Abize n’abatarize bari barashoye akayabo k’amafaranga atandukanye muri kampani yitwa TAT ubu bari mu barira ayo kwarika nyuma yaho Indi byakoraga kimwe na STT ihagaze bugacya nayo bayiburira irengero n’amafaranga akagenda atyo.
Aba bakubwira ko babwirwaga ko TAT izajya ibungukira amafaranga menshi maze barashishikara baguramo imigabane uko buri umwe yifiye, bazagushiduka babwira ko byafunzwe ayabo aba arahiye.
Mu baganiriye n’ikinyamakuru Mamaurwagasabo ubwo bazindukiraga ahakorera Polisi na (...)
Abize n’abatarize bari barashoye akayabo k’amafaranga atandukanye muri kampani yitwa TAT ubu bari mu barira ayo kwarika nyuma yaho Indi byakoraga kimwe na STT ihagaze bugacya nayo bayiburira irengero n’amafaranga akagenda atyo.
Aba bakubwira ko babwirwaga ko TAT izajya ibungukira amafaranga menshi maze barashishikara baguramo imigabane uko buri umwe yifiye, bazagushiduka babwira ko byafunzwe ayabo aba arahiye.
Mu baganiriye n’ikinyamakuru Mamaurwagasabo ubwo bazindukiraga ahakorera Polisi na (...)
Kuri uyu wa Kane ku itariki 14 Werurwe 2024, mu karere ka Rubavu, hasojwe icyiciro cyambere cy’umushinga wo guteza imbere imijyi, (RDUP2) uyu mushinga ukoreramo.
Uyu mushinga ukaba ukorera mu mujyi wa Kigali, ndetse no mu turere dutandatu tw’imijyi yunganira umujyi wa Kigali, aritwo Rubavu, Rusizi, Musanze, Muhanga, Nyagatare na Huye.
Mu bikorwa byakozwe muri RDUP2, harimo imihanda, ruhurura, amatara yo gucanira iyo mijyi, ndetse ngo bikiba byarahinduye isura yiyi mijyi, nkuko byemejwe na (...)
Kimwe mu byihutisha ubukungu mu bihugu byateye imbere n’ibiri mu nzira y’iterambere birimo n’uburyo bw’ubwikorezi bw’ibicuruzwa no gutwara abantu, u Rwanda narwo rushaka kwisanga mu bihugu bifite ubwikorezi bwa gali ya moshi butwara bibintu byinshi kandi mu buryo bwihuse.
Ni umushinga u Rwanda rwarose runatekereza kuva cyera, ndetse mu myaka nk’itanu ishize rutangira gutekereza uko rwahahirana na Tanzania hakoreshejwe gali ya moshi.
Uyu ni umushinga urenga uburyo bw’ubukungu ugatizwa umurindi (...)
Nubwo ari abahinzi ariko ibyo bakora babikeneyemo inyungu mu buryo butandukanye zirimo n’amafaranga
Abahinzi bi mu Kayonza, Ngoma na Rwamagana barinubira igiciro kiri hasi bari kugurirwahi ibishyimbo byeze ubu, gihabanye n’icyo baguzeho imbuto batera.
Aba bahinzi bavuga ko baguraga imbuto y’ibishyimbo ku mafaranga y’u Rwanda 2,000 kuri mironko, none ubu bari kubagurira hagati y’amafaranga 400 na 500frw.
Abaganiriye n’Ikinyamakuru Imvaho Nshya dukeshya ayo makuru, mu gihe biteguraga igihembwe (...)
Kaminuza ya Muhabura Integrated Polytechnic college (MIPC ) iherereye mu Karere ka Musanze, yashyize ku isoko ry’umurimo abagera ku 196 barangije mu mashami atandukanye basabwa guhanga imirimo.
Ibi babisabwe kuri uyu wa 15 Ukuboza 2023 mu muhango wo gutanga impamyabushobozi (Advanced Diploma) ku banyeshuri basoje mu byiciro bitandukanye, aho bavuze ko bagiye gukoresha ibyo bize bakabishyira mu ngiro.
Bamwe mu baganiye na Mamaurwagasabo bemeza ko bahawe impamba ihagije ijyanye n’amasomo (...)
Exhibitions serve as platforms for promoting culture, trade, investment, and industry, featuring an array of both physical and non-physical products from individuals, businesses, and government entities. These events play a vital role in fueling economic growth in specific regions. In fact, exhibitions have a rich historical legacy that dates back to the display of artworks and historical materials in the pre-modern era.
In today’s postmodern world, exhibitions have evolved, utilizing (...)
Abagize Urugaga rw’ababaruramari b’umwuga mu Rwanda (ICPAR) bavuga ko bari kuvugana na Leta ku buryo abanyeshuri bajya kwiga muri Kaminuza bajya bahabwa inguzanyo yo gutuma bazajya bayihabwa bari kwiga ibaruramari ry’Umwuga bityo bigakemura ibibazo bimwe na bimwe bigenda bigaraga mu ibaruramari mu Rwanda.
Ibi yabitangaje mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki ya 24 Ukwakira 2023 mu Karere ka Rusizi.
Umuyobozi wa ICPAR, Amin Miramago yavuze ko mu rwego rwo kuziba icyuho (...)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu baribaza impamvu Uruganda rwari rwubakiye kuzakora ifiriti y’ibirayi ‘Nyabihu Potato Company’ rwarabahombeye mu mashyi no mu mudiho.
Ni uruganda rugiye kumara imyaka irindwi rudakora kandi rwaratwaye amafaranga atari make, arinaho bahera bavuga ko barubona nka baringa.
Rwubakiye gutunganya ibirayi birimo ifiriti n’ibicuruzwa ari bibisi rwubatswe mu mwaka wa 2016, muri gahunda ya ‘Inganda iwacu’ yo guteza imbere (...)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abakorera imirimo itandukanye mu gakiriro ka kijyambere ka Rulindo, kubatse mu murenge wa Base barataka kutagira umuriro w’amashanyarazi uhagije ndetse bamwe bashobora kwigendera.
Aba baturage babitangairije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga muri ahari aka gakiriro, basaba ubuyobozi kugira icyo bwakora kugira ngo bakomeze gukora imyuga neza, ntankomyi.
Umwe mu bahakorera yagize ati: "Njye nkora umwuga wo gusudira hano mu gakiriro ariko (...)
Bamwe mu bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka bajya muri Uganda banyuze ku mupaka wa Cyanika w’akarere ka Burera baravuga ko bakomeje guhohoterwa biturutse ku masaha make bahabwa yo kuba batakiri mu nzira bakisanga bakererewe kandi atari bo babigiramo uruhare.
Bavuga ko gutinda kugera ku mupaka wa Cyanika biterwa n’imodoka zabatinza mu nzira bagera kuri bariyeri (Cheking point) bagafungwa ndetse bakamburwa n’ibicuruzwa kandi ngo bafite ibyangombwa byuzuye.
Aba bacuruzi babitangarije (...)
Agahinda k’abahinzi b’ibishyimbo mu Burasirazuba
2 January 2024Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.