Sunday . 16 November 2025

INKURU ZIGEZWEHO

Iyi ni inzira izatuma aba bana bagera ku burezi budaheza, ES Ndayisaba Emmanuel muri NCPD

Bamwe mu babyeyi batuye mu karere ka Musanze bafite abana bafite ubumuga, bavuga ko abana babo bari baraheze mu bwigunge bitewe no kubura aho babonera uburezi. Ibi babigarutseho ubwo mu murenge wa Gacaca w’aka karere ka Musanze bari bamaze gutaha ikigo cyitwa “Ubumwe Community ECD Center “ cyubatswe ku bufatanye na Hope and Homes for Children.
Umwe muri aba babyeyi yagize ati”Turanezerewe cyane kuba tubonye ikigo abana bacu bazajya bigiramo, abana bacu bari baraheze mu bwigunge kuko (...)

Iyi ni inzira izatuma aba bana bagera ku burezi budaheza, ES Ndayisaba Emmanuel muri NCPD
Iyi ni inzira izatuma aba bana bagera ku burezi budaheza, ES Ndayisaba Emmanuel muri NCPD

Bamwe mu babyeyi batuye mu karere ka Musanze bafite abana bafite ubumuga, bavuga ko abana babo bari baraheze mu bwigunge bitewe no kubura aho babonera uburezi. Ibi babigarutseho ubwo mu murenge wa Gacaca w’aka karere ka Musanze bari bamaze gutaha ikigo cyitwa “Ubumwe Community ECD Center “ cyubatswe ku bufatanye na Hope and Homes for Children.
Umwe muri aba babyeyi yagize ati”Turanezerewe cyane kuba tubonye ikigo abana bacu bazajya bigiramo, abana bacu bari baraheze mu bwigunge kuko (...)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Bashimiye umuryango MHELPER GROUP ubarizwa muri Kaminuza ya UK wabafashije kugura imiti
Musanze: Bashimiye umuryango MHELPER GROUP ubarizwa muri Kaminuza ya UK wabafashije kugura imiti

Ababyeyi babiri batuye mu karere ka Musanze bamaze amezi abiri mu bitaro bikuru bya Ruhengeri bitabwaho n’abaganga, bashimye umuryango ukora ibikorwa by’urukundo witwa MHELPERGROUP ugizwe n’abanyeshuri biga muri Kaminiza ya Kigali (UK). Mu kiganiro bagiranye na MAMAURWAGASABO bagaragaje amarangamutima nyuma yo guhabwa ubufasha bw’amafaranga yakusanyijwe n’abanyeshuri bagize uyu muryango.
Nyirahategekimana Angelique, utuye mu kagari ka Gakingo umurenge wa Shingiro yagize ati”Turabashimiye (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Babuze amazi meza, none bajya kuvoma ibirohwa muri Nyabisazi
Rubavu: Babuze amazi meza, none bajya kuvoma ibirohwa muri Nyabisazi

Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Gikombe mu Murenge wa Nyakiliba, mu Karere ka Rubavu, bavuga ko bakoresha amazi y’ibirohwa bavoma mu mugezi utemba wa Nyabisazi, kubera ko babuze aho bavoma amazi meza. Uyu mugezi utemba hasi nubwo aba baturage bajya bakoresha amazi awutembaho mu buryo butandukanye, dore ko hari abo twasanze bari kuyameseramo imyenda yanduye hepfo yaho hari abana bari kuyoga, twamenye ko bayatekesha ndetse ko b’anayanywa, icyakora nubwo bimeze gutya, aba baturage nabo (...)

424 Shares 4 Comments
Nyagatare: Gitifu yanze gushyira umwana ku cyiciro none yabuze uko avuzwa
Nyagatare: Gitifu yanze gushyira umwana ku cyiciro none yabuze uko avuzwa

Umuturage utuye mu murenge wa Kiyombe mu karere ka Nyagatare, arashinja umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Nyakabungo kwanga gushira umwana ku cyiciro ubu akaba atabona uburyo bwo kumuvuza. Ni uwitwa Nyiraneza Anonciata uvuga ko yagannye ubuyobozi bw’akagari ka Nyakabungo ngo umwana we ashirwe ku cyiciro, ariko ubuyobozi bukamwangira ngo ntiyitabira service za Leta ubu aka ari kugorwa no kuvuza umwana.
Mu gahinda kenshi ati"Nagiye kwa gitifu nshaka ko ashyirira umwana ku cyiciro (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Huye: Haracyagaraga abana bari munsi y'imyaka 12 batarajya ku ishuri
Huye: Haracyagaraga abana bari munsi y’imyaka 12 batarajya ku ishuri

Mu karere ka Huye umurenge wa Tumba hari bamwe mu baturage bavuga hakigaragara abana bari munsi y’imyaka 12 batiga bitewe nuko iwabo ntabushobozi bafite bwo kugura ibikeresho by’ishuri.
Ubwo twageraga mu murenge wa Tumba w’akarere ka Huye twaganiye na bamwe mu baturage batuye muri aka gace twifuza kubabaza impamvu hari abana bari munsi y’imyaka 12 bahagaragara mu masaha yo kwiga baba bagendagenda mu midugudu itandukanye bo batagiye kwiga.
Ati “Hano hakunze kuba hari abana rwose bakiri bato (...)

424 Shares 4 Comments
Nakiriwe neza na Guverinoma y'u Rwanda, mvuye mu maboko ya M23 - Majoro Ndayambaje, watahiye rimwe na Jenerali Gakwerere
Nakiriwe neza na Guverinoma y’u Rwanda, mvuye mu maboko ya M23 - Majoro Ndayambaje, watahiye rimwe na Jenerali Gakwerere

Muri rusange abaturage bahoze ari abarwanyi mu mitwe yitwaje intwaro muri DRC, bakaza gutahuka mu Rwanda, bagaragaza ko bishimiye uburyo bafashijwe ndetse n’imibereho yabo mu Rwanda imeze neza, batayigeranya n’ubuzima bari babayemo muri DRC. Ndayambaje Gilbert, watahiye rimwe na Jenerali Gakwerere, mu kwezi kwa Kabiri muri uyu mwaka, avuga ko yaje mu Rwanda afite ipeti rya Majoro.
Ndayambaje, yagize ati" Nkimara gukandagira ku butaka bw’u Rwanda, nakiriwe neza na Guverinoma y’u Rwanda, (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyamagabe: Abaturage bahangayikishijwe no kwivuriza kure nyamara hari ivuriro bahawe rikora ari uko ubuyobozi bwabasuye
Nyamagabe: Abaturage bahangayikishijwe no kwivuriza kure nyamara hari ivuriro bahawe rikora ari uko ubuyobozi bwabasuye

Mu karere ka Nyamagabe umurenge wa Kitabi akagari ka Mujuga hari abaturage bavuga bahawe ivuriro ry’ibanze ngo rijye riborohereza urugendo bakoraga bajya kwivuriza kure ngo ariko iryo vuriro riheruka gukora ubwo baritahaga. Hirya no hino mu gihugu hagiye hubaka amavuriro y’ibanze yegerejwe abaturage azwi nka Poste de santé kugira ngo yorohereze abaturage baboneraga serivise z’ubuvuzi kure ariko kuri ubu abaturage binubira ko aya mavuriro yabaye bariga kuko ahenshi adakora nkuko bamwe mu (...)

424 Shares 4 Comments
Ubushinwa bwashyizeho Imigambi mishya mu guhangana n'imyuka yangiza ikirere
Ubushinwa bwashyizeho Imigambi mishya mu guhangana n’imyuka yangiza ikirere

Ubushinwa bwaje ku isonga mu bihugu bifite imigabo n’imigambi mishya yo kurwanya imihindagurikire y’ikirere. Byatangarijwe mu nama y’ahuje abayobozi batandukanye ku ngingo z’itandukanye iri kubera i New York. Perezida w’Ubushinwa, Xi Jinping, yagejeje ijambo rye ku bitabiriye iyi nama binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga kuri videwo aho yarari i Beijing, yatangaje ko Ubushinwa buzagabanya ibyuka bihumanya ikirere ku kigero kiri hagati ya 7% na 10% bitarenze umwaka wa 2035.
Ni ubwa (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gatsibo: Barataka gukoresha amazi y'ibiziba
Gatsibo: Barataka gukoresha amazi y’ibiziba

Mu karere ka Gatsibo abaturage barataka ibura ry’amazi mu murenge wa Rugarama mu kagari ka Matare umudugudu wa Bujumo. Aho bifashisha ikidendezi cy’amazi yaretse aho.
Abaturage twaganiriye batugaragarije ko bugarijwe no kuba umudugudu wabo udafite amazi ibibatera kwifashisha amazi aba yareze mu muhanda nk’uko babivuga. Uwitwa Gratiene Maniriho yagize ati’’Dukoresha aya mazi areka aha ku rutare kuko mu busanzwe aho amazi twayavoma ni kure cyane’’.
Aba baturage bavuga ko biri kubagiraho ingaruka (...)

424 Shares 4 Comments
Kirehe: Yasezerewe n'ibitaro atarakira
Kirehe: Yasezerewe n’ibitaro atarakira

Uwanyirigira Justice utuye mu karere ka Kirehe, arasaba kurenganurwa ni nyuma yo kwivuza ku bitaro bya Kirehe, ariko ntavurwe neza, kuko yasezerewe atarakira kandi ntahabwe imiti yose nk’uko yayishyuye. Uyu muturage mu busanzwe atuye mu karere ka Kirehe mu murenge wa Kirehe, avuga ko yahawe servise mbi n’ibitaro bya Kirehe ubwo yagiraga impanuka y’igare akaza aha ngo bamuvure, ariko ngo bakaba barahise bamusezerera kandi atarakira nk’uko abivuga.
Mu magambo ye yagize ati "nagize impanuka (...)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru