riri mu mugi wa Araromi-Ugbeshi, (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="https://www.mamaurwagasabo.rw/IYOBOKAMANA" rel="directory"&gt;IYOBOKAMANA&lt;/a&gt;


		</description>


 <content:encoded>&lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L150xH85/pasitoro_nigeria-41dd6.jpg?1775005664' class='spip_logo spip_logo_right' width='150' height='85' alt=&#034;&#034; /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Umuvugabutumwa muri Nigeria ari mu mazi abira nyuma yo kubwira abantu ko azi irembo ryabageza mu ijuru riri mu Majyepfo ashyira Iburengerazuba bw'icyo gihugu, ariko agashyiraho ko babanza gutanga amafaranga.&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Pasitori Ade Abraham yarezwe muri polisi n'umwe mu nshuti ze za hafi, avuga ko uyo mu pasitoro yamuciye amafaranga 310.000 by'amanaira (amafaranga yo muri Nigeria), angana n'amadorari y'abanyamerika 750, kugira ngo bashobore kubona iryo rembo avuga ko riri mu mugi wa Araromi-Ugbeshi, mu ntara ya Ekiti.&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_5078 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH279/pasitoro-0817f.jpg?1775005664' width='500' height='279' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;
&lt;p&gt;Uyu muvugabutumwa yemereye BBC ko koko yabwiye abantu iby'iryo rembo, akavuga ko ari &#034;Imana akorera&#034; yarimweretse mu ntego yo kureba aho abanyetorero be bageze mu kwemera kwabo, ariko akavuga ko nta muntu n'umwe uramuha amafaranga.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Ishyirahamwe ry'Abakristu muri Nigeria ryasohoye itangazo ryikuraho uwo mupasitoro Ade Abraham, igipolisi cyo mu ntara ya Ekiti nacyo kikaba cyegeranyije inzandiko z'inshuti ze mu rusenegro rwe kikaba cyatanguye iperereza.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Urusengero rwa Pasitori Ade Abraham rwahoze rufite ikicaro mu ntara ya Kogi, nyuma ryimukira mu ntara ya Kaduna, mbere yuko ryimukira mu Majyepfo n'abayoboke barwo, mu nkambi yubatse mu ntara ya Ekiti.&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>[AMAFOTO] Igishushanyombonera cy'Ingoro yo &#034;Kwa Yezu Nyirimpuhwe&#034; Ruhango cyashyizwe ahagaragara</title>
		<link>https://www.mamaurwagasabo.rw/AMAFOTO-Igishushanyombonera-cy-Ingoro-yo-Kwa-Yezu-Nyirimpuhwe-Ruhango</link>
		<guid isPermaLink="true">https://www.mamaurwagasabo.rw/AMAFOTO-Igishushanyombonera-cy-Ingoro-yo-Kwa-Yezu-Nyirimpuhwe-Ruhango</guid>
		<dc:date>2022-01-30T18:53:32Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		



		<description>
&lt;p&gt;Ku mbuga ngari y'Ikibaya cy'Amahoro hazwi nko &#034;Kwa Yezu Nyirimpuhwe&#034; mu Karere ka Ruhango hagiye kubakwa Ingoro y'Amahoro nini izuzura itwaye akayabo ka Miliyari 2 z'amafaranga y'u Rwanda. &lt;br class='autobr' /&gt;
Ubusanzwe Kwa Yezu Nyirimpuhwe hamenyekanye cyane kubera abahasengera bavuga ko bahakiriye indwara zitandukanye, habera amateraniro manini buri cyumweru cya mbere cy'ukwezi, hagahurira Abanyarwanda baturutse hirya no hino mu gihugu ndetse n'abanyamahanga bavuye impande zose z'Isi. &lt;br class='autobr' /&gt;
Ubwo Minisitiri (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="https://www.mamaurwagasabo.rw/IYOBOKAMANA" rel="directory"&gt;IYOBOKAMANA&lt;/a&gt;


		</description>


 <content:encoded>&lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L149xH150/kwa_yezu_nyirimpuhwe_hagiye_kubakwa_ingoro_y_amahoro_ya_miliyari_2_frw-e8b51-57041.jpg?1775005664' class='spip_logo spip_logo_right' width='149' height='150' alt=&#034;&#034; /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Ku mbuga ngari y'Ikibaya cy'Amahoro hazwi nko &#034;Kwa Yezu Nyirimpuhwe&#034; mu Karere ka Ruhango hagiye kubakwa Ingoro y'Amahoro nini izuzura itwaye akayabo ka Miliyari 2 z'amafaranga y'u Rwanda.&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_4256 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;a href='https://www.mamaurwagasabo.rw/IMG/jpg/ubusanzwe_abajya_kuhasengera_bateranira_mu_kibaya_gihari_ari_benshi_hakaba_ubwo_barenga_ibihumbi_80-2d21c.jpg' class=&#034;spip_doc_lien mediabox&#034; type=&#034;image/jpeg&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH334/ubusanzwe_abajya_kuhasengera_bateranira_mu_kibaya_gihari_ari_benshi_hakaba_ubwo_barenga_ibihumbi_80-2d21c-2fe67.jpg?1775005664' width='500' height='334' alt='' /&gt;&lt;/a&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;
&lt;p&gt;Ubusanzwe Kwa Yezu Nyirimpuhwe hamenyekanye cyane kubera abahasengera bavuga ko bahakiriye indwara zitandukanye, habera amateraniro manini buri cyumweru cya mbere cy'ukwezi, hagahurira Abanyarwanda baturutse hirya no hino mu gihugu ndetse n'abanyamahanga bavuye impande zose z'Isi.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Ubwo Minisitiri w'Ubutegetsi bw'igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney yasuraga akarere ka Ruhango mu kureba ibigize iterambere ry'ako mu gice cy'umujyi, ku ruhande rwa Kiliziya Gatulika baboneyeho umwanya wo kumumurikira umushinga ukomeye wo kubaka Ikibaya cy'Amahoro cyo Kwa Yezu Nyirimpuhwe.&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_4257 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;a href='https://www.mamaurwagasabo.rw/IMG/jpg/minisitiri_gatabazi_yavuze_ko_ari_umushinga_mwiza_kuko_uzateza_imbere_igihugu_kandi_urubyiruko_ruzahabonera_akazi-c68ed.jpg' class=&#034;spip_doc_lien mediabox&#034; type=&#034;image/jpeg&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH375/minisitiri_gatabazi_yavuze_ko_ari_umushinga_mwiza_kuko_uzateza_imbere_igihugu_kandi_urubyiruko_ruzahabonera_akazi-c68ed-6e8fa.jpg?1775005664' width='500' height='375' alt='' /&gt;&lt;/a&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;
&lt;p&gt;Padiri Jean Pierre Nsabimana Mihigo ukuriye Ingoro yo kwa Yezu Nyirimpuhwe, yavuze ko izubakwa mu byiciro bigera kuri bitanu.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Yagize ati &#8220;Umushinga wose uko uteganyijwe mu kubaka iyo ngoro uzatwara amafaranga y'u Rwanda arenga miliyari ebyiri. Ubu twari tugize hafi miliyoni 60 abakirisitu bitangiye, natwe rero tugiye gukusanya turebe n'uko twiyambaza n'amabanki.&#8221;&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_4258 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;a href='https://www.mamaurwagasabo.rw/IMG/jpg/padiri_jean_pierre_nsabimana_mihigo_ukuriye_ingoro_yo_kwa_yezu_nyirimpuhwe_avuga_ko_izubakwa_mu_byiciro_bigera_kuri_bitanu-b3162.jpg' class=&#034;spip_doc_lien mediabox&#034; type=&#034;image/jpeg&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH375/padiri_jean_pierre_nsabimana_mihigo_ukuriye_ingoro_yo_kwa_yezu_nyirimpuhwe_avuga_ko_izubakwa_mu_byiciro_bigera_kuri_bitanu-b3162-2e756.jpg?1775005664' width='500' height='375' alt='' /&gt;&lt;/a&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;
&lt;p&gt;Yakomeje agira ati &#034;Twifashishije ubuyobozi bw'akarere n'ubwa RDB twabishyize mu byiciro bitanu, tuvuga ngo miliyari ebyiri kugira ngo tuzayabone bizadufata byibuze imyaka 10, ariko buri myaka ibiri tuzajya dushyiraho igikorwa.&#8221;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Ingoro y'Amahoro izubakwa kwa Yezu Nyirimpuhwe izajya yakira abantu bagera ku bihumbi 30 batekanye.&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_4259 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;a href='https://www.mamaurwagasabo.rw/IMG/jpg/minisitiri_w_ubutegetsi_bw_igihugu_gatabazi_jean_marie_vianney_yamurikirwe_umushinga_wo_kubaka_ingoro_y_amahoro_kwa_yezu_nyirimpuhwe-2b941.jpg' class=&#034;spip_doc_lien mediabox&#034; type=&#034;image/jpeg&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH375/minisitiri_w_ubutegetsi_bw_igihugu_gatabazi_jean_marie_vianney_yamurikirwe_umushinga_wo_kubaka_ingoro_y_amahoro_kwa_yezu_nyirimpuhwe-2b941-b0846.jpg?1775005664' width='500' height='375' alt='' /&gt;&lt;/a&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>
<item xml:lang="en">
		<title>Pasiteri yabiciye arabicikiriza ngo yabonye Malayika mu mashusho yafashwe na Camera [AMAFOTO]</title>
		<link>https://www.mamaurwagasabo.rw/Pasiteri-yabiciye-arabicikiriza-ngo-yabonye-Malayika-mu-mashusho-yafashwe-na</link>
		<guid isPermaLink="true">https://www.mamaurwagasabo.rw/Pasiteri-yabiciye-arabicikiriza-ngo-yabonye-Malayika-mu-mashusho-yafashwe-na</guid>
		<dc:date>2022-01-09T06:43:48Z</dc:date>
		<dc:format>text/html</dc:format>
		<dc:language>en</dc:language>
		



		<description>
&lt;p&gt;Yanditswe na Mutungirehe Samuel &lt;br class='autobr' /&gt;
Pasiteri Ekuma Uche Philips wo muri Benin yabiciye arabicikiriza ku mbuga nkoranyambuga, akwirakwiza amafoto yise aya Malayika, ko yafashwe na Camera zo mu rusengero mu kiswe Croisade muri icyo gihugu. &lt;br class='autobr' /&gt;
Ku rubuga rwa Facebook Dynastie Jonsa&#239;que, Pasiteri Ekuma yanditse avuga ko abonye ibitangaza inshuro ebyiri aho malayika yabasuye batabizi. &lt;br class='autobr' /&gt;
Yagize ati &#034;Mu by'ukuri ni igitangaza kikubye kabiri kuba Umumalayika yafashwe amafoto na za Camera mu gihe (&#8230;)&lt;/p&gt;


-
&lt;a href="https://www.mamaurwagasabo.rw/IYOBOKAMANA" rel="directory"&gt;IYOBOKAMANA&lt;/a&gt;


		</description>


 <content:encoded>&lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L149xH150/1641665404979-3c5a3.jpg?1775145323' class='spip_logo spip_logo_right' width='149' height='150' alt=&#034;&#034; /&gt;
		&lt;div class='rss_texte'&gt;&lt;p&gt;&lt;strong&gt;Yanditswe na Mutungirehe Samuel&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Pasiteri Ekuma Uche Philips wo muri Benin yabiciye arabicikiriza ku mbuga nkoranyambuga, akwirakwiza amafoto yise aya Malayika, ko yafashwe na Camera zo mu rusengero mu kiswe Croisade muri icyo gihugu.&lt;/strong&gt;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Ku rubuga rwa Facebook Dynastie Jonsa&#239;que, Pasiteri Ekuma yanditse avuga ko abonye ibitangaza inshuro ebyiri aho malayika yabasuye batabizi.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Yagize ati &#034;Mu by'ukuri ni igitangaza kikubye kabiri kuba Umumalayika yafashwe amafoto na za Camera mu gihe cy'intambara ntagatifu zacu (Croixade) zabaye tariki ya 31 Ukuboza (2021) saa sita zibura 13'.&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Nari ntarabona igitangaza kimeze gutya kuva navuka.&#034;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Yakomeje agira ati &#034;Ni Imana rwose, wakoze Yesu! &#034;&lt;/p&gt;
&lt;p&gt;Muri izo foto yakwirakwije ku rubuga rwa Facebook, zigaragara ari igihu cy'umweru kimeze nk'umuntu wafotowe ari ku muvuduko uhambaye ntubone isura ariko hasi ukabona ko yambaye inkweto nazo z'umweru.&lt;/p&gt;
&lt;div class='spip_document_4062 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH510/1641665414756-ca05a.jpg?1775145323' width='500' height='510' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;
&lt;div class='spip_document_4063 spip_document spip_documents spip_document_image spip_documents_center spip_document_center'&gt;
&lt;figure class=&#034;spip_doc_inner&#034;&gt; &lt;img src='https://www.mamaurwagasabo.rw/local/cache-vignettes/L500xH510/1641665409661-d2f5c.jpg?1775145323' width='500' height='510' alt='' /&gt;
&lt;/figure&gt;
&lt;/div&gt;
&lt;p&gt;Pasiteri yongeyeho ati &#034;Sinahwema gukomeza kureba inkweto zo mu ijuru zambawe na malayika.&#034;&lt;/p&gt;&lt;/div&gt;
		
		</content:encoded>


		

	</item>



</channel>

</rss>
