Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Urukiko rwo mu Misiri rwatangiye gusaba ko rushyira ku karubanda, kuri televisiyo, igihano cy’urupfu cyakatiwe umusore w’imyaka 22 witwa Muhammed Adel nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umunyeshuri w’umukobwa witwa Naela Ashraf.
Mu kwezi gushize, ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter hagaragaye amashusho y’umusore twavuze haruguru akubita bikomeye uriya mukobwa w’umunyeshuri bivugwa ko bigaga hamwe akarinda amunoza akamwica, mu rukiko biza gusobanurwa ko ari uki yari yamwangiye ko bakora (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu nteko rusange y’abanyamuryango ba Ferwafa yateranye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 23 Nyakanga 2022, umunyamabanga mukuru wa Ferwafa Muhire yasabiwe kwirukanwa ubwo Perezida wa FERWAFA Olivier Nizeyimana yemezaga ko batunguwe n’amasezerano yagiranye n’uruganda rwa Masita batabizi.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda Nizeyimana Mugabo Olivier, mu buryo bweruye yemeje ko nabo batunguwe no kumenya ko hari amasezerano FERWAFA (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Kenshi urubyiruko rukunze kuvuga ko kubona akazi birugora ndetse rukagaragaza imbogomizi yo kuba nta mirimo ihagije ihari kandi nyamara hari ababona ko urubyiruko rubishatse rwahanga udushya rukagera ku mafaranga.
Binyuze muri Porogarame ( Innov 8 POD) yahuguye abanyeshuri biga muri Ines Ruhengeri, iyi gahunda yashinzwe n’umunyarwandakazi witwa Alida Rwabalinda kuri ubu utuye mu gihugu cya Singapore aho ashimangira ko igihe kigeza kugira ngo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu murenge wa Bigogwe, mu karere ka Nyabihu, akagari ka Rega umusore w’umushumba w’inka witwa Byukusenge arakekwaho kwica mugenzi we uri mu kigero cy’imyaka 18 witwa Irankunda amuteye icyuma.
Nyuma yo kwica uyu musore habayeho kwihorera abaturage baturanye na nyakwigendera batera ukekwaho kumwica bamukubita amabuye bamusiga ari intere; kuri ubu nawe yahise ajyanwa mu bitaro bikuru bya Ruhengeri kugira ngo avurwe.
Aba bashumba bombi, nkuko bivugwa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu batuye n’abakoresha uyu muhanda wa Nzove- Ruli-Gakenke barasaba ko iyubakwa ryawo ryihutishwa kuko ukomeje kubangamira imigenderanire ndetse bikadindiza ubuhahirane mu mirenge imwe igize umujyi wa Kigali bajya cyangwa bava Rulindo na Gakenke.
Abaturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho uyu muhanda uri, kuri bo ngo baribaza impamvu uyu muhanda udakorwa ndetse bakibaza impamvu Minisiteri y’ibikorwa remezo idashyira (…)
Akarere ka Rusizi kagaragaje ko gafite umushinga wo kubaka ikiraro gihuza Ikirwa cya Nkombo n’umwe mu mirenge bihana imbibi mu rwego rwo gukura abagituyeho mu bwigunge.
Ni bimwe mu byo bagaragarije Abasenateri bagize Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari.
No igikorwa kije gisanga umuyoboro w’amashanyarazi abatuye Nkombo bagejejweho bwa mbere mu 2015.
Kuri uyu wa 20 Nyakanga 2022 mu gikorwa abasenateri barimo cyo kumenya ibikorwa mu iterambere rirambye ry’imijyi, ni bwo (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Musanze umurenge wa Kimonyi, akagali ka Birira umudugudu wa Mbugayera, hari umukecuru, Nyirampakaniye Monique ugeze mu zabukuru utabarizwa n’abahisi n’abagenzi kubera inzu abamo igiye kumugwaho.
Ubwo umunyamakuru yasuraga uyu mukecuru, yamugaragaje ubuzima butoroshye abayemo, usibye kuba isaha ku isaha inzu yamuhitana ariko agiye no kwicwa n’inzara cyane ko afite n’ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe.
Yagize ati: "Nararwaye abana banjye inzu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umwaka ugiye gushyira umwana w’umukobwa wo mu karere ka Musanze, umurenge wa Kinigi, wasambanijwe n’abasore batatu afite imyaka 14 yigaga mu mwaka wa mbere mu mashuri y’isumbuye akaba atarahabwa ubutabera.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo aho umuryango w’uyu mwana utuye mu Kagari ka Kampanga mu murenge wa Kinigi, yasanze agahinda ari kose, avuga uburyo yasambanyijwe n’abasore batatu ubwo nyina yari amutumye umunyu ari nimugoroba, afatwa n’abo (…)
hari urubyiruko rwo mu murenge wa Gisozi rutagiraga imirimo rwibumbiye hamwe muri Koperative Ubumwe New Life rukora umwuga w’ubukanishi none ubu rurimo gutabaza inzego zishinzwe kurenganura amakoperative nyuma yaho ubuyobozi busenye inzu bwakoreragamo bakabura aho berekeza ibintu byabo.
Ni abasore barenga gato 30 bishyize hamwe muri iyo koperative nubwo itarahabwa ubuzimagatozi, bashaka aho bakorera ubukanishi na nyiri ubutaka aza kubaha ikibanza bakoreramo bagatangira gushyiramo ibikorwa (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Imyaka ibaye itatu abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda mu mashami atandukanye yayo bigira ku ngunzanyo ya Leta izwi nka Buruse, bagirana na Banki itsura Amajyambere BRD batarahabwa machine zo kwigiraho no gukora ubushakashatsi mu masomo yabo.
Kurikira ikiganiro kirambuye kuri iyi nkuru: https://www.youtube.com/watch?v=tjTwS-Iu70w&t=4s&ab_channel=MAMAURWAGASABOTV
Aba banyeshuri bavuga ko ubusanzwe mudasobwa ari igikoresho cy’ingenzi mu myigire (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















