Thursday . 19 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Rubavu: Polisi yarashe umunyeshuri arapfa mu gukumira magendu

Monday 7 October 2024
    Yasomwe na


Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ku itariki 07 Ukwakira 2024, Polisi y’u Rwanda yarashe abaturage bari mu bikorwa by’ubucoraracora, hanyuma umwana umwe wigaga mu wa kabiri w’Amashuri y’Isumbuye ahasiga ubuzima.

Intandaro y’iri hangana ryabaye ngo ubwo abazwi nk’abacoracora bageragezaga kwinjiza mu Rwanda magendu y’imyenda bari bavanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Ibi byabereye mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu. Urupfu rwuyu mwana rwarakaje abaturage, bafata amabuye batera kuri Polisi nayo mu kwirwanaho ibarasaho, ndeste bamwe barakomereka ngo aho batandatu (6), bajyanywe kuvuzwa

Twagerageje kuvugisha Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba ntiyatwitaba, n’ubutumwa twamwoherereje ngo aduhe ibisobanuro muri ibi ntuyabushubije.

Nyuma yubu bushyamirane Umuyobozi wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa, CP Vincent B Sano ari kumwe na Meya w’akarere ka Rubavu, Murindwa Prosper, bahise bakorana inama n’abaturage. Basabye abaturage kwirinda guhangana n’inzego zishinzwe umutekano.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru