Komisiyo y’Ubumwe bw’Uburayi yatangaje ko nta zamurwa ry’imisoro (tariffs) izemera ku bicuruzwa byoherezwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Urukiko rw’Ikirenga rwa Amerika ruhagaritse amategeko yari yemereye Perezida Donald Trump gushyiraho imisoro ya rusange ku mbuto zose ziva mu mahanga.
Nyuma y’icyo cyemezo, Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yashyizeho misoro mishya ya 10% ku bicuruzwa byose byinjira mu gihugu, kugera kuri 15% umunsi wakurikiyeho. Ibi byateje impaka (…)
Komisiyo y’Ubumwe bw’Uburayi yatangaje ko nta zamurwa ry’imisoro (tariffs) izemera ku bicuruzwa byoherezwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Urukiko rw’Ikirenga rwa Amerika ruhagaritse amategeko yari yemereye Perezida Donald Trump gushyiraho imisoro ya rusange ku mbuto zose ziva mu mahanga.
Nyuma y’icyo cyemezo, Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yashyizeho misoro mishya ya 10% ku bicuruzwa byose byinjira mu gihugu, kugera kuri 15% umunsi wakurikiyeho. Ibi byateje impaka (…)
Minisitiri w’Ingabo w’u Burusiya, Andrey Belousov, yatangaje ko mu kwezi kwa Mutarama konyine, ingabo z’u Burusiya zakiriye intwaro zirenga 10,000 n’amasasu agera kuri miliyoni ebyiri, byinjiye mu mirimo ya gisirikare.
Ibi yabivugiye mu nama yayoboye igamije gusuzuma uko gahunda yo gutanga ibikoresho bya gisirikare igenda ishyirwa mu bikorwa. Belousov yavuze ko izi ntwaro n’amasasu byatangiye gukoreshwa n’ingabo z’u Burusiya, bikaba bigaragaza ko umusaruro w’inganda z’intwaro ukomeje (…)
Ibyemezo bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, byo kuzamura imisoro ku bihugu by’uburayi no gushaka kwigarurira Greenland byica ingingo ya 2 n’iya 3 z’amasezerano ya NATO.
Ingingo ya 2 isaba ibihugu bigize uyu muryango kwirinda amakimbirane mu bya politiki no guteza imbere ubufatanye mu by’ubukungu hagati yabyo, Gushyiraho imisoro ihanitse ku bihugu by’Uburayi bifatwa nk’ibibangamira iyo ntego.
Ingingo ya 3 yo isaba ibihugu bya NATO gukomeza no guteza imbere (…)
Venezuela yakiriye amafaranga ya mbere akomoka ku igurishwa rya peteroli yayo ryakozwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Perezida Nicolas Maduro afashwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Mutarama.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje mu cyumweru gishize ko zarangije kugurisha peteroli ya Venezuela ku gaciro ka miliyoni 500 z’amadolari ya Amerika.
Umuyobozi w’agateganyo wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yagize ati: “Turabamenyesha ko twabonye (…)
Nibura umuntu umwe yapfuye naho abandi benshi barakomereka nyuma y’impanuka yabaye ku mugoroba wo ku wa Kabiri, ubwo gari ya moshi itwara abagenzi yakoraga impanuka hafi ya Barcelona muri Espagne.
Iyo gari ya moshi yagonganye n’urukuta rufata ubutaka (retaining wall) rwari rwaraguye rukagwa ku muhanda wa gari ya moshi hafi y’umujyi wa Gelida, uri nko muri kilometero uvuye mu mujyi wa Barcelona.
Ibinyamakuru byo muri ako gace byatangaje ko umushoferi wa gari ya moshi ari we wapfiriye muri (…)
Perezida Trump yatangaje ko umugambi w’ubwongereza wo kurekurira ikirwa cya Mauritius, ibirwa bya Chagos abyita igikorwa cy’ubucucu buhambaye, nkuko bigaragara ku rubuga rwe akunze kunyuzaho amakuru rwa Truth Social.
Yashimangiye ko uwo mugambi w’ubwongereza wo kwambura Amerika ibirindiro bya gisirikari muri ako gace nubwo nke ngo zahaguma ariko gutanga ubusugire byo ntibyumvikana agashimangira ko ariyo mpamvu; Leta zunze ubumwe z’Amerika zifuza kwiyomekaho ikirwa cya Greenland.
Yanditse (…)
Nibura abantu basaga 39 nibo byamenyekanye ko baguye mu mpanuka ya gariyamoshi zihuta (High Speed Train) mu murwa mukuru Madrid. Iyi mpanuka yabaye nyuma yaho indi gariyamoshi yinjiye mu nzira itariyo igahita igongana niriya yindi yavaga mu kindi cyerekezo ahitwa Adamuz.
Iyi mpanuka yabaye mu ma saa moya z’ijoro zaho muri Spain, nyuma y’igihe kigera kw’isaha iyo gariyamoshi ihagurutse ahitwa Malaga yerekeza i Madrid ku murwa mukuru.
Benshi mu bapfuye n’abakomeretse bari mu myanya (…)
Abayobozi b’ibihugu by’Uburayi n’Ubumwe bw’Uburayi (EU) bagaragaje ukutishimira gukomeye iterabwoba rya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ryo gushyiraho imisoro (tariffs) ku bicuruzwa bituruka mu Burayi, avuga ko ari igitutu agamije gushyirwa ku kibazo cya Greenland.
Trump yatangaje ko Amerika ishobora gutangira gushyiraho imisoro ya 10% guhera ku itariki ya 1 Gashyantare 2026, ikazamuka ikagera kuri 25% muri Kamena 2026, mu gihe ibihugu by’Uburayi bikomeje kwanga (…)
Nibura abarwanyi 27 bo mu nyeshyamba zirwanya ubutegetsi muri Colombia nibo bishwe mu gihugu hagati nyuma yo kurwana n’irindi shami ry’abarwanyi bahanganye, aya ni amakuru atangazwa n’uruhande rw’igisirikari cya leta. Ibi byakomeye cyane mu gihe hari icyuka cy’amakimbirane mu karere byongerewe ingufu n’igikorwa cya Amerika muri Venezuela ndetse no gutera ubwoba igihugu cya Colombia bikozwe na perezida Donald Trump.
Iyi mirwano ni imwe ikomeye yabaye mu mezi make ashize, ikaba yarabereye (…)
Agace ka Gaza kinjiye mu cyiciro cya kabiri cy’amasezerano yo guhagarika imirwano, nk’uko byemejwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo gutegura inzibacyuho y’ubuyobozi bwa Gaza nyuma y’imyaka irenga ibiri y’intambara imaze guhitana ubuzima bw’abatati bacye.
Nubwo aya masezerano yatangiye gushyirwa mu bikorwa, ingabo za Israel zakomeje kugaba ibitero muri Gaza, aho byahitanye byibura Abanyapalestina 10, abandi benshi bagakomereka.
Nk’uko bitangazwa na Al Jazeera, ibi byateye (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























