Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

Dr. Ugirashebuja, Minisitiri MUSHYA wasimbuye Busingye

Friday 17 September 2021
    Yasomwe na

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Minisitiri MUSHYA w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Ugirashebuja Emmanuel wasimbuye Busingye Johnston.

Byatangajwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Nzeri uyu mwaka, mu ibaruwa yashyizwe ahagaragara n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe.

Dr. Ugirashebuja ni Perezida w’Urukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba.

Ugirashebuja yigeze kuba Perezida w’Urukiko rw’Ibihugu by’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba, EAC.

Dr. Ugirashebuja yigeze kuyobora Ishami ry’amategeko muri Kaminuza y’u Rwanda guhera mu mwaka wa 2004 kugeza mu mwaka wa 2014, ariko mbere y’aho yari umwe mu bari bagize Komisiyo yari ishinzwe gutegura Itegeko Nshinga, iyo komisiyo yakoze guhera mu mwaka wa 2001 kugeza mu mwaka wa 2003.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru