Hari bamwe mu baturage basengera mu mpinga y’umusozi hazwi nko ku Iriba rya Yakobo, mu Kagari ka Nyundo mu Murenge wa Nyundo, mu Karere ka Rubavu, bagaragaza ko habafasha iyo baje kuhasengera, bakabonera ibisubizo by’ibibabazo baba bafite.
Mbere yuko tuzamuka uyu musozi ngo tugere aho abari baje gusenga bari bateraniye, munsi yawo, twahasanze undi muturage atubwira ko nawe arikugana yo, ubundi, tugira amatsiko yo kumubaza impamvu ari ho yahisemo kujya gusengera. Ati"Nzamuka uno musozi (…)
Ubutinganyi mu bihayimana, gufata ku ngufu no gushuka abana bakabasambanya, ni bimwe mu bikorwa by’urukozasoni bikomeje gusiga icyasha Kiliziya Gatolika, bidasize Abasenyeri n’abapadiri benshi bagahagarikwa ku mpamvu zirimo kubikora no kubireberera.
Umwaka wa 2018 waranzwe no gusaba imbabazi kwa Papa Francis no kwegura kw’abapadiri n’abasenyeri kubera ibyaha by’ubusambanyi. Urugero ni aho Abasenyeri bose bo muri Chili beguriye rimwe kuko nta cyo bakoze ku bapadiri bashinjwe ibyaha byo (…)
Hyssop choir ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Kiruhura, yamaze gushyira hanze indirimbo nshya bakoranye na Alex Dusabe umwe mu bahanzi nyarwanda bakunzwe cyane mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana.
Hyssop choir ikorera umurimo w’Imana mw’itorero rya ADEPR Kiruhura, ikaba igizwe n’abaririmbyi baciye ku ntebe y’ishuri gusa, muri make ni korali igizwe n’abagabo n’abagore bakiri urubyiruko mu myaka yiganjemo abasore n’inkumi cyane. Mu kwandika indirimbo zabo zose bifashisha (…)
yanditswe na Imfurayabo Pierre Romeo
Uwigeze kuba kardinali muri Kiliziya Gatolika,Theodore McCarrick, yirukanywe burundu nyuma y’uko ashinjwe ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye urubyiruko. Theodore McCarrick ni we muyobozi mukuru wa mbere wirukanywe mu bupadiri mu mateka ya Kiliziya yo mu gihe cya none.
Abayoboye Kiliziya Gatulika muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ko amakosa ashinjwa arimo kuba yarakoresheje urubyiruko ihohoterwa rishingiye ku gitsina imyaka hafi 50 (…)
172
Abagize umuryango w’umuhanzi Bigizi Gentil wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ndetse n’inshuti ze bari mu kababaro ko kumva inkuru ibabaje y’urupfu rw’umwana wa Bigizi Gentil wapfuye arimo kuvuka.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 10 Mutarama ni bwo hamenyekanye inkuru y’akababaro yuko Umufasha wa Bigizi Gentil yibarutse umwana agahita apfa arimo kuvuka. Byabereye ku bitaro bikuru bya Kaminuza bya Kigali (CHUK). Aya makuru yemejwe n’umuhanzi Bigizi Gentil ndetse avuga ko umufasha (…)
Prezida Abdul Fattah al-Sisi yafunguye urusengero runini cyane mumugi mukuru mushya wa politike uherereye mu burasirazuba bwa cairo , inyuma y’umusi umwe igisasu giturikiye iruhande ry’usengero ry’aba kopute.
Uru rusengero rushya ’Cathedral of Nativity’ yasomewemwo imisa ya mbere hari abashijwe umutekano beshi kuri iki cyumweru , bucya ari Noheli y’aba kopute.
Perezida wa Misiri Abdul Fattah al-Sisi yitabiriye aya masengesho nawe
Abakopute bagize n’ibice 10% bya baturage ba (…)
Mugisha Elisabeth watangiye aririmba muri chorale Goshen y’I Gikondo avuga ko nyuma y’aho agereye mu gihugu cya Canada, yakomeje gukorera Imana mu buhanzi bw’indirimbo zihimbaza Imana ndetse akaba yamaze gushyira hanze indirimbo yitwa “Talk to me” Mu kiganiro twagiranye ari aho mu gihugu cya Canada yadutangarije bimwe mu bimwerekeyeho ndetse anatubwira aho urugendo rwo rugeze mu gukorera Imana abinyujije mu buhanzi, nyuma y’uko yari amenyereweho kuririmba ari mu makorale ubu akaba asigaye (…)
Joyce Meyer, umunyamerika w’umubwirizabutumwa w’icyamamare ku isi akaba n’umwanditsi w’ibitabo byinshi bya gikirisito ndetse akaba n’umuyobozi w’itorero rye ryitwa Joyce Meyer Ministries ukunze no kubwiriza ku itangazamakuru, yatanze ubuhamya bw’ukuntu yababariye se wamusambanyije ku ngufu inshuro zisaga 200 zose mu myaka itandukanye yo mu bwana bwe.
Joyce Meyer yavutse kuwa 04 Kamena 1943, amazina ye bwite ni Pauline Joyce Hutchison, yashakanye na Dave Meyer ari na bwo yatangiye (…)
Umuhanzikazi nyarwanda wamamaye mu kuririmba indirimbo zihimbaza Imana, Aline Gahongayire, yibutse Ubuntu bw’Imana buhora bumurinze aterura amagambo yo kuyishima no kuyihimbaza abwira abakunzi be ko kwizera Imana no gukunda gukiranuka bizabarinda gucirwa urubanza n’abana b’abantu.
Umuhanzikazi Aline Gahongayire akunze kunyuza ubutumwa butandukanye ku mbuga nkoranyambaga ze bugakundwa na benshi bakunze kubigaragariza mu byo bagenda babuvugaho.
Ingingo nyamukuru ubutumwa bw’uyu muhanzikazi (…)
Muri iyi nyigisho nifuza kubahishurira imitego 5 Farawo yateze Abisirayeli ariko n’ubu Satani akaba agikomeje kuyikoresha arwanya abana b’ Imana. Biradusaba kuyirinda kugira ngo tutayigwamo.
Haracibwa amarenga ko Papa Fransis ashobora kwegura
20 June 2022Cameroon : Hatwitswe Kiliziya hashimutwa abagera ku 8
21 September 2022
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























