Thursday . 19 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Gen. Muhoozi agiye kongera gusura u Rwanda

Monday 5 August 2024
    Yasomwe na


Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Chief of Defence Forces (UPDF) and SPA/SO. Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko azitabira ibirori byo kirahirwa kwa Perezida Paul Kagame w’u Rwanda.

Uyu muhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, asanzwe yiyemerera ko akunda u Rwanda n’Abanyarwanda, nk’uko nawe yongeye kubitangaza ubwo yateguzaga abamukurikira ku rukuta rwa X ko vuba agaruka ku butaka bw’imisozi 1000.

Mu magambo ye yagize ati: "Urukundo nkunda u Rwanda ni ukubera ko ari ubwoko bwangye (bwanjye*). Ndabakunda kandi Imana ibahe imigisha buri gihe."

integuza Gen. Muhoozi ku banyarwanda

Uyu mugabo w’imyaka 50 y’smavuko, yagize uruhare rukomeye mu bihe bishize mu kuzahura umubano w’u Rwanda na Uganda wari umaze imyaka nk’itatu urimo agatotsi, afasha mu guhuza abakuru b’ibuhugu byombi no kongera guhahirana byasaga n’ibyahagaze, arinako imipaka yongera gufungura kugeza ubu.

Gen Muhoozi akunda gutumira Abanyarwanda kandi mu birori by’iwabo cyane cyane nk’isabukuru ye.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru