Bamwe mu batwara bisi mu mujyi wa Kigali, barasaba ko hari ibyanozwa mu buryo bushya bw’ingendo, inzira yabo bagenewe izwi nka Only Bus ikubahirizwa. Ni nyuma yuko hakigaragara abagenzi n’ibindi binyabiziga bibera inzitizi abo mugice cyahariwe Bisi gusa, rimwe na rimwe bikaba byatera impanuka.
Nyuma y’igihe gito hatangijwe uburyo bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, bamwe mu bagenzi banyuzwe nabyo. Bavuga ko ingendo mu buryo bwa rusange zabagoraga, rimwe na (…)
Raoul Nshungu
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Gicurasi 2021 nibwo humvikanye inkuru y’urupfu rwa Lars Vilks, Umunya-Suede wigeze gushyirirwaho akayabo k’ibihumbi 100 by’Amadolari y’Amerika, asaga miliyoni 100 ushyize mu mafaranga y’u Rwanda, nk’igihembo cy’uzamwica nyuma y’uko ashushanyije isura Muhamad ufatwa nk’Intumwa y’Imana mu idini ya Islam.
Bivugwa ko uyu mukambwe wari ufite imyaka 75 yari kumwe n’abapolisi 2 baguye mu mpanuka y’ikamyo yagoganye n’imodoka ya polisi (…)
By Imfurayabo Pierre
George Stinney, izina rizakomeza kwibukwa mu mateka y’ubutabera bwa Amerika.
Ni umwana w’imyaka 14 wishwe hakoreshejwe intebe y’amashanyarazi ahamijwe icyaha cyo kwica abana babiri b’abazungu b’abakobwa. Gusa nyuma y’imyaka 70 hanzuwe ko yarenganyijwe.
Mu kwezi kwa gatatu mu 1944 abana b’abakobwa babiri Betty June w’imyaka 11 na Mary Emma Thames w’imyaka 7 basanzwe bishwe mu gice kibamo abirabura mu mujyi wa Alcolu muri leta ya South Carolina, agace karangwagamo (…)
By Imfurayabo Pierre
Umuryamgo wa Lina Sapia na Fabio wo Bwongereza bamaze imyaka itatu bifuza kubyara ntibyakunda, nyuma muganga ababwira ko bitakunda gutyo gusa, ahubwo bisaba ko bafashwa n’abaganga. Nyuma bagiye muri iyo gahunda yo gusama babifashijwemo n’abaganga (IVF), birakunda babyara umwana wabo wa mbere witwa Alba ubu wujuje umwaka avutse.
Mu mwaka ushize Umuryamgo wa Lina Sapia na Fabio watangajwe no kumenya ko umugore atwite kandi badakoresheje uburyo bakoresheje ku mwana wa (…)
By Imfurayabo Pierre
Umugore wo muri Leta ya Virginia n’umugabo we babeshye ko uwo mugore yaburiwe irengero kugira ngo atajyanwa muri gereza ku byaha yari akurikiranyweho.
Julie Wheeler n’umugabo we Rodney Wheeler batawe muri yombi kuri uyu wa Kabiri bashinjwa ibyaha bitandukanye birimo no kubeshya Polisi.
Polisi ivuga ko Julie Wheeler byatangajwe ko yaburiwe irengero, bikorwa n’umugabo we n’umwana wabo w’imyaka 17.
Uwo muryango wavuze ko yabuze ku cyumweru kandi ko yaba yarahanutse (…)
By Imfurayabo Pierre
Muri iyi minsi turimo usanga benshi bakora neza ndetse bagakorana umuhate mu byo bakora akenshi ariko ugasanga batagera kuyo baba bashaka kugeraho aha twavuga ubutunzi cyangwa ubukire dore ko ahanini aribwo tuba duharanira, Abantu benshi ubu bamaze kwiheba kubera gutsindwa n’ubuzima, umubare mwinshi w’urubyiruko wamaze kwiheba maze ufata umwanzuro wo kwishora mu biyobyabwenge kubera gutsindwa n’ubuzima.
Urubuga Entrepreneur.com rutanga inama aho zimwe mu mpuguke mu (…)
By Imfurayabo Pierre
Umunyamakurukazi witwa Zarisha Bradley ukorera ikinyamakuru cyitwa Nine News cyo muri Australia, yarusimbutse ubwo yakoreraga inkuru yo kuri TV ku bwato bufunguye hafi y’igishanga kibamo ingona ikamusimbukira ikamuhusha.
Ubwo uyu mugore yakoraga inkuru hafi y’iki gishanga,iyi ngona abantu bise Bonecruncher yavuye mu mazi iramusimbukira ngo imurye ariko kuko yari kure yayo gato ararokoka.
Mu mashusho yakwirakwijwe hirya no hino mu binyamakuru,yagaragaje uyu (…)
By Imfurayabo Pierre
Ingona y’ikirangirire yari izwi ku izina rya ‘Saturne’ yarokotse ibisasu by’i Berlin mu ntambara ya Kabiri y’Isi yose, yapfiriye muri Pariki ya Moscow ifite imyaka 84. Itangazo ribika iyo ngona Pariki yasohoye ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, rivuga ko yapfuye ku wa 22 Gicurasi 2020 kubera izabukuru.
Rigira riti “Saturne, ingona yacu ya Mississippi yapfuye izize iza bukuru ku wa 22 Gicurasi. Igiye ifite imyaka igera kuri 84 nyuma yo kubaho ubuzima bw’igihe kirekire (…)
Itangazo ryo guhinduza amazina
14 January 2025Umugabo yishwe azira kwishimira itsinzi ya USA
1 December 2022Itangazo ryo guhinduza amazina
18 September 2024Itangazo ryo guhinduza amazina
5 June 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















