Kapiteni wa Argentina yongeye kuyobora ikipe ye mu rugendo rwo guhatanira igikombe cya kabiri gikurikiranye, Lionel Messi yongeye kwandika amateka nyuma yo gufasha ikipe y’igihugu ya Argentina kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni intambwe ikomeye ku mukinnyi w’imyaka 39 ukomeje kwerekana ko afite impano idasanzwe.
Mu mukino wa 1/2 wahuje Argentina n’Ubwongereza, Messi yagaragaje ubuhanga bwe, afasha bagenzi be kugenzura umukino no kugera ku ntsinzi yabahesheje itike yo (…)
Kapiteni wa Argentina yongeye kuyobora ikipe ye mu rugendo rwo guhatanira igikombe cya kabiri gikurikiranye, Lionel Messi yongeye kwandika amateka nyuma yo gufasha ikipe y’igihugu ya Argentina kugera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya 2026. Ni intambwe ikomeye ku mukinnyi w’imyaka 39 ukomeje kwerekana ko afite impano idasanzwe.
Mu mukino wa 1/2 wahuje Argentina n’Ubwongereza, Messi yagaragaje ubuhanga bwe, afasha bagenzi be kugenzura umukino no kugera ku ntsinzi yabahesheje itike yo (…)
Dallas, Texas kuri uyu wa Kabiri saa tatu z’ijoro ku isaha yo mu Rwanda, amakipe y’ibihangange mu mupira w’amaguru ku mugabane w’u Burayi, u Bufaransa (France) na Espagne (Spain), aracakirana mu mukino wa 1/2 cy’Igikombe cy’Isi cya 2026. Uyu ni umwe mu mikino utegerejwe cyane muri iri rushanwa kuko uhuza amakipe abiri amaze kwitwara neza kuva ryatangira.
Mu rugendo rwo kugera muri 1/2, u Bufaransa bwitwaye neza, aho bwatangiye butsinda Suède ibitego 3-0 muri 1/32, bukurikiraho Paraguay 1-0 (…)
Tariki ya 13 Nyakanga 2026, rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Espagne na FC Barcelona, Lamine Yamal, yujuje imyaka 19 y’amavuko. Nubwo akiri muto, amaze kuba umwe mu bakinnyi bakomeye ku Isi, ndetse isabukuru ye ije mu gihe ari gufasha Espagne guhatanira igikombe cy’Isi cya 2026.
Lamine Yamal yavukiye i Esplugues de Llobregat muri Espagne ku wa 13 Nyakanga 2007. Yinjiye mu ishuri ry’umupira rya La Masia rya FC Barcelona akiri muto cyane, aza kuzamurwa mu ikipe nkuru mu 2023. Mu gihe gito (…)
“Mu” rwego rwo gushimira no guhemba abitwaye neza mu mwaka w’imikino wa 2025/26, BK Pro League yateguye ibirori bya BK Pro League Awards 2026, aho hatangajwe Ikipe y’Umwaka (Best XI of the Season), igizwe n’abakinnyi 11 bagaragaje ubwitange, ubuhanga n’umusaruro udasanzwe muri shampiyona. Ni ubwa mbere ibi bihembo byateguwe ku rwego runini, bigamije guha agaciro ibikorwa by’indashyikirwa byaranze umwaka wose.
Ikipe y’umwaka igizwe n’umunyezamu Désiré, ba myugariro ni Jean Gilbert (…)
Amatara ya Boston Stadium araka kuri uyu wa Kane, tariki ya 9 Nyakanga 2026, arerekeza ku mukino umwe rukumbi uri bube ku ngengabihe y’Igikombe cy’Isi. Ikipe y’igihugu y’u Bufaransa (France) iracakirana na Morocco mu mukino wa 1/4 cy’irangiza utangira saa 22:00 z’ijoro ku isaha ya Kigali, aho ikipe itsinda irahita ibona itike ya 1/2 cy’irangiza.
Uyu mukino ugarutse mu mitima y’abakunzi ba ruhago nyuma y’isubiranamo ryabaye mu Gikombe cy’Isi cya 2022, ubwo France yasezereraga Morocco muri (…)
Ikipe y’Igihugu ya Spain irahura na Portugal kuri uyu wa Mbere saa 21:00 z’ijoro ku isaha y’i Kigali, mu mukino wa 1/8 cy’Igikombe cy’Isi cya 2026, aho amakipe yombi yifuza gukomeza urugendo rugana ku gikombe. Spain yageze muri iki cyiciro nyuma yo kunyagira Austria ibitego 3-0, igaragaza ubusatirizi bukomeye ndetse n’uburyo bw’umukino unogeye ijisho. Ku rundi ruhande, Portugal nayo yinjiriye muri 1/8 itsinze Croatia ibitego 2-1, yerekana ko ifite ikipe ishobora guhangana n’uwo ari we (…)
Umunya-Brazil Neymar da Silva Santos Júnior yatangaje ko atazongera gukinira ikipe y’igihugu ya Brazil (Seleção), nyuma y’uko iyi kipe isezerewe mu Gikombe cy’Isi cya 2026. Brazil yasezerewe muri 1/8 cy’irangiza nyuma yo gutsindwa na Norway ibitego 2-1, umukino warangiye ushyize akadomo ku rugendo rwa Neymar mu ikipe y’igihugu yari amaze imyaka 16 akinira. Nyuma y’umukino, Neymar yavuze amagambo agaragaza ko atazongera kwambara umwambaro wa Brazil, ashimira abafana, abatoza n’abakinnyi (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko Perezida wa FERWAFA Shema Ngonga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe kuri Al Hilal SC, ikipe yo mu Rwanda yaje imbere igahabwa amafaranga gusa, abantu bibazaga uko bizagenda, kuko byari bitandukanye n’ibyatangajwe mbere.
Urwego Rushinzwe gutegura shampiyona, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hazatagwa ibikombe bibiri.
Ikipe yo muri Sudani izasoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League y’uyu mwaka izahabwa igikombe (…)
Ikipe ya REG VC yegukanye igikombe cy’irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball, rizwi nka Memorial Kayumba 2026, nyuma yo gutsinda Gisagara VC amaseti 3-1 ku mukino wa nyuma wabereye mu Karere ka Huye.
Iri rushanwa ribaye ku nshuro ya 16, rikaba ritegurwa buri mwaka mu rwego rwo kwibuka Padiri Kayumba Emmanuel wabaye Umuyobozi wa Groupe Scolaire Officiel de Butare (Indatwa n’Inkesha.)
Ni irushanwa ryabaye kuva ku wa Gatandatu tariki ya 7 kugeza ku Cyumweru tariki ya 8 Werurwe 2026, ribera (…)
Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.















