Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Hon. Masozera wo mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu (Rwanda Green party of Rwanda) yasabye Abarwanashyaka ko bakwiye guhangana n’ibiyobyabwenge nk’abantu baturiye umupaka. Ibi yabigarutseho kuri iki Cyumweru ubwo yari yaje mu nama ikomatanyije n’amahugurwa y’Abarwanashyaka yabereye mu karere ka Gicumbi.
Dusengima Domithila n’umurwanashyaka wa Green Party avuga ko bagiye gukomeza kwigisha ndetse bagatangira amakuru ku gihe .
Ati”Guhangana n’ibiyobyabwenge (…)
Mu cyumweru gishize nibwo umuturage witwa nkurunziza Aimable ucuruza resitora mu mudugudu wa Rusisiro akagari ka Matyazo umurenge wa Ngoma w’akarere Huye yarimo akora umuyoboro w’amazi maze ubwo yacukuraga aba aguye ku mibiri y’abazize Jenocide yakorewe abatutsi mu 1994. Ati “Nari kumwe n’abakozi turimo dushaka akarigori kayobora amazi ducukuye gato cyane nka santimetero enye tuba dutangiye kugwa ku mibiri”.
Bamwe mu baturage barokoye muri Matyazo bavuga ko biteye inkeke kuba muri akaga (…)
Ni urubyiruko rwo mu murenge wa Kiyombe ahatangirijwe gahunda y’urugerero mu karere ka Nyagatare aho uru rubyiruko ruvuga ko rwiteguye kwiyubakira igihugu. Akimana Vestine n’umukobwa urangije ayisumbuye yagize ati’’tugiye hanze kandi tuje gukora rero tugiye gufasha abaturage aho dutuye ku buryo ntamuturage uzabura ubwiherero aho atuye cyangwa ngo abure akarima k’igikoni mu buryo bwo guhangana n’imirire mibi’’.
Umuyobozi w’akarere ushinzwe imibereho mwiza avuga ko itorero ari inyingi ya (…)
Perezida Paul Kagame yafashe icyemezo cyo kongera gutanga Louise Mushikiwabo nk’umukandida ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, niwe wemeje aya makuru ubwo yagirana ikiganiro n’ikinyamakuru Jeune Afrique.
Min. Nduhungirehe yavuze ko hashingiwe ku bikorwa by’indashyikirwa by’Umunyamabanga Mukuru byahawe agaciro cyane kandi bigashimirwa, ndetse no nyuma yo kujya (…)
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) muri Gasabo na Nyarugenge bamaze kubona Abarwanashyaka bashya babahagarariye. Aya matora abereye muri utu turere nyuma y’iminsi ibi bikorwa bibera mu Ntara zitandukanye z’Igihugu.
Komiseri Mukuru, Hon. Alexis Mugisha, afungura aya mahugurwa yarakomatanyije yibukije abarwanashyaka ba Green Party amahame agomba kubaranga aho bahuguwe ku ngingo zitandukanye zirimo no gukora ibibateza imbere. (…)
Ku Cyumweru tariki ya 7 Ukuboza 2025, Ishyaka Rihanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda) abayobozi baryo ku rwego rw’igihugu berekeje mu Karere ka Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo, mu nama yabahuje n’abarwanashyaka biri shyaka muri kano karere. Aka Karere ka Nyaruguru, kaje gakurukira utundi turere dutanu, natwo twabereyemo inama nk’izi.
Ibi byagarutsweho kandi na Hon MugishaAlexis, watangije iyi inama n’amahugurwa ndetse hakaba harabaye igikorwa (…)
Kuri iki Cyumweru ku itariki 23 Ugushyingo 2025, Ishyaka Rihanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, DGPR, abayobozi baryo ku rwego rw’igihugu berekeje mu Karere ka Muhanga mu Ntara y’Amajyepfo mu nama ihuza abarwanashyaka baryo muri kano karere. Komiseri mukuru wa DGPR Mugisha Alexis watangije inama n’amahugurwa ndetse haba igikorwa cy’amatora yo kuzuza inzego z’ishyaka kuva ku mirenge kugera ku rwego rw’akarere.
Iri shyaka muri gahunda rifite mu ngendo zitandukanye abayobozi baryo (…)
Ba ofisiye 75 barimo babiri bo muri polisi y’u Rwanda, babiri ba RCS nibo basoje amasomo mu ishuri rikuru rya Gisirikiri riherereye i Nyakinama mu karere ka Musanze aho bari bamaze amezi atanu bahabwa amasomo ajyanye no Kuyobora Ingabo no kuzirwanisha ku rwego rwa Brigade. Major Jackson Karama ni umwe mu basoje aya masomo wanabaye indashyikirwa yavuze uburyo bazakoresha ubumenyi bahawe. Ati”Iyi course itoza abasirikari ibintu bibiri by’ingenzi ari byo kuyobora Ingabo ndetse no (…)
Ku Cyumweru, tariki ya 12 Ukwakira 2025, ibikorwa by’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, DGPR, byakomereje mu Karere ka Rubavu, aho habayemo amahugurwa ahabwa abarwanashyaka ba DGPR ku miyoborere, demokarasi, ubumenyi mu kurengera ibidukikije, kwiteza imbere, ndetse no gukoresha imbuga nkoranyambaga n’ibindi. Nyuma y’aya mahugurwa yanabayemo igikorwa cyo gutora bamwe mu bagize inzego z’ishyaka mu karere ka Rubavu. Hon Mugisha Alex, Komiseri Mukuru muri DGPR, yasobanuye gahunda (…)
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’lkirenga w’Ingabo z’u Rwanda yatanze ipeti ku basirikare rya Sous Lieutenant ku basirikare bashya 1029 barimo abakobwa 117 mu Ngabo z’u Rwanda. Ibirori byo gusoza ayo masomo kuri aba basirikare byahujwe no kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 iri shuri Rikuru rya Gisirikare rya Gako rimaze ritanga amasomo yo ku rwego rw’aba Ofisiye bato.
Umukuru w’igihugu yasabye aba ba ofisiye kwirinda ubusinzi Yagize ati "Hari imico mibi hanze aha, ndetse tutari (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















