Saturday . 18 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 10 April » Michigan yiyongereye kuzindi leta zibuka Jenoside yakorewe Abatutsi – read more
  • 1 April » Perezida w’u Burundi yaragije Imana igihugu cye nyuma y’uko ububiko bw’intwaro z’igisirikare cy’u Burundi bufashwe n’inkongi y’umuriro – read more
  • 31 March » Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z’intambara z’Amerika – read more
  • 31 March » Gakenke: Bakusanyije Miliyoni zisaga 200 zo kurengera abatishoboye – read more
  • 26 March » Perezida Kagame :Iterambere ry’amadini n’amatorero n’Igihugu gitera imbere – read more

U Burundi bwahakanye ko nta bagizi ba nabi bacumbikiye baherutse gutera u Rwanda

Tuesday 25 May 2021
    Yasomwe na

Ibiro bikuru by’Igisirikare cy’Uburundi cbasohoye itangazo risubiza iryasohowe n’igisirikare cy’u Rwanda RDF ko kuri uyu wa mbere inyeshyamba za FLN zateye u Rwanda ziturutse mu Gihugu cy’Uburundi.

Mu itangazo ibiro bikuru by’Igisirikare cy’Uburundi kivugirwa na Colonel Biyereke Floribert, ryasohotse kuri uyu wa kabiri, riravuga ko nabo bumvise iby’ayo makuru yaciye ku mbuga nkoranyambaga ko haba hari inkozi z’ibibi zaguye mu mutego w’igisirikare cy’u Rwanda mu masaha yo mu ijoro ryo ku wa 23 Gicurasi 2021 zinjira mu Rwanda.

Igisirikare cy’u Burundi cyavuze ko ku butaka bwabo nta mutwe w’izo nkozi z’ibibi uhari zifite umugambi w’ikibi ku Rwanda.

Icyagaragaye nk’uko amafoto y’ibikoresho bya gisirikare abo barwanyi b’umutwe wa FLN bari bafite ubwo bageragezaga kwnjira mu Rwanda ni uko bari bafite n’ibikoresho byaguzwe n’u Burundi kandi babiri barashwe na RDF bari bambaye imyenda y’igisirikare cy’u Burundi.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru