Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE

Tuesday 3 March 2026
    Yasomwe na

Ingabo za Israel zemeje ko zarashe ku murwa mukuru wa Iran, Tehran na Beirut muri Liban kuri uyu wa kabiri mu gitondo.

Mu itangazo igisirikare cya Israel cyagize kiti: “Ingabo za Israel ubu ziri kurasira rimwe ibirindiro bya gisirikare i Tehran na’i Beirut”.

Umuvugizi w’ingabo za Israel ukoresha Icyarabu Avichay Adraee yavuze ko barimo gukora ibitero bikomeye byo mu kirere.

Ibi bitero byabaye isaha imwe nyuma yuko IDF isohoye “itangazo riburira kandi ryihutirwa” kubaturage bo mu duce tw’ibyaro tw’amajyepfo ya Beirut, no mu midugudu itandukanye babakangurira guhunga.

IDF yavuze ko iri kwibanda cyane ku bigo by’abategetsi n’ahabikwa ibikoreso bya Hezbollah.

Chadadi Habimana

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru