Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yasabye ko hakorwa iperereza ku iraswa ryakozwe na polisi, ryahitanye umukobwa w’Umunya-Australia ndetse rigakomeretsa se na musaza we, mu gihe bari bagiye gusura abo mu muryango wabo muri Pakistan.
Nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru AP kuri uyu Mbere tariki 15 Kamena 2026, abapolisi badasanzwe (commandos) bo muri Pakistan, barashe umuryango w’Abanya-Australia bibeshye ko ari abajura bitwaje intwaro.
Hania Ahmed, umunyeshuri wiga (…)
Minisitiri w’Intebe wa Australia, Anthony Albanese, yasabye ko hakorwa iperereza ku iraswa ryakozwe na polisi, ryahitanye umukobwa w’Umunya-Australia ndetse rigakomeretsa se na musaza we, mu gihe bari bagiye gusura abo mu muryango wabo muri Pakistan.
Nk’uko byatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru AP kuri uyu Mbere tariki 15 Kamena 2026, abapolisi badasanzwe (commandos) bo muri Pakistan, barashe umuryango w’Abanya-Australia bibeshye ko ari abajura bitwaje intwaro.
Hania Ahmed, umunyeshuri wiga (…)
Abantu icyenda bishwe, abandi benshi barakomereka mu gitero gikomeye cy’ibisasu by’Uburusiya byagabwe muri Ukraine, aho kandi inyubako ikomeye y’idini iri mu murwa mukuru Kyiv yafashwe n’inkongi y’umuriro, nk’uko abayobozi babitangaje.
Abantu bane bishwe mu bitero byagabwe i Kyiv, mu gihe abakozi batanu b’ubutabazi bapfuye bagerageza kuzimya inkongi y’umuriro yatewe n’igitero cyagabwe ku mujyi wa Kharkiv uri mu Majyaruguru y’Iburasirazuba bwa Ukraine, nk’uko abayobozi babitangaje. (…)
Byagarutsweho mu kiganiro Ihuriro AFC/M23 n’abanyamakuru cyabaye ku wa Gatatu, ku tariki 22 Mata 2026, mu Mujyi wa Goma kiyobowe na Benjamin Mbonimpa, usanzwe ari Umunyamabanga wa AFC/M23. Iri huriro ryagarutse ku byo ryemeranyijwe na Leta ya Kinshasa mu biganiro by’amahoro i Montreux mu Busuwisi muri uku kwezi kwa Kane. Harimo ingingo eshatu bemeranyijweho, arizo guhererekanya ifungwa, agahenge, ndetse no korohereza ibikorwa by’ubutabazi.
Impande zombi zemeranyijwe guhererekanya (…)
Iyi nkongi yabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Werurwe, yibasiye ububiko bw’intwaro buri mu kigo cya gisirikare kizwi nka ‘Base’, giherereye mu gace ka Musaga i Bujumbura.
Igisirikare cy’u Burundi na Minisiteri y’Umutekano w’imbere mu gihugu, byatangaje ko iyi nkongi yaturutse ku kibazo cy’umuriro w’amashanyarazi.
Mu butumwa Perezida Ndayishimiye yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwa X, mu ijoro ryo ku wa 31, yihanganishije Abarundi, ndetse asaba Imana kubana n’u Burundi.
Ati “Nihanganishije (…)
Ingabo za Israel zemeje ko zarashe ku murwa mukuru wa Iran, Tehran na Beirut muri Liban kuri uyu wa kabiri mu gitondo.
Mu itangazo igisirikare cya Israel cyagize kiti: “Ingabo za Israel ubu ziri kurasira rimwe ibirindiro bya gisirikare i Tehran na’i Beirut”.
Umuvugizi w’ingabo za Israel ukoresha Icyarabu Avichay Adraee yavuze ko barimo gukora ibitero bikomeye byo mu kirere.
Ibi bitero byabaye isaha imwe nyuma yuko IDF isohoye “itangazo riburira kandi ryihutirwa” kubaturage bo mu duce (…)
Komisiyo y’Ubumwe bw’Uburayi yatangaje ko nta zamurwa ry’imisoro (tariffs) izemera ku bicuruzwa byoherezwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Urukiko rw’Ikirenga rwa Amerika ruhagaritse amategeko yari yemereye Perezida Donald Trump gushyiraho imisoro ya rusange ku mbuto zose ziva mu mahanga.
Nyuma y’icyo cyemezo, Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yashyizeho misoro mishya ya 10% ku bicuruzwa byose byinjira mu gihugu, kugera kuri 15% umunsi wakurikiyeho. Ibi byateje impaka (…)
Minisitiri w’Ingabo w’u Burusiya, Andrey Belousov, yatangaje ko mu kwezi kwa Mutarama konyine, ingabo z’u Burusiya zakiriye intwaro zirenga 10,000 n’amasasu agera kuri miliyoni ebyiri, byinjiye mu mirimo ya gisirikare.
Ibi yabivugiye mu nama yayoboye igamije gusuzuma uko gahunda yo gutanga ibikoresho bya gisirikare igenda ishyirwa mu bikorwa. Belousov yavuze ko izi ntwaro n’amasasu byatangiye gukoreshwa n’ingabo z’u Burusiya, bikaba bigaragaza ko umusaruro w’inganda z’intwaro ukomeje (…)
Ibyemezo bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, byo kuzamura imisoro ku bihugu by’uburayi no gushaka kwigarurira Greenland byica ingingo ya 2 n’iya 3 z’amasezerano ya NATO.
Ingingo ya 2 isaba ibihugu bigize uyu muryango kwirinda amakimbirane mu bya politiki no guteza imbere ubufatanye mu by’ubukungu hagati yabyo, Gushyiraho imisoro ihanitse ku bihugu by’Uburayi bifatwa nk’ibibangamira iyo ntego.
Ingingo ya 3 yo isaba ibihugu bya NATO gukomeza no guteza imbere (…)
Venezuela yakiriye amafaranga ya mbere akomoka ku igurishwa rya peteroli yayo ryakozwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’uko Perezida Nicolas Maduro afashwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu ntangiriro z’uku kwezi kwa Mutarama.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje mu cyumweru gishize ko zarangije kugurisha peteroli ya Venezuela ku gaciro ka miliyoni 500 z’amadolari ya Amerika.
Umuyobozi w’agateganyo wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yagize ati: “Turabamenyesha ko twabonye (…)
Nibura umuntu umwe yapfuye naho abandi benshi barakomereka nyuma y’impanuka yabaye ku mugoroba wo ku wa Kabiri, ubwo gari ya moshi itwara abagenzi yakoraga impanuka hafi ya Barcelona muri Espagne.
Iyo gari ya moshi yagonganye n’urukuta rufata ubutaka (retaining wall) rwari rwaraguye rukagwa ku muhanda wa gari ya moshi hafi y’umujyi wa Gelida, uri nko muri kilometero uvuye mu mujyi wa Barcelona.
Ibinyamakuru byo muri ako gace byatangaje ko umushoferi wa gari ya moshi ari we wapfiriye muri (…)
Yakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamwa icyaha cyo kwicisha icyuma umukobwa we
30 September 2025, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















