Ababyeyi bo mu mirenge ya Jenda na Kabatwa mu karere ka Nyabihu baratabariza abana babo barembejwe n’inzoka zo mu nda zituruka ku kunywa amazi yo mu bigega y’umureko w’ishuri akiremamo iminyorogoto n’inzoka.
Aba babyeyi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iki kigo, giherereye mu murenge wa mu karere ka Nyabihu.
Bavuga ko ari ikibazo bamaranye imyaka myinshi ndetse gikomeje kugwira ku bana muri aka karere ahanini biterwa n’ayo mazi yanduye banywa buri munsi.
Bamwe (...)
By Imfurayabo Pierre
Intagondwa zo mu mutwe ugendera ku mahame akaze y’idini ya kisilamu wa al-Shabab zisubiyeho ku byo zari zatangaje mbere zihinyura icyorezo cya coronavirus ko kitabaho, ubu noneho zatangaje ko zafunguye "ikigo cyo kuvura" abarwaye Covid-19.
Al-Shabab ivuga ko yafunguye icyo kigo mu mujyi wa Jilib mu majyepfo ya Somalia, umujyi uri mu gace uwo mutwe ugenzura.
Radio Andalus y’uyu mutwe yatangaje ko washyizeho umurongo wa telefone utishyurwa ukora amasaha 24 buri munsi (...)
By Imfurayabo Pierre
George Floyd wishwe n’umupolisi amushinze ivi ku ijosi, agiye gushyingurwa. Ni umuhango witabiriwe n’abantu benshi mu mujyi wa Houston.
Uyu munsi biteganyijwe ko aza gushyingurwa n’abagize umuryango we aho muri Houston. Imihango yo kumusezeraho yabaye kandi muri Minneapolisi na North Carolina aho yavukiye.
Joe Biden, umukandida w’ishyaka ry’abademokarate ku mwanya wa perezida, ejo yagiye guhura n’abo mu muryango wa Floyd i Houston ngo abihanganishe.
Hagati aho i Houston (...)
By Imfurayabo Pierre
Igifenesi ni urubuto rukundwa n’abantu batari bake, kandi bakarurya mu buryo butandukanye, kuko rugira ibyiza bitandukanye ruzana mu buzima bw’abarurya.
Ku rubuga rwa Internet https://www.femininbio.com bavuga ko hari abantu batarya inyama bakoresha igifenesi nk’igisimbura inyama.
Kuri urwo rubuga bavuga ko igifenesi ari urubuto rutazwi cyane ari ku baruzi ni urubuto rukundwa cyane kubera impumuro yarwo nziza, ndetse n’uburyohe butangaje, rukaba runongera imbaraga. (...)
By Imfurayabo Pierre
Kuri iyi isi burya igice kinini cy’abantu gikunda gutembera, icyakora hari n’abandi batabikunda ariko nibo bacye ugereranyije n’abavuga yego ku bijyanye no gutembera.
Muri rusange burya ubutembere cyangwa ibyo benshi bita gusohoka ntibivuze gufata akaruhuko, gucika akazi, gufata amafoto meza, cyangwa guhura n’abantu tutari tuziranye gusa, oya. Gutembera ni kimwe mu byatuma tugumana umubiri mwiza kandi uteye neza. Soma neza izi ngingo zikurikira ndabizi ziraza gufasha (...)
By Imfurayabo Pierre
Uyu munsi Abanyatanzania batangiye igihe cy’iminsi itatu yo gushimira Imana nyuma yaho Perezida John Magufuli atangarije ko ubwandu bwa Covid-19 bwagabanutse mu gihugu.
Perezida Magufuli yashishikarije abaturage gukoresha iki gihe bagashimira Imana kubera ukuntu yarwanyije iki cyorezo, avuga ko ibi ari ingenzi mu gufasha Tanzania kwirinda coronavirus.
Hashize hafi ibyumweru bitatu iki gihugu gihagaritse gutangaza amakuru mashya ya buri munsi ajyanye n’umubare (...)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Abantu 82 bahishwe n’umwuzure warengeye amazu mu bice bimwe na bimwe by’uburasirazubu bw’igihugu cy’ubuhinde na Bangladesh bitewe n’umuhngeri munini uturuka mu Nyanja ubusanzwe ibi bihuga binibasiwe cyane n’icyorezo cya koronavirusi.
Inkuru yanditswe mu kinyamakuru FRANCE24 ivuga imfu zikomeje kwiyongera mu gihugu cy’ubuhinde na Bangladesh nyuma yo kurigita kubutaka byateye kurengerwa n’amazi yazanywe n’umuhengeri byateje kurengerwa kw’imiryango imwe n’imwe (...)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bwatangaje ko bwahagaritse ku mirimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Cyuve, gitifu w’akagari ka Kabeza n’aba DASSO babiri bagaragaye mu mashusho bari gukubita abaturage babaziza kutambara agapfukamunwa.
Ku munsi w’ejo ku gicamunsi, nibwo umuyobozi w’umurenge wa Cyuve, Sebashotsi Gasasira Jean Paul; Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kabeza Tuyisabimana Jean Leonidas, ba DASSO Nsabimana Anaclet na Abiyingoma Sylvain (...)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Hakozwe ‘Drone’ izajya ivana imiti ya Covid-19 muri Ghana ikayigeza mu Rwanda mu minota 15 gusa.
Kompanyi y’ikoranabuhanga yo muri Amerika ya Zipline isanzwe ikora indege zitagira abapilote zizwi nka ‘Drones’ yashyize hanze indege ifite ubushobozi bwo kuva mu Rwanda ikajyana imiti yo kwita ku barwayi ba Covid-19 muri Ghana mu gihe cy’iminota 15 yonyine, ikaba ije kunganira uburyo busanzwe bwo gutwara imiti hagati y’ibi bihugu byombi.
Iki kigo gisanzwe (...)
Umwana w’umukobwa ukivuka birakekwa ko yahambwe ari muzima muri leta ya Uttar Pradesh mu majyaruguru y’Ubuhinde, yavanywe mu mva n’umuntu wari uje nawe gushyingura umwana.
Umugabo yageze kuri uru ruhinja ubwo yariho acukura ngo ashyingure umwana we w’umukobwa wari umaze gupfa amaze iminota micye avutse.
Uyu mugabo yahise atabaza polisi, uyu mwana basanze mu mva ajyanwa kwa muganga ndetse ngo ari koroherwa.
Polisi ivuga ko iri gushakisha ababyeyi b’aka gakobwa no kumenya umuntu wagashyinguye. (...)
Kubyibuha bikabije sibyo umuntu ahitamwo kandi gucunaguza umuntu kubera ko abyibushye bituma arushaho kwiyumva nabi nkuko icyegeranyo cyakozwe n’abahanga mu by’imyitwarire babitangaza.
Iki cyegeranyo gihamagarira abantu guhindura imvugo wenda bakavuga ko umuntu abyibushye aho kumwita nyamunini bakaba bakomeza bavuga ko abahanga mu by’ubuzima bwa muntu bakwiye guhabwa amasomo ahagije yo gufasha abashaka kugabanya ibiro.
Urugero rw’umubyibuho ukabije rwageze kuri 18% hagati ya 2005 na 2017 mu (...)
Uburwayi bw’amaso yandura bugeze muri Uganda
14 March 2024Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.