Tuesday . 12 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko Perezida wa FERWAFA Shema Ngonga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe kuri Al Hilal SC, ikipe yo mu Rwanda yaje imbere igahabwa amafaranga gusa, abantu bibazaga uko bizagenda, kuko byari bitandukanye n’ibyatangajwe mbere.
Urwego Rushinzwe gutegura shampiyona, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hazatagwa ibikombe bibiri.
Ikipe yo muri Sudani izasoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League y’uyu mwaka izahabwa igikombe (…)

Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona
Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y’uko Perezida wa FERWAFA Shema Ngonga Fabrice yari yatangaje ko hazatangwa igikombe kimwe kuri Al Hilal SC, ikipe yo mu Rwanda yaje imbere igahabwa amafaranga gusa, abantu bibazaga uko bizagenda, kuko byari bitandukanye n’ibyatangajwe mbere.
Urwego Rushinzwe gutegura shampiyona, Rwanda Premier League, rwatangaje ko hazatagwa ibikombe bibiri.
Ikipe yo muri Sudani izasoreza ku mwanya wa mbere muri BK Pro League y’uyu mwaka izahabwa igikombe (…)

424 Shares 4 Comments
REG VC YEGUKANYE MEMORIAL KAYUMBA 2026 ITSINZE GISAGARA VC
REG VC YEGUKANYE MEMORIAL KAYUMBA 2026 ITSINZE GISAGARA VC

Ikipe ya REG VC yegukanye igikombe cy’irushanwa ngarukamwaka rya Volleyball, rizwi nka Memorial Kayumba 2026, nyuma yo gutsinda Gisagara VC amaseti 3-1 ku mukino wa nyuma wabereye mu Karere ka Huye.
Iri rushanwa ribaye ku nshuro ya 16, rikaba ritegurwa buri mwaka mu rwego rwo kwibuka Padiri Kayumba Emmanuel wabaye Umuyobozi wa Groupe Scolaire Officiel de Butare (Indatwa n’Inkesha.)
Ni irushanwa ryabaye kuva ku wa Gatandatu tariki ya 7 kugeza ku Cyumweru tariki ya 8 Werurwe 2026, ribera (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mugabe Aristide yasezeye burundu gukina Umukino wa Basketball nk'uwabigize umwuga
Mugabe Aristide yasezeye burundu gukina Umukino wa Basketball nk’uwabigize umwuga

Mugabe Aristide, umwe mu bakinnyi b’inararibonye bakiniye Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’u Rwanda, yatangaje ko yasezeye burundu gukina uyu mukino ku rwego rw’ababigize umwuga, ashyira akadomo ku rugendo rw’imyaka 18 yari amaze muri Basketball.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Mugabe Aristide yashyize hanze amwe mu mafoto ye y’urwibutso aho yari kumwe na bagenzi be bakinana Basketball maze ayakurikiza amagambo agira aAti “Uyu munsi, mu byiyumviro bivanze, nyuma y’imyaka 18, (…)

424 Shares 4 Comments
DORE IBYO WAMENYA KW'IKIPE YA GASOGI UNITED.
DORE IBYO WAMENYA KW’IKIPE YA GASOGI UNITED.

Gasogi united ni ikipe ifite ibigwi n’amateka hano mu Rwanda bidakanganye ariko nanone ikaba ari imwe Mumakipe afite izina rizwi kubera umuyobozi wayo akaba na nyirayo witwa Kakooza Nkuriza Charles (KNC) ibyo kuba izwi cyane bituruka ku kuba nyirayo anafite igitangazamakuru gisanzwe gifite igihe cyagenwe cyo kuvuga kuriyi kipe ntayindi kipe bavuze bakayimenyekanisha no kuyikundisha abakunzi b’umupira w’amaguru.
Ibi bituma imenyakana kuko mukiganiro cya mugitondo cyo kuri Radio na tv 1 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Isoko ry'igura n'igurisha ryaraye rishyizweho akadomo, dore zimwe muri transfer zakozwe.
Isoko ry’igura n’igurisha ryaraye rishyizweho akadomo, dore zimwe muri transfer zakozwe.

Mw’ijoro ryakeye ku mugabane w’ubulayi isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo mu kwezi kwa mbere ryaraye risojwe muri iyi nkuru yacu tugiye kurebera hamwe abakinnyi bahinduye amakipe ku munsi wa nyuma.
Ikipe ya Chelsea Football club yagaruye Mamadou Sarr wari intizanyo muri Strasbourg wabisikanye na Aaron Anselmino werekeje muri iyo kipe ikina mu cyiciro cya mbere mu bufaransa isanzwe ari iya Blue Co ariyo kampani ifite Chelsea Football Club Ltd. Umufaransa Karim Benzema yasinyiye (…)

424 Shares 4 Comments
CAF yahannye Maroc na Sénégal kubera imyitwarire mibi mu mukino wa nyuma wa CAN
CAF yahannye Maroc na Sénégal kubera imyitwarire mibi mu mukino wa nyuma wa CAN

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yafatiye ibihano amakipe y’ibihugu bya Maroc na Sénégal, nyuma yo gusanga yaragaragaje imyitwarire itari myiza mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika (CAN).
Ibihano byatanzwe ni ibi bikurikira kuri Marrocan Royal Football Association
Ibihumbi 200$ ryaciwe kubera imyitwarire idahwitse yaranze abana batanga imipira (ball boys) muri sitade mu gihe cy’umukino.
Ibihumbi 100$ ryaciwe kubera imyitwarire idahwitse yaranze abakinnyi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
FERWAFA YAHAGARITSE UMUSIFUZI JABO KUBERA KWANGA IGITEGO CYA APR FC
FERWAFA YAHAGARITSE UMUSIFUZI JABO KUBERA KWANGA IGITEGO CYA APR FC

Mu itangazo rigira riti “komisiyo y’imisifurire muri Ferwafa yateranye ku wa 19 mutarama 2026 isuzuma imisifurire ku mukino wahuje Apr Fc na El Merrikh sc (umukino wabaye ku wa 18/01/2026) mu marushanwa ya Rwanda Premier League. Yasanze ku munota wa 88’ w’umukino harabaye ikosa rikomeye ryakozwe n’umusifuzi wungirije wa kabiri (2nd assistant referee), aho igitego cya apr fc cyanzwe hashingiwe ku cyemezo kitari cyo cy’uko habaye kurarira. Kubera iryo kosa, komisiyo y’imisifurire yafatiye (…)

424 Shares 4 Comments
Marc Guehi yaguzwe na Manchester City
Marc Guehi yaguzwe na Manchester City

Ikipe ya Manchester City yo mu gihugu cy’ubwongereza yemeje ko yasinyishije myugariro w’umwongereza Marc Guehi w’imyaka 25 wakiniraga ikipe ya Crystal Palace, akaba yasinye imyaka itanu n’igice.
Marc Guehi w’imyaka 25 asinyiye iyi kipe nyuma y’uko yifuzwaga n’amakipe atandukanye arimo na mukeba wa Manchester City; Liverpool yagerageje kumugura mu mpeshyi ariko ntibyayikundira.
Ikipe ya Manchester City yari iherutse kuvunikisha ba myugariro babiri bayo b’inkingi za mwamba aribo Jasco (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ikipe y'Igihugu Amavubi yatandukanye n'uwari umutoza mukuru
Ikipe y’Igihugu Amavubi yatandukanye n’uwari umutoza mukuru

Nyuma y’uko Amavubi atitwaye neza mu mikino yashakagamo itike y’igikombe cy’isi. Ku ngoma y’umutoza ADEL AMOUROUCHE ibi byatumye FERWAFA isohora itangazo rihagarika uyu munya Algeria ndetse kandi andi makuru ahari nuko yagiye agasiga iyi kipe nta ruhushya ahawe bivugwa ko yaragiye gushaka abakinnyi bakina ku mugabane w’Uburayi. Ibi bije n’ubundi hari umubare w’abanyarwanda benshi batishimiye guhabwa inshingano zo kuyobora ikipe y’igihugu k’uyu mutoza, aho bavuga ko habayeho kwihuta (…)

424 Shares 4 Comments
Dr. Mugemana Charles witabye Imana yari muntu ki?
Dr. Mugemana Charles witabye Imana yari muntu ki?

Dr. Mugemana Charles yari umuganga w’ikipe ya Rayon Sports FC mu Rwanda wari umaze imyaka irenga 30 ayivura kandi ayitaho mu bijyanye n’ubuzima bw’abakinnyi.
Akaba yari azwi cyane ku ruhando rw’umupira w’amaguru mu Rwanda kubera ubwitange bwe mu kazi.
Yitaye ku buzima bw’abakinnyi b’ibihe bitandukanye: abato, abakuze, abakinnyi b’ibyamamare n’abari bagitangira.
Yari azwiho: Kwihangana,gukunda abakinnyi nk’abana be kutareba inyungu ze bwite, ahubwo agaharanira inyungu z’ikipe.
Mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru