Monday . 2 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more
  • 23 February » Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda – read more

Kigali: Hagiye gupimwa 15% by’abatuye buri mudugudu

Friday 16 July 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Ministering y’Ubuzima n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima bafatanyije m’umujyi wa Kigali bagiye gupima COVID-19 abaturage bo mu midugudu hagapimwa 15% bya buri mudugudu.

Ni gahunda MINISANTE ivuga ko izatangirana n’iyi Guma Mu Rugo igiye gutangira tariki ya 17 Nyakanga 2021.

Ku rwego rw’Umurenge, igikorwa kizakurikiranwa n’Ubuyobozi bw’Umurenge bufatanyije n’ubuyobozi bw’ikigo nderabuzima.

Ku rwego rw’Akagari n’Umudugudu gikorwa kizakurkiranwa n’Abayobozi b’Akagari.

Ku rwego rw’Akagari n’Umudugudu iki gikorwa kizakurkiranwa n’Abayobozi b’Akagari, Umukuru
w’Umudugudu (Mudugudu) n’Umuyobozi w’Isibo (Mutwarasibo) bafatanyije n’abakozi ba leta
boherejwe gufasha muri iki gikorwa.

Abazapimwa bazatahana ibisubizo bityo n’abazasanga baranduye coronavirus bafashwe kuvurwa kandi ku buntu.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru