Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Ibitaro bya Gatonde birava kugeza ku bitanda by'abarwayi
Ibitaro bya Gatonde birava kugeza ku bitanda by’abarwayi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bivuriza ku bitaro bya Gatonde mu karere ka Gakenke baravuga ko babangamiwe no kunyagirirwa ku bitaro baje kwivuza, abarwaza bo bakavuga ko n’ibitanda by’abarwayi bivirwa.
Bavuga ko ibisenge bya zimwe mu nyubako z’ibi bitaro biva bigatuma banyagirwa kandi baje kwivuza, ni mu gihe ibi bitaro bitaramara imyaka 10 byubatswe.
Ni ibitaro byuzuye mu mwaka wa 2020, bitangira gutanga serivisi kuva mu mwaka wa 2021, bivuze ko biri kumara imyaka (…)

424 Shares 4 Comments
Ngoma: Hari abihaye umugambi mubisha wo kwanduza abandi Virusi itera Sida
Ngoma: Hari abihaye umugambi mubisha wo kwanduza abandi Virusi itera Sida

Yanditswe na Habimana Chadadi
Abaturage bo mu murenge wa Sake mu karere ka Ngoma batangaje ko muri uwo murenge hari umuco utari mwiza; aho usanga umenye ko yagize ibyago akandura agakoko gatera Sida ahita afata umwanzuro wo kwanduza abandi.
Ibi ngo abikora kugira ngo atazapfa wenyine nyuma yo gutangira kwiheba.
Karambizi Jean Baptiste atuye muri Sake, yabwiye umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ko ibi byo kwanduzanya bikorwa akenshi n’abasanzwe bakora uburaya baba baranze no gufata imiti (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rusizi: Bamaze imyaka 10 bizigama, bacyuye ibihumbi 5 frw
Rusizi: Bamaze imyaka 10 bizigama, bacyuye ibihumbi 5 frw

Yanditswe na Ntakirutimana Alfred
Abamotari bahoze bibumbiye muri Koperative yo mu karere ka Rusizi (COOTEMORU) bagabanye imitungo yabo, bamwe bahabwa ibuhumbi 5 mu gihe bamaze imyaka 10 bizigama.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 2 Gicurasi 2023, nyuma yuko habaye gusesa amakoperagive y’abamotari hagategekwa ko bazagabana imitungo bari bafite.
Ubwo bagabanaga amafaranga yabo batunguwe nuko hari ikiciro cyagiye gihabwa ibihumbi 5 mu gihe abandi bahawe 11.500 kandi (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Kugira ubumenyi buke mu gutegura indyo yuzuye bituma abana bakomeza kugwingira
Rutsiro: Kugira ubumenyi buke mu gutegura indyo yuzuye bituma abana bakomeza kugwingira

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rutsiro baravuga ko kubera ubumenyi buke mu gutegura indyo yuzuye bituma abana babo bakomeza kugwingira.
Kuri ubu aka karere kageze kuri 44.4 % by’abana bagwingiye.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka karere ka Rutsiro gafite ibiribwa byose bikungagaye ku ntungamubiri birimo nk’isambaza, imbogo, ibijumba, amagi n’inyama, bagasaba ko ubukangurambaga bwakongerwa. Kurwanya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyabihu: Meya Mukandayisenga agiye kwikurikiranira ikibazo cy'umuturage wasizwe muri 'Nyakatsi'
Nyabihu: Meya Mukandayisenga agiye kwikurikiranira ikibazo cy’umuturage wasizwe muri ’Nyakatsi’

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Nyuma yo kugaragaza ko umuyobozi w’akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe imibereho myiza yijeje umuturage kumufasha kuva mu nzu ikozwe mu byatsi ntamufashe, umuyobozi w’aka karere yiyemeje kwikurikiranira icyo kibazo.
Mu nkuru iheruka twabagejejeho ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu mudugudu wa Vuga uyu muturage acumbitsemo yasanze ubwiherero uyu mubyeyi yubakiwe bwubakishijwe amatafari ahiye mu gihe we arara mu nzu y’ibyatsi.
Kugeza (…)

424 Shares 4 Comments
Gicumbi: Abaturage bahize guca malariya burundu
Gicumbi: Abaturage bahize guca malariya burundu

Yanditswe na Habimana Chadadi
ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC kivuga ko ko guhera mu mwaka wa 2016 kugeza mu 2022 abarwara malaria mu Rwanda bagabanutse bajya munsi ya miliyoni imwe mu gihe abicwa nayo bavuye kuri 663 bakagera kuri 71 umwaka ushize.
Ni mu gihe Leta y’u Rwanda yihaye intego yo kurandura malaria burundu mu gihugu mu mwaka wa 2030.
RBC ivuga ko ko nubwo hari intambwe iri guterwa mu guhangana na malariya ariko hakiri byinshi byo kongeramo imbaraga kugira ngo iyi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze-Gashaki: Imiryango 85 yahawe inkoko zizabafasha guhangana n'ikibazo cy'igwingira mu bana
Musanze-Gashaki: Imiryango 85 yahawe inkoko zizabafasha guhangana n’ikibazo cy’igwingira mu bana

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Gashaki baravuga ko bagiye guhangana n’ikibazo cy’igwingira mu bana cyakomeje kuvugwa muri aka karere.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Mata 2023 ubwo bahabwaga inkoko zitera amagi, bazorojwe na bagenzi babo mu rwego rwo kwitura umushinga Prism wazibagabiye mu gihe gishize.
Abituwe babarizwaga mu cyiciro cya mbere n’icyakabiri cy’ubudehe, (nubwo (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Urubyiruko rweretswe uko rwagira uruhare mu iterambere ry'igihugu
Musanze: Urubyiruko rweretswe uko rwagira uruhare mu iterambere ry’igihugu

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Urubyiruko rwo mu karere ka Musanze rurasabwa kugira uruhare mu iterambere ry’Igihugu ndetse bakirinda icyari cyo cyose cyabashora mu ngeso mbi zirimo n’ubujura.
Ibi babisabwe ubwo bari mu nama yari igamije gushishikariza Urubyiruko kwitabira ibikorwa by’ubukorerabushake no kugira uruhare mu iterambere ry’Igihugu yateguwe n’akarere ka Musanze ku bufatanye na Minisiteri y’ubutegetsi bw’Igihugu ndetse n’iy’urubyiruko.
Mu kiganiro umuvugizi wa Polisi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ruhango: Imiti yica imibu yagabanyije Malaria
Ruhango: Imiti yica imibu yagabanyije Malaria

Yanditswe na Habimana Chadadi
Abaturage bo mu karere ka Ruhango batangaza ko igikorwa cyo gutera imiti mu nzu zabo cyagize uruhare rukomeye mu guhashya malaria yakundaga kubibasira mu myaka yashize.
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC ku bufatanye n’urugaga rw’amadini n’amatoreromu kubungabunga ubuzima (RICH), bakoze ubukangurambaga mu kurwanya malaria binyuze mu gutera imiti yica imibu mu nzu z’abaturage bose mu karere ka Ruhango ndetse no gukora ubushakashatsi ku mibu kugira ngo (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Bahangayikishijwe n'ikimoteri abana birirwa batoraguramo ibyo kurya
Nyabihu: Bahangayikishijwe n’ikimoteri abana birirwa batoraguramo ibyo kurya

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hari ababyeyi bo mu murenge wa Bigogwe, mu karere Nyabihu bahangayikishijwe n’abana birirwa batoraguza ibyo kurya mu kimoteri kiri hagati mu ngo.
Ni ikimoteri cy’ibishingwe kiri mu kagari ka Kora mu mudugudu wa Kageri, gisanzwe kibanganiye abaturage kuko kibatera umwanda n’umunuko ukabije.
Ibi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge, aho basaba ko ubuyobozi bwashaka ahandi cyimurirwa, kurey’ingo z’abaturage.
Umwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru