Friday . 17 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

APR FC yatsinze KMC igitego 1-0, yegukana umwanya wa 3 muri CECAFA KAGAME CUP

Monday 15 September 2025
    Yasomwe na

Ni umukino wabereye kuri stade ya KMC wahuzaga ikipe y’Ingabo y’Igihugu na KMC.


APR FC yatsinze KMC igitego kimwe yegukana umwanya wa gatatu muri CECAFA KAGAME CUP.

Mu mpera z’igice cya mbere ku mupira wazamukanywe na Byiringiro Gilbert Kagege Memel Dao umukinnyi mushya wa APR FC yarobye umuzamu, igice ya mbere gihita kinarangira.

Umukino waje gukomeza KMC igerageza kwishyura ariko biba iby’ubusa binarangira gutyo APR FC itahukanye intsinzi.

APR FC itahanye ibihumbi 10k$ ni mu gihe Singida yegukanye igikombe ihambwa 30k$, Al Hilal ikaba iya kabiri aho yabonye 20k$.


Ikipe ya Singida yegukanye igikombe.

Biteganyijwe ko APR FC irahita igaruka mu Rwanda kwitegura Shampiyona ndetse na Pyramids bafitanye umukino tariki ya 1 mu kwezi gutaha kwa Cumi.

Iranzi Shema Bonheur

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru