Sunday . 17 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 12 May » Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona – read more
  • 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
  • 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
  • 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more
  • 23 April » AFC/M23 na Kinshasa bemeranyije guhererekanya imfungwa zikanyuzwa muri Uganda – read more

ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE

Tuesday 3 March 2026
    Yasomwe na

Ingabo za Israel zemeje ko zarashe ku murwa mukuru wa Iran, Tehran na Beirut muri Liban kuri uyu wa kabiri mu gitondo.

Mu itangazo igisirikare cya Israel cyagize kiti: “Ingabo za Israel ubu ziri kurasira rimwe ibirindiro bya gisirikare i Tehran na’i Beirut”.

Umuvugizi w’ingabo za Israel ukoresha Icyarabu Avichay Adraee yavuze ko barimo gukora ibitero bikomeye byo mu kirere.

Ibi bitero byabaye isaha imwe nyuma yuko IDF isohoye “itangazo riburira kandi ryihutirwa” kubaturage bo mu duce tw’ibyaro tw’amajyepfo ya Beirut, no mu midugudu itandukanye babakangurira guhunga.

IDF yavuze ko iri kwibanda cyane ku bigo by’abategetsi n’ahabikwa ibikoreso bya Hezbollah.

Chadadi Habimana

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru