Friday . 20 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Itariki y’Amatora ya Perezida n’abadepite yatangajwe

Tuesday 12 December 2023
    Yasomwe na

Iteka rya Perezida ryerekeye amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ryasohotse ku wa Mbere tariki 11 Ukuboza 2023.

Ni amatora akomatanyijwe agiye gukorwa bwa mbere mu Rwanda, kuko byari bisanzwe buri rwego rugira igihe cyarwo cy’amatora.

Aya matora yahujwe hagamijwe kugabanya ikiguzi byatwaraga ngo amatora abe.

Aya matora ahujwe kandi mu gihe na manda ya perezida uzatorwa izamara imyaka itanu kimwe n’iyo abadepite bamara kuri uwo mwanya.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru