Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

HUYE: Abaturage ubutaka bwanyujijweho imihanda y'imigenderano bagasigara iheruheru.

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Huye, Umurenge wa Tumba, mu tugari twa Cyimana na Cyarwa, baravuga ko bamaze imyaka igera kuri ibiri baratakamba nyuma y’uko imihanda y’imigenderano yanyujijwe mu butaka bwabo, bikabasiga iheruheru batabonye ingurane.
Iyi mihanda yubatswe mu rwego rwo gutunganya site zo guturamo, ariko abaturage bavuga ko hari abambuwe ubutaka bari barambirijeho, by’umwihariko urubyiruko rwari rwarabubonye rugamije kuzaryubakiraho ubuzima. Umwe muri bo wo mu kagari ka (…)

Ku myaka 24, Rosette Rugamba yinjiye mu Nama y'ubutegetsi y'ikigega Mpuzamahanga cyo kurengera ibinyabuzima
Ku myaka 24, Rosette Rugamba yinjiye mu Nama y’ubutegetsi y’ikigega Mpuzamahanga cyo kurengera ibinyabuzima

Rosette Chantal Rugamba, yabaye umwe mu bagore babiri binjiye ku kanama k’Ubutegetsi k’Ikigega Mpuzamahanga cyo Kurengera Ibidukikije, World Wildlife Fund for Nuture (WWF), hamwe n’Umunya-Kenyakazi Dr. Paula Kahumbu.
Uyu munyarwandakazi w’imyaka 24, asanzwe afite ikigo Songa Afroca gitwara ba mukerarugendo aho bashaka gutembera, anayobora kandi Hotel izwi nka Amakoro Songa Lodge yo mu karere ka Musanze.
Itangazo ry’uyu muryango WWF, ryasohotse kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Mutarama (…)

424 Shares 4 Comments
Imibare itangwa n'ubuyobozi bwa Pariki y'Akagera igaragaza ko Intare zimaze kwikuba gatatu kuva zakongerwamo
Imibare itangwa n’ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera igaragaza ko Intare zimaze kwikuba gatatu kuva zakongerwamo

By Imfurayabo Pierre Romeo
Pariki y’Igihugu y’Akagera yatangaje ko kuva Intare zongerwa muri iyi Pariki mu 2015, umubare wazo umaze kwikuba gatatu ndetse n’abasura iyi pariki bakomeje kwiyongera, ari nako umusaruro wayo mu bijyanye n’amafaranga na wo urushaho kuzamuka.
Imibare mishya y’ikigo African Parks gicunga iyi pariki, igaragaza ko mu mwaka ushize yasuwe n’abantu basaga 44,000, aho abasaga kimwe cya kabiri muri bo ari Abanyarwanda. Ibyo byanatumye yinjiza amafaranga agera kuri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Habura iminota 56 ngo icyogajuru cy'Ubuhinde cyerekeze ku kwezi havutse ikibazo cyatumye bisubikwa
Habura iminota 56 ngo icyogajuru cy’Ubuhinde cyerekeze ku kwezi havutse ikibazo cyatumye bisubikwa

Kohereza icyogajuru cya kabiri cy’Ubuhinde ku kwezi byahagaze ubwo hari hasigaye igihe kitageze ku isaha ngo kizamuke, kubera ikibazo cya tekinike.
Ibiro bishinzwe iby’isanzure by’Ubuhinde byavuze ko "habura iminota 56 ngo iki cyogajuru kigende habonetse ikibazo tekiniki mu buryo bwo guturitsa butuma gihaguruka".
Iki cyogajuru cyagombaga guhaguruka hafi saa cyenda z’urukerera mu burasirazuba bw’Ubuhinde (saa sita z’ijoro mu Rwanda). Kugihagurutsa byahise bishyirwa ikindi gihe.
Cyari (…)

424 Shares 4 Comments
Indege ya ‘Brussels Arilines' Inyoni yayibujije gukomeza urugendo
Indege ya ‘Brussels Arilines’ Inyoni yayibujije gukomeza urugendo

Indege ya sosiyete intwara abagenzi ‘Brussels Arilines’ byayisabye guhita isubira ku kibuga kuri uyu wa 4 Kanama 2018 ubwo inyoni yari imaze kuyigonga nyuma y’ igihe gito ihagurutse ku kibuga cy’ indege cya Buruxelles.
Umuvugizi w’ iyi sosiyete yatangaje ko iyi ndege nyuma yo kugongwa n’ iyi nyoni yangiritse muri moteri.
Iyi ndege yabanje kuzenguruka mu kirere mbere y’ uko igwa kuko bitari biyoroheye guhita yongera kugwa ku kibuga.
Umuvugizi wa Brussels Airlines yavuze ko bibaho kenshi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ikipe ya Arsenal yatangiye kwamamaza ubukerarugendo mu Rwanda
Ikipe ya Arsenal yatangiye kwamamaza ubukerarugendo mu Rwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere mu Rwanda, RDB, binyuze mu kigo gishinzwe guteza imbere ubukerarugendo bushingiye ku nama, Rwanda Convention Bureau, cyinjiye mu bufatanye n’ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza, bugamije kumenyekanisha u Rwanda nk’icyerekezo gikomeye cy’ubukerarugendo, binyuze mu gushyira ikirango cy’u Rwanda ku maboko y’imyenda yayo.
Iyi kipe iri mu zifite abafana benshi ku Isi ni imwe mu zikunzwe mu Rwanda, ikaba ari nayo ifanwa na Perezida Paul Kagame ndetse muri (…)

424 Shares 4 Comments
Mkapa wigeze kuyobora Tanzania ageze i Musanze
Mkapa wigeze kuyobora Tanzania ageze i Musanze

Benjamin William Mkapa wayoboye Tanzania ageze mu Kinigi mu Karere ka Musanze mu birori byo kwagura Parike y’Igihugu y’Iburunga.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kugaragaza ahatarengwa mu koga mu Kivu byagabanyije impanuka zatezaga impfu
Kugaragaza ahatarengwa mu koga mu Kivu byagabanyije impanuka zatezaga impfu

Muri Gicurasi 2017 Akarere ka Rubavu kashyizeho abantu bagenzura aboga mu Kiyaga cya Kivu hagaragazwa naho batagomba kurenga mu kwirinda ipfu z’abakigwamo.

424 Shares 4 Comments
Mkapa asanga u Rwanda rufite ahazaza heza kubera kurengera ibidukikije
Mkapa asanga u Rwanda rufite ahazaza heza kubera kurengera ibidukikije

Benjamin Mkapa wahoze ari Perezida wa Tanzania avuga ko ashimishijwe n’uburyo u Rwanda ruri kuza ku isonga mu kurengera ibidukikije, mu gihe ibindi bihugu bisubira inyuma.

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igikomangoma cyo muri UAE kiri gushaka amahirwe y'ishoramari mu Rwanda
Igikomangoma cyo muri UAE kiri gushaka amahirwe y’ishoramari mu Rwanda

Igikomangoma Sheikh Abdul Aziz Al Nuaimi uturuka muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu ari mu Rwanda aho yaje kureba ibikorwa byo kubungabunga ibidukikije yashoramo imari.

424 Shares 4 Comments
Rwandair yari isanganywe gahunda yo kwigarurira isoko rya Afurika yasubijwe
Rwandair yari isanganywe gahunda yo kwigarurira isoko rya Afurika yasubijwe

Ingamba zo gufungura ikirere cya Afurika kuri kompanyi z’indege Nyafurika zije ari inkuru nziza kuri Rwandair, yari isanganywe intego yo kwigarurira isoko rya Afurika.

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru