Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Imvura idasanzwe yaguye guhera ku gicamusi cya tariki ya 03 Mata 2022 kugeza mu rukerera rwa tariki ya 04 Mata 2023 mu Ntara y’Amajyaruguru by’umwihariko mu karere ka Musanze yashegeshe bikomeye imitungo y’abaturage irimo inzu, imyaka n’amatungo.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga ahabereye ibi biza hatandukanye yasanze bamwe mu baturage barimo kurira ayo kwarika kuko yabangirije imitungo.
Bamwe muri baturage batuye mu Murenge wa Muhoza mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bahinzi bo mu karere ka Nyabihu baravuga ko bahangayikishijwe n’indwara yitwa "Sempeshyi" bamaranye imyaka itatu ikomeje kwibasira igihingwa cy’ibirayi mu gihe ubuyobozi bw’Akarere buvuga ko butaramenyeshwa iyi ndwara.
Aba bahinzi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri imwe mu mirenge igize akarere ka Nyabihu, ariyo Bigogwe na Kabatwa, basaba ko ubuyobozi bwa RAB bwabashakira igisubizo kirambye kuri iki kibazo cyane ko (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Ababyeyi bafite abakobwa babyaye imburagihe bavuga ko bidakwiye guhohotera umwana mu gihe yagize ibyago byo kubyara ahubwo bakwiye kugira uruhare mu guhindura imyumvire ya bamwe bagiha akato umukobwa wa byariye iwabo.
Babigarutseho mu gikorwa cyahuje Ababyeyi n’abana babo babyaye imburagihe hagamijwe guhindura imyumvire ndetse no gusubiza abo bakobwa mu miryango yabo, cyane ko harimo abari baranzwe n’ababyayi ndetse n’ababateye inda.
Ni igikorwa cyateguwe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Musanze, mu kagari ka Garuka baravuga hari ikusanyirizo rito ry’amata rigiye kumara umwaka urenga ridakora.
Ni ikusanyirizo rito MCP/Garuka ryubatswe ku bufatanye n’umushinga wa Leta RDDP uteza imbere umukamo w’amata.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga ahubatse iri kusanyirizo mu murenge wa Musanze basaba ko ryakoreshwa icyo ryubakiwe , bakabona aho bajya (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Hagenimana Antoine, Umunyarwanda akaba n’umwe mu barokitse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yashyize hanze igitabo yizeye ko kizafasha Abanyarwanda n’undi uzagisoma kugira ubudaheranwa ku makuba baciyemo yaciyemo by’umwihariko ku barokotse Jenosise yakorewe Abatutsi bagifite ibikomere ku mutima.
Kuri uyu wa Kane nibwo yamuritse icyo gitabo cyanditse mu rurimi rw’igifaransa, umuhango witabiriwe n’Abanyarwanda batandukanye, barimo abo bakorana muri (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rutsiro, mu murenge wa Kivumu bacururiza mu gasantere kitwa Taransiporo baravuga ko bifuza kubakirwa isoko ryo gucururizamo bagaca ukubiri no kunyagirwa n’imvura.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Kivumu bavuga ko bamaze igihe kirekire bemerewe isoko ariko ngo amaso yaheze mu kirere.
Bavuga ko batunguwe no kubona ikibanza bari baravuze ko kizubakwami isoko barimo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umunyobozi nshingwabikorwa w’akarere ka Kicukiro Umutesi Solange n’umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa banenzwe n’Umukuru w’Igihugu Paul Kagame kutubahiriza ibyo yabasabye.
Byagaragaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 28 werurwe 2023 ubwo yasozaga itorero ry’abayobozi b’utugari bahawe izina rya ba Rushingwangerero, bari bavuye mu itorero i Nkumba aho bose bari bateraniye i Kigaki mu Intare Arena.
Umukuru w’Igihugu yagaye aba bayobozi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Rutsiro basabwe uruhare rwabo mu kwese imihigo bigendeye ku mwanya mubi akarere kabonye umwaka ushyize.
Bari bamaze gusobanurirwa uruhare rwabo mu guhigura ibyo akarere nabo bahize bakirinda kuba ntibindeba. Hari mu gitaramo cyo kwishimira ibyagezweho ndetse bahiga n’ibindi biteguye kugeraho mu mihigo y’uyu mwaka, ku nsanganyamatsiko bise ngo "Tubegere duca ingando ".
Bamwe mu baturage baganiriye na Mamaurwagasabo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Masengesho Joseline wo mu murenge wa Busogo mu karere ma Musanze yabonetse mu kiyaga cya Karago yarapfuye nyuma y’iminsi ashakishwa.
Nyakwigendera yari atuye mu kagari ka Sahara mu mudugudu wa Nyarubuye, yari amaze iminsi itatu yarabuze ndetse n’abo mu muryango we barabigejeje mu nzego z’ibanze. Urugo nyakwigendera yari atuyemo
Amakuru yibura ry’uyu mubyeyi wari ufite imyaka 36 yamenyekanye kuwa kane tariki ya 23 Werurwe 2023 aho yatangiye (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















