Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Abasaga 600 bahuriye i Kigali mu nama yiga uko muri Afurika hasaranganywa imari mu kwikura mu bukene

Tuesday 19 October 2021
    Yasomwe na

MUTUNGIREHE Samuel

Kuri uyu wa Kabiri i Kigali mu Rwanda hagiye gutangira ibiganiro by’inama izwi nk’Icyumweru Nyafurika cy’Ibigo by’Imari Iciriritse “Semaine Africaine de Microfinance, SAM” isuzumirwami bijyanye n’isaranganwa ry’ubukungu no kugeza serivisi z’imari kuri benshi bashoboka ku mugabane w’Afirika nk’uburyo bwo gucogoza ubukene bwatijwe umurindi n’icyorezo cya COVID19 cyaje gisanga nubundi utorohewe.

Ni inama u Rwanda rwakiriye, ibaye ku nshuro ya gatanu, ije isanga umugabane w’Afurika kimwe n’indi migabane ku isi iri mu ihungabana ry’ubukungu ryatewe n’icyorezo cya COVID19.

Ni inama ihuriyemo impuguke zitandukanye mu by’ubukungu, abakora mu nzego z’imari, amabanki, abafatanaybikorwa mu ishiramari n’abandi bose hamwe barenga 600 uko baturutse hirya no hino mu bihugu byo ku mugabane w’Afurika.

Kugeza ubu ubushakashatsi bugaragaza ko mu Rwanda igipimo cyo kwizigamira mu Banyarwanda kigeze kuri 13%, muri gahunda y’Igihugu Mbaturabukungu NST1 biteganywa kugera kuri 20% mu 2024.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru