Mu gihe leta y’u Rwanda ikomeje gushakira abanyarwanda batishoboye icyatuma bakomeza kubaho mu mibereho myiza binyuze muri gahunda ya VUP no gutanga ingoboka ku babyeyi babyara badafite ubushobozi bwo gutunga abana, hari bamwe badakoresha neza iyi nkunga bayijyana mu bindi bikorwa bitari ibyo yagenewe.
Aba baturage babibwiye itangazamakuru ubwo abayobozi bari babasuye umurenge wa Kinigi, mu karere ka Musanze, mu biganiro n’abayobozi baturutse muri LODA na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu (...)
Mu gihe leta y’u Rwanda ikomeje gushakira abanyarwanda batishoboye icyatuma bakomeza kubaho mu mibereho myiza binyuze muri gahunda ya VUP no gutanga ingoboka ku babyeyi babyara badafite ubushobozi bwo gutunga abana, hari bamwe badakoresha neza iyi nkunga bayijyana mu bindi bikorwa bitari ibyo yagenewe.
Aba baturage babibwiye itangazamakuru ubwo abayobozi bari babasuye umurenge wa Kinigi, mu karere ka Musanze, mu biganiro n’abayobozi baturutse muri LODA na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu (...)
Nyuma y’inkuru twabagejejeho aho abanyamuryango ba koperative COAIPO ihinga ibirayi ikorera mu murenge wa Jenda mu karere ka Nyabihu bavugaga ko bagiye kuri konte bagasangaho 1000 rwf gusa, kuri ubu ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere amakoperative mu Rwanda RCA cyagaragaje impamvu nyamukuru yahombeje iyi koperative ariko bamwe mu batabaje ntibanyuzwe n’ibyavuye mu bugenzuzi.
Abanyamuryango ba COAIPO batabazaga bavuga ko umutungo wabo wanyerejwe na bamwe mu bayobozi arinabwo ubuyobozi (...)
Abahinzi b’ibirayi bo mu murenge wa Kabatwa mu karere ka Nyabihu baravuga ko babura uburyo bageza umusaruro wabo ku isoko bitewe n’umuhanda Sahwara-Bugeshi wangiritse cyane.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Kabatwa aho abiganjemo abahinzi b’ibirayi basaba ko uyu muhanda wamaze kuzuramo ibinogo wasanwa imodoka zikajya zibona aho zinyura zitwaye umusaruro ku isoko.
Umwe muri bo witwa Bucyensenge Jean Claude yagize ati: "Uyu muhanda (...)
Perezida Paul Kagame yeretse urubyiruko inzira ebyiri rwanyuramo rwiteza imbere, zigaruka cyane kubyo rukorera igihugu binyuze mu bikorwa bidahemberwa.
Yabitangaje kuri uyu wa kabiri, tariki ya 7 Gicurasi 2024, ubwo yaganiraga n’urubyiruko rw’Abakorerabushake rusaga 7500 rwateraniye i Kigali mu Isabukuru y’imyaka 10 bamaze mu bikorwa bidahemberwa, bazwi nka "Youth Volunteers".
Ni urubyiruko rwaturutse mu turere twose tw’igihugu ruhagarariye abandi batandikanye bagera kuri miliyoni 2 bahuriye (...)
Bamwe mu bahinzi b’ikawa bo mu mudugu wa Bunnyari, mu kagari ka Murambi, mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro barinubira ibiciro bihindagurika bya kawa, bakavuga ko abazibagurira bahindura ibiciro byazo uko bashatse kandi mu buryo budasonutse.
Umwe muri aba bahinzi, witwa Ndagijimana Innocent, utuye muri uyu mudugu nawe avuga ko iki kibazo gihari, ndetse akagaragaza ko byabashyize mu rujijo kuko batazi icyibitera.
Ati: "Guhinduranya ibiciro bagashyira kuri 800, bakongera bakagabanya (...)
Abarimu bigisha ku kigo cy’amashuri abanza cya Gihorwe mu murenge wa Kabatwa, mu karere ka Nyabihu baravuga ko bakigorwa no kubona icyumba bahurirano nk’abarimu kugira ngo bategure amasomo.
Aba barimu babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iki kigo basaba ko bakubakirwa byibuze icyumba guteguriramo amasomo.
Bavuga ko iyo bashaka gutegura amasomo cyangwa gukora inama bimura abana mu ishuri rimwe bitewe nuko badafite icyumba cyabo.
Tuyisenge Aurore ni umwarimu kuri (...)
Guverinoma y’u Rwanda yateye utwatsio ibyo Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarushinje ko ari rwo rwateye ibisasu ku Nkambi ya Mugunga iri hafi n’Umujyi wa Goma kuri kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, DRCongo, ivuga ko ntacyo bishingiyeho.
Ku wa Gatanu tariki 03 Gicurasi nibwo mu Nkambi ya Mugunga hatewe ibisasu bihitana abantu barenga batanu. Umutwe wa M23 washinje Leta ya Congo kuba inyuma y’iki gitero, Leya ya Congo nayo ihita ibyegeka ku rwanda, cyane ko ivuga ko M23 (...)
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 23 yapfuye urupfu bikekwa ko yiyahuye bitewe n’umukobwa wamubenze.
Ni umusore uri mu kigero cy’imyaka 23 na 25, wakoreraga mu murenge wa Bugarama, nkuko abo muri uwo murenge babitangarije ikinyamakuru mamaurwagasabo.
Uwitwa Raissa wari usanzwe azi nyakwigendera yagize ati: "Njye uyu musore twahuriye mu bukwe turifotozanya gusa uko namubonaga nabonaga atakwiyahura kubera umukobwa, gusa abantu bavuga ko umukobwa (usanzwe akora akazi ko gusuka) yamwanze maze (...)
Bamwe mu bahinzi b’ibibigori mu Mirenge itandukanye, irimo Mugunga na Janja yo mu karere ka Gakenke baravuga ko icyonnyi cya nkongwa cyongeye kwibasira igihingwa cy’ibigori bakaba basaba ko batabarwa n’inzego z’ubuhinzi.
Aba bahinzi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Mugunga na Jana, assanga bavuga ko ubushobozi bwabo mu kurwanya iyi nkongwa bwarangiye, bagasaba ikigo cy’Ubuhinzi RAB ko cyakurikirana iki kibazo mu magaru mashya kuko bikomeje uko biri ubu (...)
Abantu batatu bapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere rishyira ku wa Kabiri, babiri muri bo bagwiriwe n’inzu undi akubitwa n’inkuba.
Ni bimwe mu bituruka ku mvura iri kugwa mu bice bitandukanye mu Rwanda uhereye muri uku kwezi gushize, kwa Mata ndetse bikaba biteganyijwe ko izakomeza muri uku kwa Gucurasi, by’umwihariko mu karere ka Rutsiro, gakunze kwibasirwa n’inkuba n’ibindi biza.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Mushonyi, Ntihinyuka Janvier uyobora umurenge wa Mushonyi, aho aba (...)
Ijambo rya Perezida Kagame rigaragaza uko igihugu gihagaze
27 December 2021Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.