Saturday . 18 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

Ibyo wamenya kuri Nyirabahire Languida, umukandida muba Depite uhagarariye abagore mu mujyi wa Kigali

Friday 10 August 2018
    Yasomwe na

Nyirabahire n’Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo wungirije ushizwe imibereho myiza,ni umubyeyi w’abana batatu n’umugabo, afite icyiciro cya 2 cya kaminuza muri (Project management), n’icyiciro cya 3 cya kaminuza muri (Planning)yakuye mu gihugu cya Cameroon, ahitwa Doual.

Sibyo gusa kandi Nyirabahire yakoze muri Caritas Rwanda, Care Intern ndetse anakora muri Handicap International muri ibi bigo byose yakozemo yari ashinzwe kwandika imishinga iciriritse iteza imbere abatishoboye muri ibyo bigo (Strategic Plan).

Kugeza ubu Madame, Nyirabahire n’Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo wungirije ushizwe imibereho myiza, aho akomeje guteza imbere abagore n’abatishoboye.

Kuri ubu Nyirabahire yemejwe bidasubirwaho nk’umukandida Depite, uhagarariye abagore mu mujyi wa Kigali, akaba ari muri cya cyiciro cyihariye cy’abagore, bazatangira kwiyamamaza kuri 20 kanama 2018.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru