Bamwe mu batwara bisi mu mujyi wa Kigali, barasaba ko hari ibyanozwa mu buryo bushya bw’ingendo, inzira yabo bagenewe izwi nka Only Bus ikubahirizwa. Ni nyuma yuko hakigaragara abagenzi n’ibindi binyabiziga bibera inzitizi abo mugice cyahariwe Bisi gusa, rimwe na rimwe bikaba byatera impanuka.
Nyuma y’igihe gito hatangijwe uburyo bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, bamwe mu bagenzi banyuzwe nabyo. Bavuga ko ingendo mu buryo bwa rusange zabagoraga, rimwe na (…)
Umusore w’imyaka 26 y’amavuko yatawe muri yombi na RIB nyuma yo gukubita Se umubyara ishoka mu mutwe avuga ko yamwitiranyije n’idayimoni.
Uyu musore wo mu Mudugudu wa Nyabintare, Akagari ka Rwenje, Umurenge wa Nkombo, Akarere ka Rusizi , avuga ko se Mburanyi Augustin w’imyaka 65 ari we umuteza abadayimoni.
Ukekwa afungiwe kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ( RIB) ya Nkombo mu Karere ka Rusizi mu gihe agikurikiranwa.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Rwenje (…)
Umusore yakubitiwe mu rugo rw’abandi agirwa intere ubwo nyiri urugo yari amusanzw kwiha akabyizi ku mugore we, bihutanira kwa muganga atarashiramo umwuka.
Ni umusore usanzwe akora akazi k’ubushumba bw’inka, wagiye gusambana mu rugo rwo mu Mudugudu wa Nkiko mu kagari ka Kiruri mu Murenge wa Mukingo mu karere ka Nyanza.
Uwahaye amakuru UMUSEKE dukesha aya makuru yavuze ko uwo musore yagiye mu rugo rw’abandi asambana n’umugore w’abandi.
Yagize ati: "Uwo mushumba bamusanze ari kwiha (…)
Mu murenge wa Shingiro w’Akarere ka Musanze , mu kagari ka Kibuguzo , umudugudu wa Kadahenda umugabo yategewe inzoga n’abagenzi be ziramwica.
Umuturage witwa Nahimana Eric w’imyaka 29 yategewe igicupa cyuzuye inzoga arakigotomera ageze hafi n’urugo rwe ahita yitaba Imana.
Aya makuru yashimangiwe n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Shingiro Bwana Hanyurwabake Theoneste ko ibi byabaye ahagana saa 17h50’ aho uyu mugabo ngo yararimo gusangira n’abandi bamutegera inzoga ngo (…)
Itangazo ryo guhinduza amazina
14 January 2025Umugabo yishwe azira kwishimira itsinzi ya USA
1 December 2022Itangazo ryo guhinduza amazina
18 September 2024Itangazo ryo guhinduza amazina
5 June 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.























