Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Aba-Ofisiye 24 basoje amasomo abongerera ubumenyi

Monday 27 March 2023
    Yasomwe na

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude

Ba-Ofisiye 24 baturutse mu ngabo z’u Rwanda basoje amahugurwa yari agamije kubongerera ubumenyi bujyanye no kubungabunga amahoro mu muryango w’abibumbye bari bamazemo hafi ibyumweru bibiri mu Kigo cy’amahoro i Musanze.

Umuyobozi mukuru w’Ikigo Cy’Igihugu Cy’Amahoro (Rwanda Peace Academy) Col Jill Rutaremara wasoje aya mahugurwa ku mugaragaro yabasabye kuzakoresha ubumenyi bahawe.

Ni amahugurwa yari yatangiye kuva tariki ya 13 Werurwe 2022, yiswe UNSOC yateguwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Amahoro (Rwanda Peace Academy) ifatanyije n’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) ndetse n’Igihugu cy’Ubwongereza binyuze mu kigo cy’Ingabo gifasha afurika na British Support Team-Africa.

Aya masomo yabafashije kubongerera
ubumenyi kubwo bari basanzwe bafite mu bijyanye no kubungabunga amahoro mu muryango w’abibumbye, yitabiriwe nabafite amapeti ya Lieutenant Colonel na Captain.

Hagati (Rtd) col Jill Rutaremara, umuyobozi wa Rwanda Peace Academy

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru