Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Abatuye n’abacururiza mu isantire izwi nko mu Gakuba ni mu kagari ka Rutare mu murenge wa Rwempasha, bahana imbibi n’akagari ka Gitengure kari mu murenge wa Tabagwe bafite ikibazo cyuko insiga z’amashanyarazi zibaca hejuru y’inzu z’abaturage ariko ntamuriro bagira.
Ni isantire y’ubucuruzi iri kuri kaburimbo ndetse inakorerwamo imirimo myinshi ikenera umuriro, hari abahakorera umwuga wo kogosha, abakanishi, aba bose bagaragaza ko baba bakeneye umuriro.
Abaganiriye n’umunyamakuru wa Mama (…)
Imibare y’Abanyarwanda bamaze kwica n’amasasu aturuka muri mirwano ya M23 n’igisirikare cya DRCCongo igeze ku bantu 9 mu gihe abagera kuri 600 bamaze kuvanwa mu byabo bahungishwa ahagera amasasu.
Ku munsi w’ejo nibwo Abanyarwanda bahitanwe n’amasasu yavaga i Goma byatangajwe n’u Rwanda ko bageze kuri 5, abandi 20 barakomereka.
Abari kugerwaho n’aya masasu ni abaturage baririye umupaka wa DRCongo n’u Rwanda, ku gice gihera ku mupaka muto uzwi nka Petite Barierre ku ruhande rw’u Rwanda, (…)
Abahunga imirwano ikomeye y’Umutwe wa M23 n’igisirikare cya DRCongo mu mugi wa Goma bahungira mu Rwanda bamaze kubera ku 1200.
Impunzi zirimo kwakirwa mu nkambi ya Rugerero iherereye mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba, nk’uko byemezwa na Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA).
Imvaho nshya yasanze kugeza saa tanu zo muri iki gitondo kuwa 28 Mutarama 2025 imodoka zari zikizana impunzi zikomeje guhunga imirwano ihanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Leta (…)
Abaturage bo mu Murenge wa Kintobo mu karere ka Nyabihu bavuga ko bahangayikishijwe n’umugezi wa Kinoni, aho amazi yawo yasatiriye inzu zabo ukaba ugiye kubasenyera nyamara ubuyobozi bubireba.
Aba baturage babitangarije umunyamukuru wa Mamaurwgasabo TV ubwo yegeraga mu Murenge wa Kintobo mu gasantere k’akagari ka Nyamugari, mu mudugudu wa Kabagundu aho basaba ko hagira gikorwa imvura itaratangira kugwa ari myinshi igatwara inzu zabo nkuko byagendekeye abaturiye Sebeye muri Rubavu. (…)
Amasasu yavaga mu mirwano yahuzaga Umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya Congo FARDC yahitanye Abanyarwanda 5 abandi 20 arahakomeretsa ku gice cy’u Rwanda cyo ku mupaka na Goma.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Mutarama nibwo byari byemejwe ko Ingabo za M23 zaraye zifashe umugi wa Goma, ukaba umugi mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa DRCongo.
M23 yari yabyutse itanga itangazo ku ngabo za Leta, FARDC zaba zasigaye mu mugi wa Goma ko zigomba gutonda umurongo kuri (…)
Kuva na mbere u Rwanda rwakunze gushinja Ubutegetsi bwa DRCONGO gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, kuri iyi nshuro ho hanagaragaye ikimenyetso simusiga.
Ubwo yari agiye gusura ingabo zakomerekeye ku rugamba, Madamu Denise Nyakeru, akaba Umugore wa Perezida Tshisekedi, yagaragaye asura n’umusirikare ufite ibirango ku muboko by’umutwe w’abarwanyi kabuhariwe ba FDLR uzwi nka CRAP. Madam Denise Nyakeru wa Perezida Tshisekedi yasuye ingabo za leta, FARDC zakomerekeye ku rugamba na M23 Uyu (…)
Nyuma yo gusatira Umujyi wa Goma w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, umutwe w’inyeshyamba wa M23 wafunze ikirere cya Goma ubuza ingendo z’indege.
Ibi byemejwe mu itangazo ryashyizwe hanze kuri iki Cyumweru n’umuvugizi w’uyu mutwe mu bya Politike Lawrence Kanyuka.
Muri iri tangazo, yasabye ingabo z’amahanga ziri muri RDC zirimo iz’u Burundi, SAMIDRC guhagarika kwica abaturage no kuva ku butaka bwa Congo byihuse.
Magingo aya imirwano isatira Goma irarimbanyije, aho M23 yarahiriye gufata uyu (…)
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron cy’Ubufaransa, yahamagaye kuri telefoni Perezida Felix Tshisekedi na Perezida Paul Kagame kugira ngo baganire ku kibazo kiri kuzambya umutekano mu Burasirazuba bwa DRCongo.
Uyu Mutegetsi w’Ubufaransa ahamagaye bagenzi be nyuma yuko abonye ko ibihugu byombi bishobora kuba bigiye gucana umubano, cyane ko Leta ya Kinshasa yahamagaje Aba-Dipolomate bayo bari i Kigali igatanga n’amasaha 48 ku b’u Rwanda ngo bafunge ibikorwa byabo i Kinshasa.
Ibiro bya (…)
Umuriro ushobora kuba ugiye guturika mu mwotsi umaze igihe ucumba mu mubano wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, nyuma yaho noneho Leta ya Kinshasa ihaye amasaha 48 Aba-Dipolomate b’u Rwanda ikanahamagaza abayo basanzwe i Kigali.
Ni nyuma yaho Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Congo, Thereza Kayikwamba Wagner arekuye itangazo yanditse tariki ya 24 Mutarama 2025, avuga ko Kinshasa yahamagaje abadiplomate bayihagarariye i Kigali, hanyuma iha amasaha nkayo M23 yatanze (…)
Umutwe w’inyeshyamba za M23 watanze itangazo riburira Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko zifite amasaha 48 yo kuba zarambitse intwaro hasi zikava mu mugi wa Goma zitarahagera.
Ni amasaha abarwa guhera kuri uyu gatandatu tariki ya 25 Mutarama 2025 ubwo Umuvugizi w’uyu mutwe mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yasohoraga itangazo ritanga iki gihe ntarengwa.
Kanyuka yagize ati “AFC/M23 isabye abasirikare bose b’igisirikare cya RDC bari mu Mujyi wa Goma no mu nkengero (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















