Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Musanze: Umuhanda wa kaburimbo utaramara imyaka ibiri watangiye kuzamo ibinogo
Musanze: Umuhanda wa kaburimbo utaramara imyaka ibiri watangiye kuzamo ibinogo

Bamwe mu baturage mu karere ka Musanze, by’umwihariko abakunze gukoresha umuhanda mushya wa Kaburimbo uva kuri kaminuza ya Ines Ruhengeri-Kampanga-Rushubi, watangiye kwangirika utaramara n’imyaka ibiri.
Ibi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo TV ubwo yagerega mu murenge wa Kinigi, agera muri uwo muhanda, baravuga ko wasondetswe bityo bakifuza ko bakongera bakawusubiramo. Izabayo Leonard yagize ati: "Uyu muhanda wose wuzuyemo ibinogo kandi mu byukuri ntabwo uramara imyaka ibiri, (…)

424 Shares 4 Comments
Bugesera: Hari abana bigira munsi y'igiti
Bugesera: Hari abana bigira munsi y’igiti

Mu Murenge wa Mayange ho mu karere ka Bugesera hari abana bigira munsi y’igiti abandi ku dutebe, icyo giti kikaba gifatwa nk’icyumba cy’ishuri.
Ni ikibazo kiri ku ishuri riherereye mu Kagari ka Kagenge ku kigo cy’amashuri cya EP Gitaramuka.
Nk’uko abarezi babivuga, izo ncuke zigira munsi y’icyo giti no mu kizu kitaruzura, iyo hari izuba ryinshi cyangwa imvura iguye bakwira imishwaro bakajya kwigira mu rusengero rwa AEBER.
Abo barezi bavuga ko kwigisha muri ubwo buryo bigira ingaruka ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Ikamyo yari itwaye umuceri yahiriye muri parking
Rubavu: Ikamyo yari itwaye umuceri yahiriye muri parking

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, ku itariki 09 Mutamara 2025, mu Murenge wa Rugerero, muri parking y’amakamyo, ikamyo yari ipakiye umuceri iwuvanye i Mombasa muri Kenya yafashwe n’inkongi y’umuriro.
Iyi kamyo yahiye mu buryo bigaragara ko bukomeye, ndetse n’umwotsi mwinshi ucumba uzamuka hejuru.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rugerero Uwajeneza Jeannette, yabwiye Mama Urwagasabo Ngo iyi mpanuka yatewe no gushyuha kw’amapine yayo, nkuko bikubiye mu butumwa bugufi yoherereje (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Ikorwa ry'umuhanda Mushubati - Koko - Nkomero rigiye gusenyera umuryango wa Nyirimanzi
Rutsiro: Ikorwa ry’umuhanda Mushubati - Koko - Nkomero rigiye gusenyera umuryango wa Nyirimanzi

Amazi aturuka mu bikorwa byo kubaka umuhanda Mushubati - Koko - Nkomero mu karere ka Rutsiro yinjira mu nzu y’umuryango wa Nyirimanzi wo m umurenge wa Musasa mu kagari ka Nyarubuye akaba agiye kwangiza inzu ye abamo n’umuryango.
Ni inzu iherereye mu mudugudu wa Rebero mu kagari ka Nyarubuye, aho abari muri izo nzu bavuga ko kubera ubwinshi bw’ayo mazi bwatumye bigira inama yo kuyitobora kugira ngo ayo mazi ajye abona aho aca atarinze kuyisenya yose. Uyu musaza w’imyaka 72 avuga ko inzu ye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Bahangayikishijwe n'abihagarika mu nkuta z'umugi
Musanze: Bahangayikishijwe n’abihagarika mu nkuta z’umugi

Hari bamwe mu baturage bo mu karere ka Musanze bavuga bahangayikishijwe n’abantu bihagarika aho babonye hose, mu bikita by’inyubako z’umugi bigateza umwanda.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo TV ubwo yagerega mu mujyi wa Musanze aho yasanze hari abatajya kwihagarika mu bwiherero bwagenywe ahubwo bagahitamo kwikinga ku bikuta. Urugero rw’ahantu abaturage bakunze kwihagarika bigateza umwanda cyane ni ku nkuta z’isoko rya Musanze, riherereye muri Gale y’imodoka. (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abahoze Iwawa baravuga ko ibikoresho bemerwe byo kubafasha kwihangira imirimo batigeze babibona
Musanze: Abahoze Iwawa baravuga ko ibikoresho bemerwe byo kubafasha kwihangira imirimo batigeze babibona

Bamwe mu rubyiruko bahoze mu kigo ngorora muco Iwawa baravuga ko ibikoresho bemerewe byo kubafasha gushyira mu bikorwa imyuga bize muri iki kigo batigeze babibona.
Uru rubyiruko rwabitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo TV ubwo yagerega mu mujyi wa Musanze aho basaba ko bahabwa ibikoresho bakabyaza umusaruro amasomo bize.
Umwe muri bo witwa Valante yagize ati"Nagiye Iwawa niga imyuga nkubu nkanjye nize ubwubatsi ariko usibye iycemezo ko nabyize ,ntakindi baduhaye ,Tugiye gutaha (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gen Kainerugaba arashaka umutwe wa Bobi Wine
Gen Kainerugaba arashaka umutwe wa Bobi Wine

Umuhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, akaba n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, UPDF yatanagje ko ashaka guca umutwe Bobi Wine, umunyaporitike atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Se.
Mu butumwa yanditse ku mugoroba w’ejo ku cyumweru ku rubuga X rwahoze ari Twitter, Kainerugaba yavuze ko Se uyoboye Uganda kuva mu 1986 ariwe muntu wenyine, akingiye Bobi Wine kugira ngo ntamuce umutwe.
Kainerugaba akunze kwandika amajambo ateza impaka ku mbuga nkoranyambaga, harimo ibyo yigeze kwandika (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rugiye guhindura imiti ya malaria
U Rwanda rugiye guhindura imiti ya malaria

Guverinoma y’u Rwanda igiye gukoresha imiti mishya mu guhangana na Malaria imaze iminsi igaragara mu buryo budasanzwe mu bice bitandukanye by’igihugu.
Ni icyemezo cyatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC nyuma yuko bigiye bigaragara ko imiti isanzwe ikoreshwa mu kuvura Malaria itagifite ubukana ku ndwara ku kigero gisanzwe.
RBC yatangaje ko impamvu y’iyo miti mishya ari uko iyari isanzwe itari iri guhangana na Malaria mu buryo bwifuzwa bitewe n’uko iyo ndwara yari imaze kuyimenyera. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rutsiro: Abagabo bahohoterwa n'abagore bashakanye bakaryumaho
Rutsiro: Abagabo bahohoterwa n’abagore bashakanye bakaryumaho

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rutsiro, bavuga ko hakiri abagabo bahohoterwa n’abagore bashakanye, bikagera naho babakubita, ariko ntibajye kubarega bitewe n’impamvu zirimo kugira ikimwaro cyo kujya kurega ngo bakubiswe n’abagore.
Nikuze Christine, utuye mu Mudugu wa Rukundo, mu Kagari ka Kageyo, mu Murenge wa Mukura, asanga imwe mu mpamvu itera abagabo kutarega mu gihe bakubiswe n’abagore bashakanye ari uko bagira ipfunwe ryo kujya kurega mu gihe bahohotewe n’abagore babo.
Yagize (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abatuye mu murenge wa Nkotsi basoje umwaka bashimira Perezida Kagame
Musanze: Abatuye mu murenge wa Nkotsi basoje umwaka bashimira Perezida Kagame

Abaturage bo mu Murenge wa Nkotsi, w’Akarere ka Musanze bashimira Perezida Kagame wabahaye ishuri ry’imyuga, bakishimira ko ryakemuye ikibazo cy’urubyiruko rwahoraga rutobora inzu zabo kubera kutagira icyo bakora.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo TV ubwo yageraga muri uyu Murenge wa Nkotsi ahubatse iri shuri ry’imyuga ryegerejwe abaturage kugira ngo bihangire imirimo.
Nzaramba Enock yagize ati: "Iri shuri ridufatiye runini kubera ko mbere wasangaga urubyiruko (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru