Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Ukraine yaretse kujya muri OTAN isaba Putin guhagarika intambara

Thursday 17 March 2022
    Yasomwe na

Umujyanama wa Perezida wa Ukraine, Mikhailo Podolyak yatangaje ko igihugu cye gisaba Uburusiya guharika intambara ku butaka bwa Ukraine.

Yabitangaje mu biganirio byabaye imbonankubone hifashishijwe iya kure hagati y’abayobozi ku mpande zombi, Ukraine n’Uburusiya, kuri uyu wa Gatatu.

Bwana Mikhailo Podolyak yavuze ko ibyo igihugu cye gisaba byashoboka cyane binyuze mu nzira z’ibiganiro hagati y’abakuru b’ibihugu byombi, Zelenskyy na Putin.

Uburusiya bwo buhagaze ku mwanzuro umwe, wo gusaba Ukraine kuzinukwa umugambi wo kujya muri NATO.

Nyuma y’ibiganiro byabaye ku wa kabiri, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Uburusiya Sergey Lavrov yavuze ko Ikintu cyo gusaba agace katarimo intambara byaganiriweho kenshi ku mpande zombi mu gihe Perezida wa Ukraine Zelenskyy we avuga ko ubusabe bwo kurangiza intambara ari bwo abona bushoboka cyane.

Imwe mu miturirwa yo muri Ukraine watwitswe n’ibisasu by’Uburusiya ku wa Gatatu bari kugerageza kuwuzimya

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru