Perezida Donald Trump wa Amerika yavuze ko ari “ishema rikomeye” kuba arimo kwica abo mu butegetsi bwa Iran mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga.
Muri iki gitondo yanditse ku rubuga rwe Truth Social ati: “Turimo gusenya nyabyo ubutegetsi bw’iterabwoba bwa Iran, igisirikare, ubukungu n’ibindi.
“Igisirikare cya Iran cyagiye, igisirikare kirwanira mu kirere nta kigihari, za misile, n’ibindi byose birimo gusibwa, kandi n’abategetsi babo bavanywe ku isura y’isi”.
Hagati aho Iran yo (…)
Perezida Donald Trump wa Amerika yavuze ko ari “ishema rikomeye” kuba arimo kwica abo mu butegetsi bwa Iran mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga.
Muri iki gitondo yanditse ku rubuga rwe Truth Social ati: “Turimo gusenya nyabyo ubutegetsi bw’iterabwoba bwa Iran, igisirikare, ubukungu n’ibindi.
“Igisirikare cya Iran cyagiye, igisirikare kirwanira mu kirere nta kigihari, za misile, n’ibindi byose birimo gusibwa, kandi n’abategetsi babo bavanywe ku isura y’isi”.
Hagati aho Iran yo (…)
Abantu bagera kuri 60 bishwe n’imyuzure n’inkangu byaturutse ku mvura nyinshi yaguye mu karere ka Gamo Zone mu majyepfo ya Ethiopia, nkuko bitaganzwa n’inzego z’ubuyobozi muri ako gace.
Abayobozi batangaje ko benshi muri abo bantu bapfiriye mu turere tw’imisozi miremire, aho ubutaka bw’imisozi ihanamye bwatose kubera amazi bugahirima nyuma y’imvura nyinshi yari imaze iminsi igwa. Abandi barenga 90 baburiwe irengero.
Mu minsi ya vuba aha ishize, imvura nyinshi yateje imyuzure henshi muri (…)
Mu rwego rwo kurushaho kunoza ireme ry’uburezi no gufata ibyemezo bishingiye ku makuru afatika, u Rwanda rwinjiye ku nshuro ya mbere mu isuzuma mpuzamahanga rya Porogaramu Mpuzamahanga y’Isuzumabumenyi ry’Abanyeshuri (PISA). Iri suzuma ritegurwa n’Umuryango Mpuzamahanga w’Ubukungu, Ubufatanye n’Iterambere (OECD), rikaba rikorwa ku banyeshuri bafite imyaka 15, hagamijwe kureba uko bashobora gukoresha ubumenyi bafite mu gusoma, imibare na siyansi mu gukemura ibibazo byo mu buzima busanzwe. (…)
Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu ubutegetsi bwa Kinshasa bwagabye igitero cya Drones mu mujyi wa Goma nyuma y’iminsi hagabwa ibitero ku mirongo y’urugamba muri Kivu zombi.
Umuvugizi w’iryo huriro mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yemeje ko izi drones za leta ya Kongo zikomeje kugaba ibitero mu bice bituwe cyane birimo Goma na Minembwe.
Amakuru avuga ko iki gitero cya Drone cyahitanye ubuzima bw’umukozi w’umuryango w’abibumbye ishami rishinzwe kwita ku (…)
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa Gashyantare 2026. Igipimo ngenderwaho cyifashishwa mu bukungu bw’u Rwanda kiboneka hifashishijwe gusa ibiciro byakusanyijwe mu mijyi.
Muri Gashyantare 2026, ibiciro mu mijyi byiyongereyeho 9,2% ugereranyije na Gashyantare 2025, mu gihe byari byiyongereyeho 8,9% muri Mutarama 2026.
Muri Gashyantare 2026, ibiciro byiyongereye bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa (…)
Mu gihe Amerika na Israel bikomeje kugaba ibitero byo mu kirere kuri Irani, Israel ikarasa no muri Liban, ibigaragara ko ari ibitero byo kwihorera bya Irani bikomeje guhagarikwa n’ibihugu byo mu Kigobe.
Arabie Saoudite ivuga ko mu ijoro ryacyeye ikoresheje ubwirinzi bwo mu kirere yafashe igisasu cya misile yo mu bwoko bwa ‘ballistic’ hamwe n’indege nto eshanu z’intambara zitajyamo umupilote (drone).
Ingabo za Kuwait zivuga ko zashoboye gufata no guhanura ‘drone’ esheshatu.
Nyuma (…)
Mu karere ka Gisagara umurenge wa Mugombwa akagari ka Mukomacara umudugudu Karangabo hari umugabo wishe umugore wari waje kubagurira ibishyimbo murugo amutemye, ibice by’umubiri abishyira mu cyoro yari yaracukuye aho iwe.
Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 06 werurwe 2026 nibwo twasanze abatuarge bo mu karere ka Gisagara umurenge wa Mugombwa akagari ka akagari ka Mukomacara umudugudu Karangabo bavuga ko mu gitondo cyo kuwa 3 babuze umuntu none baje gutungurwa no kumusanga (…)
Urwego rushinzwe ubutasi muri Iran rwatangaje ko rwakoranye n’ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps mu gikorwa cyo gukumira hakiri kare imitwe ishaka ubwigenge ihanganye na Iran ivugwaho gushyigikirwa na USA na Israel, yari igiye kwinjira mu burengerazuba bwa Iran igamije kugaba ibitero by’iterabwoba.
Mu itangazo ryatangajwe n’ikinyamakuru cya Tasnim News Agency, iyo minisiteri yavuze ko ingabo za Iran zagabye ibitero ku birindiro byinshi by’iyo mitwe ndetse zinasenya ibikoresho (…)
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
















