Thursday . 19 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 16 March » Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz – read more
  • 13 March » Donald Trump yatangaje ko yashimishijwe no kwica abayobozi ba Iran – read more
  • 12 March » Inkangu zahitanye abantu 60 muri Ethiopia – read more
  • 11 March » U Rwanda rwitabiriye PISA 2025 mu rwego rwo kunoza ireme ry’uburezi, ntabwo ari amarushanwa – read more
  • 11 March » M23 yemeje ko FARDC yarashe muri Goma – read more

Ingabo kabuhariwe z’u Rwanda zabonye umuyobozi mushya

Saturday 15 March 2025
    Yasomwe na

Umutwe w’ingabo kabuhariwe zizwi nka "Special Operations Force" wahawe umuyobozi mushya, Brig. Gen. Stanislas Gashugi,

Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Col. Stanislas Gashugi, amuha ipeti rya Brig. Gen ndetse ahita amuha kuyobora Umutwe w’Ingabo Udasanzwe (Special Operations Force).

Byaturutse mu itanagzo ryasohowe kuri uyu wa 15 Werurwe 2025 na Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda, rivuga kuri izi mpinduka.

Uyu Muyobozi, yaje asimbura Maj. Gen, Ruki Karusisi wajyanywe gukorera ku Biro bya Minisiteri y’Ingabo.

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.