Sunday . 16 November 2025

INKURU ZIGEZWEHO

Musanze:Ba mutima w'urugo biyemeje kurushaho gukomeza kurengera ibidukikije

Abagore bagera kuri 300 baturutse hirya no hino mu karere ka Musanze baravuga ko nyuma yo guhabwa amasomo n’umuryango wa AKWOS ufatanyije na CECI bagiye kurushaho kurengera ibidukikije. Byagarutsweho ubwo bari mu mahugurwa y’umunsi umwe yahuje ba mutuma w’urugo baturuka mu mirenge itandukanye igize akarere ka Musanze mu rwego rwo gukomeza kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore wo mu cyaro ku nsanganyamatsiko igira iti”Umugore ni uw’agaciro”.
Mutuyimana Esperance uhagarariye itsinda (...)

Musanze:Ba mutima w'urugo biyemeje kurushaho gukomeza kurengera ibidukikije
Musanze:Ba mutima w’urugo biyemeje kurushaho gukomeza kurengera ibidukikije

Abagore bagera kuri 300 baturutse hirya no hino mu karere ka Musanze baravuga ko nyuma yo guhabwa amasomo n’umuryango wa AKWOS ufatanyije na CECI bagiye kurushaho kurengera ibidukikije. Byagarutsweho ubwo bari mu mahugurwa y’umunsi umwe yahuje ba mutuma w’urugo baturuka mu mirenge itandukanye igize akarere ka Musanze mu rwego rwo gukomeza kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore wo mu cyaro ku nsanganyamatsiko igira iti”Umugore ni uw’agaciro”.
Mutuyimana Esperance uhagarariye itsinda (...)

424 Shares 4 Comments
Nyagatare: Batunganyije umuhanda ugiye koroshya ubuhahirane hagati ya Nyendo na Gasinga
Nyagatare: Batunganyije umuhanda ugiye koroshya ubuhahirane hagati ya Nyendo na Gasinga

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare ku bufatanye n’urubyiruko kuwa Gatandatu w’icyumweru gushize batunganyije umuhanda uhuza akagari ka Nyendo na Gasinga. Abaturiye umuhanda wa Gasinga-Nyendo barishimira umuhanda wasanywe kuwa Gatandatu, ubwo bari mu muganda wihariye wakozwe n’urubyiruko ku rwego rw’igihugu.
Uwitwa Kagaba Frank agira ati ‘’Uyu muhanda wari ubangamye cyane cyane mu gihe cy’imvura wasangaga huzuye amazi y’ibiziba bityo bigatuma usanga birabuza imigenderanire’’.
Bavuga ko kuba uyu (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gisagara: Abaturage bahohoterwa n'abacukura amabuye y'agaciro.
Gisagara: Abaturage bahohoterwa n’abacukura amabuye y’agaciro.

Mu karere ka Gisagara mu murenge wa Ndora mu kagari k’Agasharu, hari abaturage bahangayikishijwe n’abakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko babangiriza imyaka ndetse bakanaragwa n’ibikorwa by’urugomo. Ibikorwa byo gucukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe, bikorerwa mu gishanga gihuza akagari ka Ruturo kari mu murenge wa Kibirizi n’akagari ka Gasharu ko mu murenge wa Ndora mu karere ka Gisagara, abaturage twaganiye bavuga ko babangamiwe n’ababyishoramo, kuko (...)

424 Shares 4 Comments
Kayonza: Yagwiriwe n'ikirombe ahita apfa
Kayonza: Yagwiriwe n’ikirombe ahita apfa

Mu karere ka kayonza mu murenge wa Rukara mu kagari ka Kawangire ikirombe cyishe umwana w’umusore warugiye gucukura amabuye y’agaciro.
Ibi byabaye kuri wa Mbere ubwo umwana witwa Loni wigaga mu mwaka wa gatanu w’amashuri yisumbuye yajyaga mu kirombe gucukura amabuye ahazwi nka matini.
Bivugwa ko uyu mwana yaragiyemo muri iki kirombe ku nshuro ya mbere maze aza kugwirwa n’ibuye ryamanutse rimwikubita mu gituza ahita apfa. Abo bakoranaga mu kirombe bahise bahunze ari bwo byaje ku menyekana. (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Ubukarabiro bwahindutse ikimoteri
Burera: Ubukarabiro bwahindutse ikimoteri

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Burera, Mu Murenge wa Rugarama barasaba ubuyobozi kwita ku bukarabiro bwo kunoza isuku bwahindutse ikimoteri.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo TV ubwo yageraga ku isoko rya Rugarama ahubatse ubu bukarabiro asanga busigaye bujugunywaho imyanda.
Umwe mu baturage witwa Niyomwungeri yagize ati: "Ubu bukarabiro bwahindutse nk’ingarani, basigaye babwihagarika impande, twasaba ubuyobozi ko bwashyiramo imbaraga bakabwitaho bukagira isuku" (...)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro batangije ibikorwa bizasiga isuku ibaye umuco mu baturage
Kicukiro batangije ibikorwa bizasiga isuku ibaye umuco mu baturage

Akarere ka Kicukiro katangije ubukangurambaga buzafasha abaturage kwimakaza isuku n’umutekano bugasiga isuku ibaye umuco mu baturage hagamijwe imibereho myiza.
Ni ubukangurambaga bwatangirijwe mu murenge wa Kigarama kuri uyu wa bwibanda ku mazi, isuku n’isukura, bukazamara amezi ane ari imbere.
Ubukangurambaga bwaranzwe n’ibikorwa by’isuku n’isukura byahuriwemo n’ubuyobozi bw’akarere ka Kicukiro n’abafatanyabikorwa bako "waterforpeople" hamwe n’abaturage; batoraguye imyanda ndetse bashyiraho (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Menya amoko 13 y'ibisabantu na 85 y'inyamabere zibarizwa muri Pariki ya Nyungwe
Menya amoko 13 y’ibisabantu na 85 y’inyamabere zibarizwa muri Pariki ya Nyungwe

Pariki y’igihugu ya Nyungwe ni ishyamba cyimeza ribarizwa mu burengerazuba bw’amajyepfo y’u Rwanda, rikaba rifite umwihariko udasanzwe mu gukurura ba mukerarugendo cyane ko ubu iyi Pariki yamaze gushyirwa mu murage w’Isi (UNESCO).
Mu Ishyamba rya Nyungwe harimo amoko 13 y’ibisabantu (primates), (inyamanswa zifite imisusire ijya gusa n’iya muntu, harimo amoko arenga 85 y’inyamabere, habarizwamo kandi amoko 1250 y’ibimera bitandukanye, harimo amoko 50 y’ibishihe, amoko 133 ya ‘Orchidées’ (indabo (...)

424 Shares 4 Comments
ABAHINZI BIJEJWE UBUVUGIZI KU MBOGAMIZI ZIKIGARAGARA MU KUHIRA
ABAHINZI BIJEJWE UBUVUGIZI KU MBOGAMIZI ZIKIGARAGARA MU KUHIRA

Abakora ubuhinzi bijejwe gukorerwa ubuvuguzi hagakemurwa ibibazo byugarije gahunda yo kuhira imyaka, birimo igiciro cy’umuriro gihanitse kigenda ku mashini zizamura amazi.
Mu nama Nyungurabitekerezo yabaye ku wa 21 Kamena 2024, yateguwe n’Ihuriro ry’imiryango nyarwanda itegamiye kuri Leta ishyigikiye ibikorwa by’amajyambere y’ibanze CCOAIB(Conseil de Concertation des Organisations d’Appui aux Initiatives de Base) ku bufatanye na Never Again Rwanda ku nkunga y’Ikigo Nterankunga cy’Ubusuwisi, (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Urubyiruko rw'u Rwanda rwiyemeje gushyira akadomo ku iyangirika ry'ibidukikije
Urubyiruko rw’u Rwanda rwiyemeje gushyira akadomo ku iyangirika ry’ibidukikije

Urubyiruko rwa bamwe mu basore n’inkumi, kimwe n’abandi batandukanye batangije umuryango uharanira kurengera ibidukikije, African Youth Environment Protection, (AYEPI) bakizera ko bagiye gutanga umusanzu waburaga mu kugira Isi nziza.
Uhagarariye uyu muryango mu mategeko, (Legal Representative) Papy Moise Abayisenga, yavuze ko basanze mu rubyiruko kurengera ibidukikije biriho bidashimishije kandi urwo ruhare rutangirira ku bakiri bato.
Yakomeje avuga ko ajya gufatanya na bagenzi be gushinga (...)

424 Shares 4 Comments
Kuki umuturage ategekwa kwishyura inganda zishaka ibikoresho by'ibanze?
Kuki umuturage ategekwa kwishyura inganda zishaka ibikoresho by’ibanze?

Ubusanzwe inganda zigomba kwishakira ibikoresho by’ibanze zikoramo ibikoresho byazo bya nyuma zishyira ku isoko bigakundwa, bikagurwa n’abaturage. Mu Rwanda siko bimeze iyo bigeze ku nganda zitunganya umwanda w’ibituruka mu ngo z’abaturage zijya kubibyazamo umusaruro, (recycling).
Umuturage wese utuye cyangwa ukora ubuvuruzi ku butaka bw’u Rwanda asabwa kwishyura igiciro cy’amafaranga runaka, akenshi atari na make, yo guha kompanyi zitwara imyanda ziyijyana ahateganyijwe n’akarere cyangwa Umujyi (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru