Thursday . 19 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Trump yarusimbutse arimo kwiyamamaza

Sunday 14 July 2024
    Yasomwe na

Mu buryo butangaje ariko birimo umuteguro utoroshye, umusore w’imyaka 20 yarashe mu cyiciro Donald Trump wabaye Perezida wa Leta zunze Ubumwe za America ku bw’amahirwe ararusimbuka.

Byabereye muri Leta ya Pennsylvania, kuri uyu wa Gatandatu ubwo Trump yari mu bikorwa byo kongera kwiyamamaza gusubira ku ntebe y’igitinyiro cya America.

Abantu bagiye kumva bumva isasu barebye babona Donald Trump yikubise hasi.

Abashinzwe umutekano bahise bahamuvana igitaraganya baramujyana.

Bidatinze Donald Trump yahise atangaza ko akiriho kandi ari kumva ameze neza buhoro buhoro.

Uwamurashe nawe yarashwe arapfa, ariko igikorwa yakoze cyasigiye benshi kwibaza ku mikorere y’abashinzwe umutekano bashinzwe kurinda abantu bakomeye.

Ni ikibazo gikomeye kuko bitaherukaga ko umuntu urasha Umukuru w’Amerika cyangwa uwigeze kuyiyobora.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru