Friday . 26 April 2024

INKURU ZIGEZWEHO

Abandi banyamakuru bakomeye bagiye kurushinga

Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi uzwi mu gukora ibyegeranyo bicukumbye byigaruriye amatwi ya benshi mu Rwanda, agiye kurushinga na mugenzi we MAHORO Claudine wamenyekanye kuri TV10.
Bitangiye kumenyekana ko abahuje umwuga, cyane cyane mu itangazamakuru mu Rwanda ko bahitamo kubana nk’umugabo n’umugore.
Mu kiganiro kigufi Mwanafunzi yagiranye na PRIMO.RW yemeje amakuru y’ubukwe bwe na Mahoro Claudine, ashimangira ko bamaze igihe mu rukundo n’ubwo byari hagati yabo gusa n’izindi nshuti zabo (...)

Teta Sandra yagaruwe mu Rwanda nyuma yo gutotezwa n'umugabo we
Teta Sandra yagaruwe mu Rwanda nyuma yo gutotezwa n’umugabo we

Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter hacicikana amafoto y’Umunyarwandakazi Teta Sandra uzwi mu muziki nyarwanda, afite ibikomere mu maso n’ahandi ku mubiri bivugwa ko yabitewe n’umugabo we Weasel Manizo, umuririmbyi wo muri Uganda barushinganye.
Ni amafoto yateye benshi mu Banyarwanda umujinya uvanze n’agahinda k’umukobwa wabo uro gukorerwa ihohoterwa ririmo n’iyicarubozo, cyane ko byavugwaga ko atari ubwa mbere umugabo we amukubise ahubwo asa nuwabimenyereye.
Kuva ubwo benshi (...)

424 Shares 4 Comments
Isura ya Bob Marley yagarutse mu mwuzukuru we mu gitaramo i Birmingham
Isura ya Bob Marley yagarutse mu mwuzukuru we mu gitaramo i Birmingham

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abagize ibiserukuru bitatu by’umuryango wa Bob Marley baraza kuba bari mu gitaramo kuri uyu wa kabiri mu mujyi wa Birmingham mu Bwongereza, ni nyuma y’imyaka 50 ishize nyuma y’igitaramo cya mbere uyu muririmbyi yakoreye muri uyu mujyi ataratabaruka.
Umwuzukuru wa Bob Marley, Skip Marley araza kuririmba muri kino gitaramo kiza kuba gihagarariwe n’uwari umugore we Rita, akaba yaranafashaga kuririmba uyu wahoze ari umunyamuziki w’ikirangirire, hamwe n’umukobwa wiwe (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuhanzikazi Karasira akomeje kwibasirwa ku mbuga nkoranyambaga
Umuhanzikazi Karasira akomeje kwibasirwa ku mbuga nkoranyambaga

Nyuma y’aho aherutse kuvuga ko azabera umugisha igihugu cye cy’u Rwanda, Umunyarwandakazi Clarisse Karasira akomeje kwibasirwa bikomeye ku mbugankoranyambaga, benshi MU bamwanjamye baRAmubaza uburyo azabigenza kandi asa n’uwahunze igihugu cye.
Uyu muhanzikazi usigaye aba muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, amaze iminsi yibasiwe n’abantu ku rukuta rwe rwa Twitter, avuga ko kuba hari aho yageze uyu munsi akaba afite n’umuryango mwiza abikesha imyitwarire myiza yagize yo kwirinda kwirukira (...)

424 Shares 4 Comments
Jennifer Lopez na Ben Affleck bongeye gukora ubukwe nyuma y'imyaka 17 batandukanye
Jennifer Lopez na Ben Affleck bongeye gukora ubukwe nyuma y’imyaka 17 batandukanye

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia Umukinnyi wa mafilimi, Ben Affleck wamenyekanye mu mafilime yakunzwe cyane nk’iyo bita Batman n’izindi nka Deep water, yakoranye ubukwe n’umuhanzikazi Jennifer Lopez muri Las Vegas nk’uko Lopez yabyemeje.
Uyu mugore w’imyaka 52 yanditse ku rubuga rwe ati: "Twabikoze. Urukundo ni rwiza. Urukundo ni rwiza kandi biragaragara ko urukundo rwihangana. Rwarihanganye mu myaka 20.”
Aba ngo basubukuye ubukwe bwabo nyuma y’imyaka 17 bari barahagaritse gusezerana kwabo. (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyuma y'amezi ya modoka ya Miss Muheto Divine yamugezeho
Nyuma y’amezi ya modoka ya Miss Muheto Divine yamugezeho

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Nyuma y’amezi ane arengaho iminsi, Nyampinga w’u Rwanda 2022, Nshuti Muheto Divine yashyikirijwe imodoka yari yaremerewe nk’igihembo gikuru ku wegukanye iri kamba ry’ubwiza.
Nubwo yategereje iyi modoka igihe kitari gito kuko hashize amezi atari make yegukanye iri kamba rya Nyampinga w’u Rwanda. Gusa ngo nubwo imodoka yatanzwe ibindi bihembo byo ntibiratangwa ngo baracyarimo gukemura ibibazo byabaye muri irir rushanwa uyu mwaka.
Iyi modoka yo mu bwoko bwa Hyundai (...)

424 Shares 4 Comments
Umuhanzikazi Kararisa yibarutse Imfura ye n'Umudiyasipora
Umuhanzikazi Kararisa yibarutse Imfura ye n’Umudiyasipora

Umuhanzikanzi w’Umunyarwanda Clarisse Karasira, yashyiize hanze ifoto yuko yibarutse imfura ye, mu ifoto y’ikiganza cy’abantu batatu, umugabo, umugore n’uruhinja ayiherekeza amagambo agaragaza ko yaruhutse.
Clarisse Karasira yashakanye n’Umunyarwanda uba hanze y’igihugu,(Umudiyasipora) muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Ifashabayo Sylivain [Dejoie], ubu bakaba bishimiye kuba ababyeyi.
Mu butumwa batambukije ku mbuga nkoranyambaga zabo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 14 Kamena 2022, (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imodoka igenewe Miss Muheto yageze mu Rwanda
Imodoka igenewe Miss Muheto yageze mu Rwanda

Imodoka Miss Nshuti Muheto Divine wegukanye ikamba rya Miss Rwanda 2022 yamaze kugera mu Rwanda, bikavugwa ko hasigaye ibiganiro hagati y’Inteko y’Umuco yeguriwe iri rushanwa n’ikigo cya Hyundai cyayitanze nk’igihembo kugira ngo ishyikirizwe uyu mukobwa.
Kuva Nyampinga w’u Rwanda 2022 yatorwa ntahabwe imodoka ku munsi w’ibirori nk’uko byari bisanzwe bigenda, buri wese yibazaga icyatumye adahita ayihabwa ndetse hari n’abajyaga kure bagatangira gutekereza ko atakiyihawe.
Nyuma y’uko irushanwa rya (...)

424 Shares 4 Comments
Nyuma y'amezi 8 ari mu gihome umunyamakuru Jado castar yafunguwe
Nyuma y’amezi 8 ari mu gihome umunyamakuru Jado castar yafunguwe

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Gicurasi 2022, hacicikanye inkuru ivuga ko Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar yafunguwe Nyuma y’amezi 8 afunzwe.
Bamwe mu banyamakuru barimo Imfurayacu Jean Luc, Sam Karenzi, David Bayingana n’abandi bahaye Ikaze Jado Castar wari umaze amezi 8 afunze azira icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano zatumye u Rwanda rusezererwa mu irushanwa ry’igikombe cya Afurika muri (Volleyball) mu bagore cyabereye mu Rwanda umwaka ushyize.
Bagirishya AKA Jado (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ishimwe Diedonne yagejejwe mu rukiko rw'Ibanze rwa Kicukiro
Ishimwe Diedonne yagejejwe mu rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro

Umuyobozi w’Ikigo Rwanda Inspiration Back Up gitwgura amarushanwa y’ubwiza ku Banyarwandakazi, Ishimwe Dieudonné wamamaye ku izina rya Prince Kid yitabye Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kugira ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ry’iminsi 30 mu gihe ubushinjacyaha burimo gukusanya ibimenyetso ku byaha akurikiranyweho.
Ari gukurikiranwaho ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina bivugwa ko yakoreye bamwe mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu bihe bitandukanye.
Yageze mu (...)

424 Shares 4 Comments
Prince Kid utegura Miss Rwanda yatawe muri yombi
Prince Kid utegura Miss Rwanda yatawe muri yombi

Ishimwe uzwi nka Prince Kid, akaba umuyobozi w’Ikigo Inspiration Back Up, itegura Irushanwa rya Miss Rwanda, yatawe muri yombi akekwaho ibyaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakoreye bamwe mu bakobwa bitabiriye iri rushanwa mu bihe bitandukanye.
Uyu musore usanzwe ari n’umuhanzi, afungiye kuri Station ya Remera mu gihe iperereza ku byaha akekwaho rikomeje kugira ngo dosiye y’ibyo ashinjwa ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Yafashwe ku wa Mbere tariki 25 Mata 2022.
Umuvugizi (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru