Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, buratangaza ko Isoko rya Gisenyi rimaze imyaka igera kuri 14, ryubakwa ritaruzura, mu kwezi gutaha kwa Karindwi rizaba ryamaze kuzura hanyuma hagatangira kubakwa irindi nkaryo, rizubakwa aho Isoko rya Gisenyi ryari risanzwe rikorera. Biteganyijwe ko aba basanzwe bakorera mu Isoko rya Gisenyi rimaze igihe rikorerwamo bazimurirwa muri rino rizaba rimaze kuzura hanyuma, naryo rigatangira kubakwa mu cy’iciro cya kabiri, cyiswe Gisenyi Modern Market Phase 2, (...)
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, buratangaza ko Isoko rya Gisenyi rimaze imyaka igera kuri 14, ryubakwa ritaruzura, mu kwezi gutaha kwa Karindwi rizaba ryamaze kuzura hanyuma hagatangira kubakwa irindi nkaryo, rizubakwa aho Isoko rya Gisenyi ryari risanzwe rikorera. Biteganyijwe ko aba basanzwe bakorera mu Isoko rya Gisenyi rimaze igihe rikorerwamo bazimurirwa muri rino rizaba rimaze kuzura hanyuma, naryo rigatangira kubakwa mu cy’iciro cya kabiri, cyiswe Gisenyi Modern Market Phase 2, (...)
Bamwe mu baturage bagana isoko rya Kora riherereye mu Murenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, bagaraza ko batewe inkeke n’umwanda ujya urangwa muri rino soko by’umwihariko ahacururizwa inyama. Ubwo umunyamakuru wa MamaUrwagasabo TV, yagera muri rino soko kuri uyu wa Kabiri yasanze ahacururizwa inyama hari umwanda ugararira amaso, nkaho ibisigazwa byazo byari bikiri aho zacururijwe.
Nubwo bitamworoheye kugira abaturage yasanze muri rino soko bavugane kuri iyi myitwarire ishobora guteza (...)

Mu gihe bamwe mu rubyiruko rwo mu Rwanda bagihangayikishijwe n’ubushomeri, hari abandi bafashe iya mbere mu kwihangira imirimo binyuze mu buhinzi n’ubworozi. Urugero ni urubyiruko rwo mu Karere ka Kayonza, rwibumbiye mu itsinda rya Power of Youth in Agriculture Modernization (PYAM), rwahisemo gukora ubuhinzi bw’akarima k’igikoni kimukanwa, aho bahinga imboga n’imbuto mu macupa n’ibiti, bakoresheje ubuhanga bwo kuhira ku buso buto. Mu gihe kitageze ku mwaka, bamaze kubona inyungu irenga (...)
Irambona David ufite ubumuga bwo kutabona, uri mu kigero cy’imyaka , utuye mu Kagari ka Ninzi mu Murenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke, akora akazi ko kubitsa, kubikuza amafaranga no kugurisha unite akoresheje telephone yifashije ibigo by’itumanaho bya Airtel na MTN.
David uvuga ko aka kazi yagatangiye muri 2017, Umunyamakuru wa Mama urwagasabo amusanze arimo gutanga izo serivisi ku muhanda wa kaburimbo imbere y’ikigo nderabuzima cya Nyamasheke mu kazu ka MTN.
Biragoye kumva uburyo (...)

Hari bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Kabirizi mu Murenge wa Rugerero, mu Karere ka Rubavu, bavuga ko Akarere ka Rubavu kamaze amezi 4 katabaha amafaranga y’ubukode, bemerewe nyuma yuko basenyewe n’ibiza leta ikabemerera kujya ibakodeshereza mu gihe itari yabatuza.
Bagaraza ko kuba akarere karatinze kubaha aya mafaranga y’ubukode byatangiye kubagiraho ingaruka, ku buryo hari n’abenda gusohorwa mu mazu bakodesha, nyuma yaho bakomeje gusiragizwa n’Akarere ka Rubavu bakabwirwa ko bagiye (...)
Abanyamuryango ba Koperative KAIDU, ikorera mu Murenge wa Busasamana, mu karere ka Rubavu bavuga ko bamanywe na rwiyemezamirimo, watsindiye isoko ryo kubagurisha imashini bemerewe na Perezida Paul Kagame yo kumisha ibitunguru ahubwo akabazanira ibitogosa bigashya.
Nkuko bivugwa n’abanyamuryango ba Koperative KAIDU, kompanyi yitwa Green Utility for Africa Group Company ltd , ihagarariwe na Uwamugiramfura René, yatsindiye kugurisha iyi Koperative ya KAIDU ibikoresho birimo imishini yumisha (...)

Abahinzi b’ibitunguru bo mu Karere ka Rubavu, barataka igihombo gikomeye gituruka ku kubura isoko ry’ibitunguru bahinze ariko bakabura amasoko yabyo, ku buryo igiciro cyabyo cyahanantutse mu buryo bukomeye, kiva bihumbi 140 kigeze ku bihumbi 6 ku mufuka.
Bavuga ko kubera haba hari abagujije amafaranga mu ma banki hanyuma bahomba bakabura ubwishyu biturutse ku gihombo nk’iki hari abashobora kwiyambura ubuzima nkuko byagiye bigenda mbere, cyangwa haba n’abashobora guhunga.
Aba bahinzi biganjemo (...)
Bamwe mu bacuruzi bakorere mu Karere ka Rubavu mu bucuruzi bwambukiranya umupaka wa DRC n’u Rwanda bakomeje guterwa impungenge n’izamuka ry’ibiciro rikabije ku bicuruzwa bitandukanye birimo ibiribwa n’ibinyobwa, kubera ko bisigaye byoherezwa muri Congo mu buryo budasanzwe.
Igiciro birimo kugurwaho muri Congo kiratuma n’ubifite mu mu Rwanda ajya kubicuruzayo mu gihe bavuga ko nabo ku isoko ryo mu Rwanda batihagije bityo bikabatera guhendwa gukabije ku isoko ry’imbere mu gihugu.
Kuva umutwe (...)

Abatuye mu Kirwa cya Nkombo batangaza ko bisanze banki zidashobora kwemera ingwate y’ubutaka bwabo uko bwaba bungana kose, ku buryo n’ibigo by’imari bidatanga inguzanyo irenze ibihumbi magana abiri ku muturage ushaka amafaranga yo gukora umushinga.
Hari mu masaha ya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 19 Gashyantare 2025 ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yerekezaga ku kirwa cya Nkombo, umuwe mu mirenge igize akarere ka Rusizi, ni ikirwa gihereye mu kiyaga cya Kivu, hafi na (...)
Hari abaturage batuye mu mudugudu wa Rutenderi mu kagari ka Marimba mu murenge wa Kabarore mu karere ka Gatsibo bavuga ko bahawe umuriro uturuka ku mirasire y’izuba ariko ukaba ubahenda cyane, bamwe baretse kuwukoresha.
Babitangarije Umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ubwo yageraga aho abo baturage batuye, arinaho hari Ihuriro ry’ingufu z’amashanyarazi akomoka ku ziba abaha umuriro wo gucana mu ngo.
Aba baturage bavuga ko hari ibikoresho bimwe na bimwe bahisemo kudakoresha, kuko byo bitwara (...)










Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.