Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Igisirikare cy’u Rwanda RDF, cyasezera bamwe mu basirikare bakuru bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru n’abari basoje amasezerano yabo mu ngabo, bashimirwa umusanzu batanze mu gusigasira umutekano w’u Rwanda.
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatanu ku kicaro cya Minisiteri y’Ingabo Kimihurura, uyobowe na Minisitiri w’Ingabo, Gen Albert Murasira wari uhagarariye Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Perezida Paul Kagame.
Hari kandi n’Umugaba Mukuru w’Ingabo, Gen Jean Bosco Kazura n’abandi (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Video y’ikiganiro kirambuye: https://www.youtube.com/watch?v=pzBl9YhJh8A&t=166s&ab_channel=MAMAURWAGASABOTV
• Perezida wa Ibuka mu murenge wa Rugerero we yamukubise amaso atangira guhahamuka • Se w’uriya mutetsi ari mu abje kwica Se wa Perezida wa Ibuka/Rugerero • Nyina w’uriya wamwohereje yakoze Jenoside • iryo shuri ryaguyemo abana barenga 12 muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Hashize iminsi mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga (…)
Yanditswe na Umutesi Yvette
Umuryango w’abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi Ibuka mu karere Ka Nyamagabe uravuga ko utishimiye igihano cyahawe Bucyibaruta Laurent wahoze ari perefet wa perefegitura ya Gikongoro mu gihe cya genocide yakorewe abatutsi, cyo gufungwa imyaka 20.
Uyu muryango uvuze ibi mu gihe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa rwahamije Bucyibaruta wimyaka y’amavuko w’imyaka 78 icyaha cy’ubufatanyacyaha muri genocide yakorewe (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Hari abaturage bo mu karere ka Musanze mu murenge wa Muko mu kagali ka Songa bibaza niba bazwi nk’abandi Banyarwanda kuko batarabona umuriro w’amashanyarazi mu miturire yabo, bumva mu makuru ko abandi bagejejweho umuriro w’amashanyarazi bakibaz icyo bazira cyane ko bagerageje gutanga umusanzu bashoboye ngo ubagereho birangira bayasubijwe.
Aba baturage bashinja ubuyobozi bubegereye kuba nyirabayazana wo kutabona umuriro w’amashanyarazi kuko bo ubwabo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Aborozi b’inka bo mu karere ka Burera mu by’imwihariko mu Murege wa Ruhunde, baravuga ko babangamiwe no kuba umukamo wabo wangirika kubera kutagira ikusanyirizo ry’amata.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Ruhunde, bavuga ko umukamo wangirika kubera kutagira ikusanyirizo ry’amata mu murenge ry’umurenge bakaba bakora urugendo rwo bayagemura mu karere ka Gicumbi.
Nkusi Gilbert ni umworozi, yagize ati "Amata (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Mu karere ka Nyagatare hongeye kwaduka indwara y’Uburenge mu nka, yagaragaye cyane mu murenge wa Musheri mu tugari 2 aka Nyamiyonga n’aka Nyagatabire ndetse inzego z’ibanze ndetse n’izifite mu nshangano ibijyanye n’ubuyobozi berekeje muri ako gace ngo barebere hamwe ingamba zafatwa bakumira ikwirakwira ry’iyo ndwara y’uburenge kugira ngo itagera n’ahandi.
Hari imibare itangazwa n’abashinzwe ubworozi ku rwego rw’umurenge wa Musheri bagaragaje ko iyi ndwara (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nemba aKagari ka Kivumu, mu karere ka Burera, barasaba Leta guhabwa ivuriro rito (Poste de santé) bamaze imyaka irenga itanu bemerewe n’ubuyobozi nyuma y’uko basabwe gusiza ikibanza bazubakamo iryo vuriro rito, none amaso yaheze mu kirere.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka Kagari ka Kivumu binubira uburyo babeshye ivuriro n’ubuyobozi bakaba bavuga ko kutagira ivuriro mu gace batuyemo bitera bamwe kurembera mu ngo, cyane (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abaturage bo mu karere ka Nyaruguru bavuga ko mu myaka 28 ishize u Rwanda rwibohoye ubu ari bwo baboye ukwibohora nyako, kuko kuri iyi nshuro kujyanye n’ibikorwa by’iterambere bigiye guhindura imibereho yabo bagana mu iterambere.
Wakurikira ikiganiro cyose unyuze hano: https://www.youtube.com/watch?v=UfLIh_T6DXI&t=1649s&ab_channel=MAMAURWAGASABOTV
Aka ni akarere mu mateka y’u Rwanda kari kazwiho kugira imibereho mibi, kurumbya imyaka, nta bikorwa (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Abasirikare bane barimo Abajenerali batatu bahawe ipeti rya Major General barimo Vincent Nyakarundi usanzwe ari Umuyobozi w’ishami rishinzwe iperereza mu Ngabo z’u Rwanda.
Iri zamurwa mu ntera, ryatangajwe mu matangazo yagiye hanze mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Nyakanga 2022.
Itangazo rya mbere rigaragaza ko Perezida Paul Kagame yazamuye mu mapeti abasirikare (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Abaturage bo mu murenge was Kinigi mu karere ka Musanze batashye ku mugaragaro ibiro by’umurenge byuzuye nyuma y’imyaka ibiri batangira serivisi ahadakwiye, bakaba basaba abayobozi gutanga serivisi nziza nkuko n’inyubako ari nziza.
Ubwo batahaga ibi biro bishya, bamwe mu baturage baganiriye n’itangazamakuru mu kanyamuneza kenshi bifuje ko nyuma yo gutaha ibiro bishya by’umurenge wabo, byigorofa ebyiri, abayobozi nabo bajya babakira neza kuko aribwo (…)
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
11 February 2019, by MUTESI ScoviaNST2: Ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku 9.3% buri mwaka
9 September 2024
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















