Tuesday . 7 May 2024

INKURU ZIGEZWEHO

Abandi banyamakuru bakomeye bagiye kurushinga

Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi uzwi mu gukora ibyegeranyo bicukumbye byigaruriye amatwi ya benshi mu Rwanda, agiye kurushinga na mugenzi we MAHORO Claudine wamenyekanye kuri TV10.
Bitangiye kumenyekana ko abahuje umwuga, cyane cyane mu itangazamakuru mu Rwanda ko bahitamo kubana nk’umugabo n’umugore.
Mu kiganiro kigufi Mwanafunzi yagiranye na PRIMO.RW yemeje amakuru y’ubukwe bwe na Mahoro Claudine, ashimangira ko bamaze igihe mu rukundo n’ubwo byari hagati yabo gusa n’izindi nshuti zabo (...)

Abandi banyamakuru bakomeye bagiye kurushinga
Abandi banyamakuru bakomeye bagiye kurushinga

Umunyamakuru Ismael Mwanafunzi uzwi mu gukora ibyegeranyo bicukumbye byigaruriye amatwi ya benshi mu Rwanda, agiye kurushinga na mugenzi we MAHORO Claudine wamenyekanye kuri TV10.
Bitangiye kumenyekana ko abahuje umwuga, cyane cyane mu itangazamakuru mu Rwanda ko bahitamo kubana nk’umugabo n’umugore.
Mu kiganiro kigufi Mwanafunzi yagiranye na PRIMO.RW yemeje amakuru y’ubukwe bwe na Mahoro Claudine, ashimangira ko bamaze igihe mu rukundo n’ubwo byari hagati yabo gusa n’izindi nshuti zabo (...)

424 Shares 4 Comments
Abagana BK Arena bashyiriweho uko baryoherwa n'uburanga bwayo
Abagana BK Arena bashyiriweho uko baryoherwa n’uburanga bwayo

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ibigo bya Kigali City Tour (KCT) na QA Venue Solutions Rwanda bazanye agashya ko gutembereza abashyitsi bashaka kwihera ijisho ubwiza bw’inyubako ya BK Arena.
Ni serivisi yatangijwe ku wa gatanu tariki ya 5 Gicurasi 2023 yiswe "BK Arena Guided tours."
Ni gahunda igamije gutembereza abantu inyubako ya BK Arena iherutse gushyirwa mu biganza Banking ya Kigali (Bank of Kigali) mu 2022 ikanayitirirwa.
Iyi nzu mberabyombi isanzwe yakira inama, amarushanwa yaba (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umuhanzi Chriss Easy yahamagajwe na RIB ku nshuro ya kabiri
Umuhanzi Chriss Easy yahamagajwe na RIB ku nshuro ya kabiri

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Rukundo Nsengiyumva Christian, wamenyekanye cyane ku izina ry’ubuhanzi nka "Chriss Eazy" araregwa na Musanze caves hotel kutubahiriza amasezereno bagiranye tariki ya 14 Mutarama 2023 ndetse byatumye iyi hotel igwa mu gihombo.
Mu masezerano uyu muhanzi yari yagiranye na Musanze caves ni uko yagombaga kuza gutaramira abakiriya b’iyi hotel ku itariki ya 14 Mutarama 2023, aho ndetse yagombaga kuzana na Band yitwa Galaxy music band birangira ataje yewe ngo (...)

424 Shares 4 Comments
Umuhanzi Celine Dion arembejwe n'indwara idakira
Umuhanzi Celine Dion arembejwe n’indwara idakira

Umuhanzikazi wakanyujijeho ku Isi mu kugira ijwi rihogoza n’indirimbo zakunzwe na benshi, Celine Dion yatangaje ko arembejwe n’indwara idakira ituma atakibasha gufungura ijwi ngo asaze agihogoza abakunzi be.
Uyu muhanzikazi ufita amaraso y’Abafaransa na Canada, yabwiye abakunzi be bagera ku miliyoni 5.2 bamukwirikira ku rubuga rwa Instagram ko iyo ndwara ituma adashobora kugenzura ikoreshwa ry’imitsi ye, aho ishobora kugagara cyangwa ikanyeganyega.
Iyi ndwara kandi ituma adashobora gutambuka (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali: Abanyabirori bababajwe n'isubikwa ry'urugendo rwa Travis Greene
Kigali: Abanyabirori bababajwe n’isubikwa ry’urugendo rwa Travis Greene

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuramyi Travis Montorius Greene, wari utegererejwe kuririmbira mu rw’imisozi igihumbi ku nshuro ye ya mbere,yasubitse igitaramo yari afite kuwa 8 Ukuboza 2022, avuga ko imitegurire yacyo itakozwe kinyamwuga.
Uyu muhanzi mu Rwanda yari yatumiwe n’ikigo cya RG Consult Inc, aho byari byitezwe ko azafatanya n’abahanzi b’indirimbo zihimbaza Imana b’imbere mu gihugu.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Travis Montorius Greene uri kubarizwa muri Nigeria, yavuze ko (...)

424 Shares 4 Comments
Gabiro Guitar yabuze umubyeyi we
Gabiro Guitar yabuze umubyeyi we

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuhanzi nyarwanda Gabiro Guitar ari mu gahinda gakomeye ko gupfusha Se umubyara.
Ikirenze kuri ibyo, yashenguwe nuko agiye atamusezeye ngo amubwire ijambo rya nyuma.
Ni inkuru yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 5 Ukuboza 2022, ubwo Gabiro yabitangazaga abinyujije ku mbuga ze nkoranyambaga ze nka Twitter na Instagram.
Gabiro Guitor akaba yavuze ko se apfuye atamusezeye ati “Ruhukira mu mahoro papa, unsize mu gahinda, nakifuje ko uba (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rudakubana, mu basaza bagufi yitabye Imana
Rudakubana, mu basaza bagufi yitabye Imana

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Rudakubana Paul, umwe mu basaza bavukana bazwiho kuba ari bagufi kandi bakuze yitabye Imana mu rugo aho batuye.
Uyu musaza w’imyaka 56 wari utuye mu murenge wa Musanze, Akagari ka Cyabagarura, umudugudu wa Bukane, yamenyekanye n’abavandimwe be ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane kuri Shene za YouTube mu biganiro bisa n’urwenya byasusurukije benshi bakunda ibidasanzwe.
Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Ugushyingo 2022, ahagana (...)

424 Shares 4 Comments
Kigali bategereje Diamond mu byishimo byinshi
Kigali bategereje Diamond mu byishimo byinshi

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umuhanzi wo muri Tanzania, Nasibu Abdul Juma uzwi nka Diamond Platnumz agiye kongera gutaramira mu Rwanda mu gitaramo cyiswe "People Concert" giteganyijwe kuwa 23 Ukuboza 2022.
Diamond waherukaga gutaramira i Kigali mu 2019, ubwo hasozagwa iserukiramuco rya rya Iwacu Muzika Festival, yongeye gutumirwa mu gitaramo cyateguwe na East Gold Entertainment ifatanyije na Skol.
Nta byinshi biramenyekana kuri iki gitaramo haba aho kizabera, ibiciro by’amatike n’abandi (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umukobwa wa Kobe Bryant, Natalia Bryant yishinganishije
Umukobwa wa Kobe Bryant, Natalia Bryant yishinganishije

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umukobwa ufite imyaka 19 wa Kobe Bryant, avuga ko afite ubwoba kuko arimo guhigwa n’umuntu ufite amateka y’ubugizi bwa nabi bwitwaje intwaro.
Natalia Bryant, ibi yabibwiye urukiko kuwa mbere kugira ngo rumurinde umugabo w’imyaka 32 uhora amukurikirana nk’uko abivuga.
Mu nyandiko z’urukiko, Natalia avuga ko uwo mugabo yagerageje kumuvugisha mu myaka ibiri ishize, akavuga ko uwo afite ikibazo cyo kwibwira yibeshya ko bakundana.
Natalia avuga ko atarigera ahura (...)

424 Shares 4 Comments
Icyamamare mu gukina filime Krishna yapfuye
Icyamamare mu gukina filime Krishna yapfuye

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ikirangiririre mu gukina, kwandika no kuyobora filime cyane cyane iz’impinde, Ghattamaneni Siva Rama Krishna Murthy wamamaye nka Krishna yitabye Imana ku myaka 79 azize umutima.
Ni inkuru yashenguye benshi ubwo urupfu rwe rwamenyekanaga kuri uyu wa Kabiri, tariki 15 Ugushyingo 2022, aho yapfuye azize indwara z’umutima.
Amakuru dukesha Umuseke avuga ko, kuri uyu wa Mbere, tariki 14 Ugushyingo nibwo Krishna yafashwe n’umutima yihutanwa kwa muganga mu ivuriro (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru