Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

  • 3 March » ISRAEL YEMEJE IBITERO MURI LIBAN NA IRAN ICYARIMWE – read more
  • 1 March » Gicumbi: Abarwanashyaka ba Green Party basabwe guhangana n’ibiyobyabwenge – read more
  • 24 February » Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w’igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani – read more
  • 24 February » Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica – read more
  • 23 February » Ubumwe bw’Uburayi (EU) yatangaje ko itazemera izamurwa ry’imisoro ku bicuruzwa byoherezwa muri Amerika nyuma y’icyemezo cy’Urukiko rw’Ikirenga – read more

MU BUFARANSA INTAMA ZIGIYE KUJYA ZIGANA N’ABANYESHURI

Monday 13 May 2019
    Yasomwe na

Nyuma yo kumva ko ishuri ribanza aturanye naryo rigiye gufunga kubera kubura abanyeshuri, umworozi yarijyanyeho intama ze 15 ngo bazandike zijye kwiga.

Abanyeshuri biga ku ishuri ryitwa Jules Ferry ryo mu cyaro cya Crêts-en-Belledonne, mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’umujyi wa Grenoble, baragabanutse cyane kugeza ubwo ritangaza ko rigiye gufunga ibyumba bimwe by’amashuri.

Mu gikorwa cyo kurwanya gufunga ayo mashuri, umworozi Michel Girerd yafashe umwanzuro wo kujyana amwe muri aya matungo ye ngo bayandike ajye mw’ishuri. Ajyana intama.

Aba "banyeshuri bashya" barimo abitwa Baa-bete, Dolly na Shaun.
Bwana Girerd yari yazanye intama 50 ku ishuri mu muhango wari witabiriwe n’abarimu bagera kuri 200, abanyeshuri benshi n’abayobozi babo.

Iki gikorwa cyatangaje abantu, bituma abayobozi n’ababyeyi biyemeza ko badakwiye gufunga amashuri.

Abanyeshuri bo bamwe byarabababaje bafata ibyapa bandikaho ko "batari intama". Badashaka kwigana nazo.

by Imfurayabo Pierre Romeo

feature-top
feature-top

Any message or comments?

pre-moderation

This forum is pre-moderated: your contribution will only appear after being validated by an admin.

Who are you?
Log in
Your post

To create paragraphs, just leave blank lines.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru