Nsabimana Ildephonse washinjwa kugira uruhare mu iyicwa ry’ababyeyi ba Uwacu Julienne, wabaye Minisitiri wa Siporo mu Rwanda, yahanishijwe igifungo cya burundu
Kuri uyu wa Kane, ku itariki 25 Mata 2024, Urukiko rw’ibanze rwa Gisenyi, rwahanishije igifungu cya burundu Nsabimana Ildephonse uzwi nka Ntabarimfasha, nyuma yo kumuhamya kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka 1994.
Ubushinjacyaha bwavuze ko Ntibarimfasha yari ayoboye igitero cy’abasirikare bagiye mu rugo rwo kwa (...)
Nsabimana Ildephonse washinjwa kugira uruhare mu iyicwa ry’ababyeyi ba Uwacu Julienne, wabaye Minisitiri wa Siporo mu Rwanda, yahanishijwe igifungo cya burundu
Kuri uyu wa Kane, ku itariki 25 Mata 2024, Urukiko rw’ibanze rwa Gisenyi, rwahanishije igifungu cya burundu Nsabimana Ildephonse uzwi nka Ntabarimfasha, nyuma yo kumuhamya kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka 1994.
Ubushinjacyaha bwavuze ko Ntibarimfasha yari ayoboye igitero cy’abasirikare bagiye mu rugo rwo kwa (...)
yvette Bamwe mu bagize Itsinda ry’abagenzacyaha bakoze amaperereza ku bakekwaho ibyaha bya jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, bemeje ko Emmanuel Nkunduwimye alias "Bomboko" yari kuri za bariyeri mu gihe cya jenoside.
Hashize iminsi mike Urukiko rwa Rubanda mu Bubiligi rutangiye kuburanisha urubanza rwa Nkunduwimye Emmanuel ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Iburanisha ryo ku wa kabiri tariki ya 16/04/2024 ryatangiye urukiko rubaza itsinda (...)
Kuva aho u Rwanda n’Isi binjiriye mu bikorwa byo Kwibuka30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko abantu bagera kuri 39 bamaze gukurikiranwaho ibyaha bigaragaza ingengabitekerezo ya Jenoside.
Ni ibyaha bakoze mu bikorwa bitandukanye bigaragaza ingengabitekerezo cya Jenoside haba mu bikorwa cyangwa mu nyandiko, abo 39 bakaba barafashwe abandi bagera kuri 6 bakaba bagishakishwa ngi bagezwe imbere y’ubutabera ku byo bakekwaho.
Bimwe mu (...)
Abatuye n’abagenda mu kagari ka Cyabagarura ko mu Murenge wa Musanze ho mu karere ka Musanze baravuga ko bahangayikishijwe n’itsinda ry’ibihazi ryiba ibiti mu mashyamba y’abaturage, n’ugerageje kuvuga baramutemagura.
Ababona bamwe mu bagize iri tsinda bavuga ko rigizwe n’abagabo ndetse n’insoresore rikunze kuba ziri ahitwa mu "Gisenyi", kugeza ubwo abaturage basigaye bataha saa 18h00’ kubera gutinya ko bagirirwa nabi cyane ko bikunze guhohotera abaturage bikabambura utwabo.
Urugero rw’umutekano (...)
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwahamije CG (Rtd) Gasana Emmanuel, icyaha cyo gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite, rumukatira gufungwa imyaka itatu n’amezi atandatu n’ihazabu ya miliyoni 36Frw.
Ni icyemezo cy’urukiko cyasomwe kuri uyu wa Kane tariki 11 Mata mu 2024.
Mu byo yashinjwaga Kandi, ku cyaha cyo kwakira indonke CG (Rtd) Gasana yagizwe umwere.
Urukiko rwatangaje ko uyu mugabo yagakwiye kuba yakatiwe gufungwa imyaka irindwi n’ihazabu ya miliyoni 144 Frw, ariko (...)
Mu murenge wa Nyundo, mu karere ka Rubavu kimwe n’handi mu gihugu hibutswe ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, by’umwihariko, abiciwe hano muri uyu murenge. Basaba abazi aho indi mibiri itaraboneka iri kuyigaragaza ngo ishyingurwe mu cyubahiro.
Nkuko byagarutsweho, gutoteza Abatutsi muri kano gace byatangiye mu mwaka 1959, hanyuma kandi Abatutsi mu myaka 1990 hari abishwe, bigeze mu 1994 Jenoside ikwira mu gihugu cyose hose, bigeze ku Nyundo kubahiga birushaho.
Umunyamabanga wa (...)
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascene yavuze ko ajya yumva bamwe mu bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi basaba imbabazi bagakoresha imvugo yise iza ’nyirarureshwa’, abarokotse Jenoside nabo akumva bazitanze badasesenguye neza imbabazi basabwe.
Yabitangaje kuri uyu wa Kane, mu kiganiro yatanze ubwo hibukwaga Abatutsi biciwe Kiziguro mu karere ka Gatsibo, muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Cyari ikiganiro kivuga ku muzi (...)
Kuri uyu wa Gatanu, ku itariki 5 Mata 2024, urukiko rukuru rwa Rubavu, rwasomye urubanza ruregwamo Kayumba Innocent wayoboye igororero rya Rubavu ndetse nirya Mageragere, akatirwa imyaka 15 y’igifungo, naho Gahungu Ephrem nawe wayoboye irya Rubavu, agirwa umwere.
Kayumba Innocent yahamijwe icyaha cyo gukubita no gukomeretsa byateye urupfu, akatirwa imyaka 15, hanyuma Gahungu Ephrem nawe wayoboye iri gororero rya Rubavu, ajyirwa umwere ku cyaha cyo kutamenyakanisha icyaha cyateye urupfu. (...)
Hagati mu kwezi kwa Kanama 2023 nibwo abamotari mu gihugu bagiye kumva bumva hatangajwe ibwiriza ko nta ikinyabiziga cya Moto kizongera kugenda kidacanye itara ry’imbere, haba kumanywa cyangwa nijoro, kizafatwa kigacibwa amande.
Abamotari bamwe ntibabyiyumvishaga ariko kuko bagomba kubahiriza ibwiriza ryatanzwe batagishijwe inama babyemera batyo batangira kubyubahiriza. Bamwe bavugaga ko gucana iryo tara amanywa n’ijoro biziyongera ku bindi bibahombya kuko gucana itara ku manywa bituma (...)
Ubushinjacyaha bwareze Nsabimana Idephonse Elias Ntabiramfasha, kugira uruhare mu rupfu rw’uwitwaga Ndabarinze Faustin, hamwe nabo mu muryango we harimo umugore we n’umwana wabo, aba bakaba aribo mu muryango wa Uwacu Julienne wabaye Minisitiri wa Siporo mu Rwanda, ubu akaba ari umuyobozi ushinzwe Itorero no guteza imbere umuco muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE).
Ubushinjacyaha bwavuze ko Ntabiramfasha yari ayoboye igitero cy’abasirikare bagiye mu (...)
Nigeria: Hafatiwe Cocaïne ifite agaciro ka miliyoni 278 $
20 September 2022M23 yasubije abavuga ko igiye gufata Umujyi wa Goma
21 October 2022Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.