Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

CRISTIANO RONALDO YASABWE KUTAZA GUSHYINGURA DIOGO JOTA

Monday 7 July 2025
    Yasomwe na

Mu muhango wo guherekeza Diogo Jota n’umuvandimwe we Andre, umunyabigwi Cristiano Ronaldo yasabwe n’abakinnyi ndetse n’abo mu muryango wa nyakwigendera ko ataza mu muhango wo guherekeza Diogo Jota.


Ronaldo na Jota

Umuhango wo gushyingura Jota n’umuvandimwe we Andre

Iyo Cristiano aramuka aje byashoboraga kubangamira umuhango, kuko abantu bakwibagirwa ko ari umwanya wo kwitonda no gukurikiza amabwiriza bikaba byateza akavuyo kubera abafana ba Ronaldo, ndetse yewe abari hafi y’umuryango wa Jota ibi ntibabisabye Cristiano wenyine, ahubwo ngo na Messi bamusabye ko yazasura abasigaye, kubera ubwamamare bw’aba bakinnyi bombi.


Messi ntiyangiye gushyingura Jota

Ronaldo wakinanye na Jota mu ikipe y’igihugu nawe ntiyamushyinguye

Hari aho biba bikwiye ko aba bakinnyi bakomeye batajya kugira ngo bitabangamira gahunda za bo, kandi si aha gusa kuko Messi akiri muri Espanye yigeze gutangaza impamvu adakunze kwitabira MISSA kubera ko abantu bamurangariraga ntibabe bakitaye kuri padiri. Cristiano Ronaldo biteganyijwe ko azajya gusura abasigaye kandi hari n’ibyo yemereye umuryango wa Jota azawufasha.


Messi na Ronaldo ibyamamare muri Ruhago

NIYOYITA Egide.

Amafoto y’umuhango wo gushyingura Diogo Jota n’andi asanzwe




Umuhango wo gushyingura Jota n’umuvandimwe we Andre










Jota n’umuvandimwe Andre bishwe n’imodoka

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.