Tuesday . 2 June 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 25 May » Rubavu: Abazahembwa muri Rubavu Music Awards and Talent Detection bamaze gutoranywa – read more
  • 12 May » Rwanda: Hazatangwa ibikombe 2 muri Shampiyona – read more
  • 9 May » Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 – read more
  • 27 April » Rubavu: Rubavu Music Awards and Talent Detection igiye kongera kuba bwa kabiri – read more
  • 27 April » RDC: Hashyizweho umutwe ushinzwe kurinda ibirombe – read more

Kicukiro: Ku munsi w’Amahoro hatewe igiti cy’Ubumwe n’Ubwiyunge hanasurwa iriba ry’Amahoro

Tuesday 21 September 2021
    Yasomwe na

Mutungirehe Samuel

Mu ihe u Rwanda rwifatanyije n’isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Amahoro, mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali hatewe igiti cy’Ubumwe n’Ubwiyunge hanasurwa Iriba ry’Amahoro n’Ubwiyunge rikaba rifasha abaturage kubona amazi meza.

Iki gikorwa cyabimburiwe no gutera igiti cy’amahoro n’ubwiyunge cyatewe muri centre y’ubucuruzi ya Gahanga nk’ikimenyetso cyo gukomeza gushimangira amahoro, ubumwe n’ubwiyunge mu batuye uyu Murenge.

Nyuma, abitabiriye iki gikorwa basuye iriba ry’amahoro ryubatswe mu Mudugudu wa Mulinja n’ibikorwa bitandukanye umufanyabikorwa "Gira inzu Developers" yakoze birimo gusana inzu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batuye muri uyu Mudugudu.

Kuri iyoi nshuro Insanganyamatsiko igira iti"Duharanire amahoro arambye dufatanye gutsinda COVID-19 n’ingaruka zayo n’ibindi."

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru