Bamwe mu batwara bisi mu mujyi wa Kigali, barasaba ko hari ibyanozwa mu buryo bushya bw’ingendo, inzira yabo bagenewe izwi nka Only Bus ikubahirizwa. Ni nyuma yuko hakigaragara abagenzi n’ibindi binyabiziga bibera inzitizi abo mugice cyahariwe Bisi gusa, rimwe na rimwe bikaba byatera impanuka.
Nyuma y’igihe gito hatangijwe uburyo bwo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange, bamwe mu bagenzi banyuzwe nabyo. Bavuga ko ingendo mu buryo bwa rusange zabagoraga, rimwe na (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Ibiro bya Twitter byahinduwe bishyirwamo ibitanda bifasha abakozi kuba baryama nijoro mu gihe bibaye ngombwa ko barara mu kazi.
Gusa ubuyobozi bwo muri Leta ya San Francisco bwavuze ko buri gukora iperereza kuko ibyo bintu bihabanye n’amategeko agenga inyubako zo gukoreramo.
Hari amashusho yashyizwe hanze na BBC agaragaza ahari ibiro harahinduwe hashyirwamo ibitanda, ku buryo muri buri cyumba harimo imyenda yo kurarana ndetse na kamambiri yewe n’utubati (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Dina Boluarte ni we mugore wa mbere ubaye Perezida wa Peru mu mateka y’iki gihugu, yasimbuye Pedro Castillo kuri uyu mwanya, wegujwe nyuma y’amasaha make agerageje gusesa Inteko Ishinga Amategeko.
Dina Boluarte, wari asanzwe ari Visi Perezida wa Peru, yarahiye kuri uyu wa Gatatu. Mbere yaho Castillo yari yavuze ko ashaka gukuraho Inteko Ishinga Amategeko akayisimbuza guverinoma idasanzwe.
Inteko Ishinga Amategeko ntiyitaye ku magambo ye ahubwo yahise (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Icyumba cy’inteko ishinga amategeko ya Sénégal cyahindutse isibaniro.
Ni nyuma y’uko kuri uyu wa Kane umudepite w’umugabo ahagurutse agakubita mugenzi we w’umugore urushyi bigateza imirwano ikomeye mu badepite b’ishyaka riri ku butegetsi n’abatavuga rumwe naryo.
Iyi mirwano yabaye ubwo hatorwaga ingengo y’imari ya Minisiteri y’ubutabera. Amashusho yasohotse yerekanye umudepite wo mu batavuga rumwe n’ubutegetsi, Massata Samb, ahaguruka agakubita urushyi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Muri Iran haravugwa urupfu rw’umugabo wishwe n’inzego z’umutekano azira kwishimira ko ikipe y’igihugu ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatsinze Iran.
Ni mu mikino y’igikombe cy’isi gikomeje kubera muri Qatar.
Uyu mugabo witwa Mehran Semak w’inyaka 27 byatangajwe ko yishwe n’inzego z’umutekano kuwa Kabiri n’ijoro, ari nabwo ikipe y’igihugu ya Iran yasezerewe mu mikino y’igikombe cy’isi itsinzwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika igitego 1-0. (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Abantu bagera kuri batanu bishwe, 25 barakomereka ubwo umuntu witwaje intwaro yarasaga mu nzu y’imyidagaduro y’abaryama bahuje ibitsina, bazwi nk’Abatinganyi, muri leta ya Colorado muri Amerika.
Ukekwa yafunzwe na polisi kandi arimo kuvurwa ibikomere.
Abantu babiri bafatwa nk’intwari ni bo babashije guhagarika uyu warasaga, nk’uko polisi ibivuga.
Club Q, yo mu mujyi wa Colorado Springs, yanditse kuri Facebook ko “ibabajwe bikomeye n’igitero kidafite (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Amashusho y’umugore uyobora Inteko ishinga amategeko ya Free State muri Afurika y’Epfo, yambaye ubusa arimo kwikinisha akomeje kuvugisha abantu benshi.
Aya mashusho yashyizwe hanze nyuma y’aho umusore bakundanaga wo muri Nigeria ayashyiriye ku ka rubanda ku mpamvu z’indonke.
Bivugwa ko uyu mugore witwa Ntombizanele "Zanele" Beauty Sifuba yatekewe umutwe n’umusore bakundanaga wo muri Nigeria, wamubwiye ko agomba kumwishyura ibihumbi 300 by’ama-rand [asaga (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Uwabaye Nyampinga, Miss Argentine Mariana Varela na Miss Puerto Rico batunguye benshi ubwo batangazaga ko bashakanye.
Aba bombi bahuriye mu irushanwa rya Miss Grand International 2020 nyuma y’uko babaye ba ‘Nyampinga’ mu bihugu byabo muri uwo mwaka.
Nyuma y’uko aba bombi bageze mu 10 ba mbere muri iryo rushanwa ryabereye muri Thailand, bagiye bagaragaza ubucuti bukomeye ku mbuga nkoranyambaga nk’uko bivugwa na CNN.
People Magazine ivuga ko ku cyumweru (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umugabo washyingiranwe n’abakobwa babiri b’impanga muri Nigeria akomeje kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga.
Umunyamakuru, Sikiru Obarayese, watangaje aya makuru kuri Twitter, yavuze ko ubukwe bwabo uko ari batatu bwabaye ku wa gatandatu tariki ya 29 Ukwakira 2022.
Aba bose batuye mu gace kitwa Ede, mu ntara ya Osun nkuko ibinyamakuru byo muri Nigeria bibitangaza.
Icyakora nta byinshi byatangajwe ku bukwe bw’aba bantu ahubwo amafoto n’amashusho yabo (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Umugabo w’umunya-Iran, usa nabi kurusha abandi ku isi, yapfuye ku myaka 94 nyuma y’amezi macye akarabye bwa mbere mu myaka ibarirwa muri za mirongo.
Amou Haji yanze kwikoza amazi n’isabune mu myaka irenga 50 ishize, atinya ko byamutera kurwara.
Uyu munya-Iran wari utuye mu ntara ya Fars mu majyepfo ya Iran kenshi yahunze ibikorwa by’abaturage byo kugerageza kumusukura.
Ibinyamakuru byaho bivuga ko amaherezo mu mezi ashize Haji yananijwe n’igitutu (…)
Itangazo ryo guhinduza amazina
14 January 2025Umugabo yishwe azira kwishimira itsinzi ya USA
1 December 2022Itangazo ryo guhinduza amazina
18 September 2024Itangazo ryo guhinduza amazina
5 June 2024
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.
























