Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Hari abakobwa benshi cyane aha ngaha bahabonera abagabo - umwe usengera ahiswe ku Iriba rya Yakobo muri Nyundo

Hari bamwe mu baturage basengera mu mpinga y’umusozi hazwi nko ku Iriba rya Yakobo, mu Kagari ka Nyundo mu Murenge wa Nyundo, mu Karere ka Rubavu, bagaragaza ko habafasha iyo baje kuhasengera, bakabonera ibisubizo by’ibibabazo baba bafite.
Mbere yuko tuzamuka uyu musozi ngo tugere aho abari baje gusenga bari bateraniye, munsi yawo, twahasanze undi muturage atubwira ko nawe arikugana yo, ubundi, tugira amatsiko yo kumubaza impamvu ari ho yahisemo kujya gusengera. Ati"Nzamuka uno musozi (…)

Hari abakobwa benshi cyane aha ngaha bahabonera abagabo - umwe usengera ahiswe ku Iriba rya Yakobo muri Nyundo
Hari abakobwa benshi cyane aha ngaha bahabonera abagabo - umwe usengera ahiswe ku Iriba rya Yakobo muri Nyundo

Hari bamwe mu baturage basengera mu mpinga y’umusozi hazwi nko ku Iriba rya Yakobo, mu Kagari ka Nyundo mu Murenge wa Nyundo, mu Karere ka Rubavu, bagaragaza ko habafasha iyo baje kuhasengera, bakabonera ibisubizo by’ibibabazo baba bafite.
Mbere yuko tuzamuka uyu musozi ngo tugere aho abari baje gusenga bari bateraniye, munsi yawo, twahasanze undi muturage atubwira ko nawe arikugana yo, ubundi, tugira amatsiko yo kumubaza impamvu ari ho yahisemo kujya gusengera. Ati"Nzamuka uno musozi (…)

424 Shares 4 Comments
Papa Francis yasubukuye gahunda ya Congo
Papa Francis yasubukuye gahunda ya Congo

Ibiro bya Papa Francis byatangaje ko azasura Repubulika ya Demukarasi ya Congo hatari y’Italiki 31, Mutarama n’Italiki 3, Gashyantare, 2023.
Byatangajwe n’Umuvugizi w’Ibiro bya Papa, Mgr Ettore Balestrero mu kiganiro yagiranye na Perezida wa DRC, Felix Tshisekedi, cyabaye kuri uyu wa Kane Taliki 01, Ukuboza, 2022.
Kuri gahunda y’ingendo za Papa Francis handitseho ko nava muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo azakomereza muri Sudani y’Epfo nk’uko byari bipanze na mbere ubwo gahunda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Biyemeje ko ubukirisito bukomatanyije n'ubucuruzi buzira ruswa bukwiye kuganza mu batuye Isi
Musanze: Biyemeje ko ubukirisito bukomatanyije n’ubucuruzi buzira ruswa bukwiye kuganza mu batuye Isi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abitabiriye ihuriro ryigaga ku iyobokamana n’ubucuruzi rimaze iminsi 3 ribera mu karere ka Musanze basabwe kuba umusemburo wo kwamamaza ubutumwa bw’Imana bufatanyije n’ubucuruzi bwuguka ariko birinda igisa na ruswa.
Mu kiganiro cyatanzwe na Rev. Pasiteri Dorian wrigley waje aturutse muri Afurika yepfo, yavuze ko muri iki gihe abantu benshi basaritswe n’ubujura ndetse na ruswa aho gukorera Imana mu bucuruzi bwabo.
Yagize ati: "Abantu bakwiye gushyira (…)

424 Shares 4 Comments
Umuryango w'Abaramyi wungutse undi muhanzi mushya
Umuryango w’Abaramyi wungutse undi muhanzi mushya

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Uwiduhaye Micheline wo mu Karere ka Rubavu usanzwe uzwi mu kwigisha gucuranga gitari, yatangiye urugendo rwo gukora umuziki nk’umuhanzi wigenga.
Uwiduhaye Micheline ni umunyempano mushya, indirimbo ye ya mbere yasohoye yayise “Ngomorera.’’
Impano ya Uwiduhaye yatangiye kugaragara cyane ubwo yifataga amashusho asubiramo indirimbo z’abandi yifashishije gitari.
Nyuma yo kubona uko acuranga neza akanabyigisha abandi, Uwiduhaye avuga ko yahise agira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Cameroon : Hatwitswe Kiliziya hashimutwa abagera ku 8
Cameroon : Hatwitswe Kiliziya hashimutwa abagera ku 8

Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abantu bitwaje intwaro batwitse Kiliziya yitiriwe Bikiramaliya wa Nchang muri Cameroun banashimuta abagera ku munani, barimo abapadiri 5, umubikira 1 n’abakirirsitu 2.
Gusa kugeza magingo ntawe urigamba ubu bugizi bwa nabi bwabereye hariya.
Iki gikorwa cy’ubugizi bwa nabi cyabaye kuri uyu wa 18 Nzeri, nyuma yuko abandi bagizi ba nabi baje bagatwika kiliziya.
Iyi kiliziya yatwitswe ku wa 16 Nzeri, nabwo bigakorwa n’abantu batigeze bamenyekana.
Icyakora, (…)

424 Shares 4 Comments
Haracibwa amarenga ko Papa Fransis ashobora kwegura
Haracibwa amarenga ko Papa Fransis ashobora kwegura

Yanditswe NIMUGIRE Fidelia
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulia ku Isi, Papa Francis yateje igihuha nyuma yaho asubitse uruzinduko yari kugirira muri ku mugabane w’Afurika ndetse n’inama yari guhuriramo n’aba Karidinari iagsubikwa igitaraganya,gusa abahanga bavuze ko bica amarenga ko haba harimo gutegurwa iyegura ry’uyu mutegetsi.
Kubera uburibwe bwinshi afite mu ivi byatumye ategekwa agendera mu kagare k’abafite ubumuga guhera ibyumweru bishize.
Papa Francis w’imyaka 85 yasubitse (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umukobwa wendaga kuba Umubikira yishyikirije RIB nyuma yo kwandika ibaruwa akaburirwa irengero
Umukobwa wendaga kuba Umubikira yishyikirije RIB nyuma yo kwandika ibaruwa akaburirwa irengero

Umukobwa Furaha Florence, ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wendaga guhabwa Ububikira mu kigo cyabo cyo mu Karere ka Ngoma wari uherutse kwandika ibaruwa iteye urujiji yarangiza akaburirwa irengero yishyikirije RIB ya Kigali.
Inkuru y’ibura ryo uyu mukobwa Furaha yabonetse tariki 11 Gicurasi 2022, aho inzego z’ibanze zavugaga ko uyu mubikira yabuze tariki 08 Gicurasi.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry yatangaje ko uyu (…)

424 Shares 4 Comments
Pasitoro arimo kwishyuza abantu amadolari 700$ ngo abereke amarembo ajya mu Ijuru
Pasitoro arimo kwishyuza abantu amadolari 700$ ngo abereke amarembo ajya mu Ijuru

Umuvugabutumwa muri Nigeria ari mu mazi abira nyuma yo kubwira abantu ko azi irembo ryabageza mu ijuru riri mu Majyepfo ashyira Iburengerazuba bw’icyo gihugu, ariko agashyiraho ko babanza gutanga amafaranga.
Pasitori Ade Abraham yarezwe muri polisi n’umwe mu nshuti ze za hafi, avuga ko uyo mu pasitoro yamuciye amafaranga 310.000 by’amanaira (amafaranga yo muri Nigeria), angana n’amadorari y’abanyamerika 750, kugira ngo bashobore kubona iryo rembo avuga ko riri mu mugi wa Araromi-Ugbeshi, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
[AMAFOTO] Igishushanyombonera cy'Ingoro yo "Kwa Yezu Nyirimpuhwe" Ruhango cyashyizwe ahagaragara
[AMAFOTO] Igishushanyombonera cy’Ingoro yo "Kwa Yezu Nyirimpuhwe" Ruhango cyashyizwe ahagaragara

Ku mbuga ngari y’Ikibaya cy’Amahoro hazwi nko "Kwa Yezu Nyirimpuhwe" mu Karere ka Ruhango hagiye kubakwa Ingoro y’Amahoro nini izuzura itwaye akayabo ka Miliyari 2 z’amafaranga y’u Rwanda.
Ubusanzwe Kwa Yezu Nyirimpuhwe hamenyekanye cyane kubera abahasengera bavuga ko bahakiriye indwara zitandukanye, habera amateraniro manini buri cyumweru cya mbere cy’ukwezi, hagahurira Abanyarwanda baturutse hirya no hino mu gihugu ndetse n’abanyamahanga bavuye impande zose z’Isi.
Ubwo Minisitiri (…)

424 Shares 4 Comments
Pasiteri yabiciye arabicikiriza ngo yabonye Malayika mu mashusho yafashwe na Camera [AMAFOTO]
Pasiteri yabiciye arabicikiriza ngo yabonye Malayika mu mashusho yafashwe na Camera [AMAFOTO]

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Pasiteri Ekuma Uche Philips wo muri Benin yabiciye arabicikiriza ku mbuga nkoranyambuga, akwirakwiza amafoto yise aya Malayika, ko yafashwe na Camera zo mu rusengero mu kiswe Croisade muri icyo gihugu.
Ku rubuga rwa Facebook Dynastie Jonsaïque, Pasiteri Ekuma yanditse avuga ko abonye ibitangaza inshuro ebyiri aho malayika yabasuye batabizi.
Yagize ati "Mu by’ukuri ni igitangaza kikubye kabiri kuba Umumalayika yafashwe amafoto na za Camera mu gihe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru