Hari bamwe mu baturage basengera mu mpinga y’umusozi hazwi nko ku Iriba rya Yakobo, mu Kagari ka Nyundo mu Murenge wa Nyundo, mu Karere ka Rubavu, bagaragaza ko habafasha iyo baje kuhasengera, bakabonera ibisubizo by’ibibabazo baba bafite.
Mbere yuko tuzamuka uyu musozi ngo tugere aho abari baje gusenga bari bateraniye, munsi yawo, twahasanze undi muturage atubwira ko nawe arikugana yo, ubundi, tugira amatsiko yo kumubaza impamvu ari ho yahisemo kujya gusengera. Ati"Nzamuka uno musozi (…)
Musenyeri wa Diyosezi ya Gahini mu Itorero ry’Abangilikani, Dr Gahima Manasseh yabwiye abagore n’abagabo ko badakwiriye gupfa utuntu duto ngo bihutire gushaka za gatanya mu mategeko ngo nuko babyemerewe, abasaba kubana bubahana ndetse bakanababarirana.
Ubu butumwa yabutanze kuri uyu wa Gatanu ubwo mu Murenge wa Kiramuruzi basezeranyaga imiryango 90 yabanaga mu buryo butubahirije amategeko, iyo miryango ikaba yarigishijwe ibyiza byo gusezerana n’Itorero ry’Abangilikani, yiyemeza guhinduka. (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
“Wa muntu witwa Yesu yatobye akondo akansiga ku maso arambwira ati jya I Silowamu wiyuhagire nuko ndagenda ndiyuhagira ndahumuka”(ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo uko bwanditswe na Yohani,9:1-12).
Nkuko urubuga rwa Holyland rubivuga,ikidendezi cya Silowamu giherereye mu majyepfo y’umujyi wa Dawidi.Icyo kidendezi kikaba kirimo amazi, aha hantu rero hakaba handitse mu gitabo cya bibiliya y’abaheburayo ndetse no mu isezerano rishya.
Iki kidendezi rero bajya banita (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umuganga akaba n’umwarimu w’umuhanga ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi Ovide Decroly yashinze ishuri ry’abana mu 1901,aza gushinga n’irindi ry’abana bafite ubuzima buzima(enfants normaux) mu mwaka wa 1907. Igikorwa cye cyagiye mu murongo w’abandi bahanga nka J.Itard na M.Montessori bashyizeho amahame y’ingenzi agenderwaho mu burezi bushyashya.
Urubuga rwa universalis ruvuga ko imyigishirize ya Decroly igizwe n’ibikorwa by’umubiri(activités phyisiques),uburezi (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo Abakristu bo muri Sri Lanka basengeye imuhira nyuma y’icyumweru habaye urukurikirane rw’ibitero by’ibisasu byagabwe n’intagondwa zigendera ku mahame akaze y’idini ya isilamu.
Karidinali Malcolm Ranjith, Musenyeri mukuru w’arkidiyosezi yo mu murwa mukuru Colombo, yasomye misa yanyuze kuri televiziyo - misa yanitabiriwe na Perezida Maithripala Sirisena w’iki gihugu ndetse na Minisitiri w’intebe Ranil Wickremesinghe.
Muri iki gitambo cya misa yasomeye muri shapeli (…)
By Imfurayabo Pierre Romeo
Umuyobozi w’Itorero ry’Abaporotesitanti muri Uganda, Mgr Stanley Ntagali yanenze ababyeyi bafata abana ku ngufu ndetse n’ababyarana n’abo batashakanye, abasaba kugenzura irari ry’ibitsina byabo.
Ibi uyu mushumba yabitangaje ubwo yatangaga ubutumwa bwa pasika ku bakirisitu mu kiganiro n’itangazamakuru i Namirembe.
Ati “ Babyeyi, mushobora kugenzura irari ry’ibitsina byanyu mukareka gufata ku ngufu abana bityo mukaba indahemuka ku bo mwashakanye. Tuzi uko biba (…)
Yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo Src: Igihe Umuhanzikazi uhimbaza Imana uri mu bazamukanye imbaraga, Umuhoza Zigrid [Hello Ziggy] yiyunze na Oliver D’Legend batunganya indirimbo yitwa “1000”, ishingiye ku nkuru yabayeho. Indirimbo “1000” yatunganyirijwe muri Touch Records na Producer Evydecks.
Hello Ziggy asengera muri Evangelical Restoration Church i Kabuga, itorero yagezemo avuye muri Dormition Church yahozemo.
Impano y’ubuhanzi ifite imizi kuva mu buto bwe kuko yakuriye mu (…)
Yanditswe na Pierre Romeo Umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana zikoze mu njyana ya Jazz “Cubaka”akaba anasengera mu Itorero Restoration church i Masoro aratangaza ko yahisemo gukora muzika ihimbaza Imana ubuzima bwe bwose.
Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye n’Ikinyamakuru cy’Isezerano.com dukesha iyi nkuru ,aho yasobaraga cyane ku mwuga akora w’ubuhanzi bw’indirimbo zihimbaza Imana zicuranze mu njyana ya Jazz ikunzwe gucurangwa cyane n’abirabura bo muri Amerika.
Yagize ati :”maze (…)
Yanditswe na Romeo Imfurayabo Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya kuri iki Cyumweru, itariki 17 Werurwe yatunguye abakirisitu bari bari mu rusengero ubwo bagiraga gutya bakabona bicaranye nawe nta burinzi ubwo ari bwo bwose afite, aho bivugwa ko uyu mugabo akunze kwicisha bugufi mu gihe atari mu kazi.
Kuri iki Cyumweru, Perezida Kenyatta ngo yatunguye abakirisitu kuri Bazilika yitiriwe Umuryango Wera (Holy Family Basilica) nyuma yo kujya mu misa ari wenyine.
Mu mupira w’amaboko magufi wo mu (…)
Yanditswe na Pierre Romeo Umuhanzi w’ indirimbo zihimbaza Imana yavuze ko Yesu yafashwe n’abatambyi mu gihe yago mbaga gufatwa n’abapolisi bisobanura akarengane gakomeye Umwami Yesu yagiriwe ubwo bamubambaga ku musaraba.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa kane taliki ya 14 Werurwe ,ubwo yasobanuraga byinshi ku ndirimbo ye nshya y’amashusho aherutse gusohora kuwa kabiri w’iki cyumweru yitwa” Umugoroba” ivuga cyane ku rupfu rwa Yesu Kristo.
Mu kiganiro umuhanzi Bigizi Gentil yagiranye (…)
Yanditswe na Imfuraybo Pierre Romeo
Kuri iki Cyumweru tariki 03/03/2019 ni bwo Healing Worship Team bakoze igitaramo gikomeye ’My Life in Your Hands Live Concert’ cyabereye i Rusororo muri Intare Conference Arena baherewe ubuntu badatanze n’igiceri cy’ijana nk’uko babitangarije abitabiriye iki gitaramo ndetse bakanabihamiriza Inyarwanda.com dukesha iyi nkuru. Iki gitaramo cyaranzwe n’ubwitabire buri ku rwego rwo hejuru
Iki gitaramo cy’imbaturamugabo cya Healing Worship Team cyitabiriwe (…)
Haracibwa amarenga ko Papa Fransis ashobora kwegura
20 June 2022Cameroon : Hatwitswe Kiliziya hashimutwa abagera ku 8
21 September 2022
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























