Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Musanze: Nyuma yo kuganura hari icyo biyemeje kugira ngo umusaruro wiyongere
Musanze: Nyuma yo kuganura hari icyo biyemeje kugira ngo umusaruro wiyongere

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Ubwo hizihizwaga umunsi w’Umuganura, mu karere ka Musanze mu murenge wa Kimonyi abaturage biyemeje gukomeza gushyira imbaraga mu guhinga kijyambere kugira ngo bongere umusaruro ukomoka ku buhinzi, ibyo bikazabafasha kwishimira ibyo bagezeho mu kindi gihe nk’iki cy’umuganura.
Ubwo bari bamaze kuganura ku musaruro, abatuye Kimonyi mu kanyamuneza kenshi, babwiye mamaurwagasabo.rw ko bashima cyane ubuyobozi bwiza kuko aribwo soko y’ibyo bagezeho byose birimo (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Bahawe umukoro mu kurwanya isuri ikunze kwibasira iyi ntara
Amajyaruguru: Bahawe umukoro mu kurwanya isuri ikunze kwibasira iyi ntara

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu nama nyungurana bitekerezo yahuje abayobozi mu nzego zitandukanye z’Intara y’Amajyaruguru n’uturere tuyigize, yari igamije gusuzumira hamwe uburyo iyi ntara ihagaze mu kurwanya isuri, Minisitiri w’Ibikorwa by’ubutabazi (Minema), Kayisire Marie Solange yahaye umukoro abayobozi b’uturere tugize iyi ntara, wo kurwanya isuri bivuye inyuma batera ibiti byinshi bibanda ku nkengero z’imirima.
Ni nyuma yo kubona ko 58% by’ubutaka buhingwa muri iyi ntara (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kicukiro: Abaturage b'akagari ka Muyange bizihije Umuganura abakiri bato basabwa gukomera ku muco
Kicukiro: Abaturage b’akagari ka Muyange bizihije Umuganura abakiri bato basabwa gukomera ku muco

Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Kimwe n’abandi Banyarwanda bizihije Umunsi w’Umuganura, abatuye mu kagari ka Muyange mu Murenge wa Kagarama mu karere ka Kicukiro nabo ibirori byari bibereye ijisho, byaranzwe n’ibiganiro byakurikiwe no gusangira umuganura bishimira ibyagezweho, abakiri bato nk’urubyiruko basabwa gukomera ku Muco bakarushaho kuwusigasira.
Iki cyari igikorwa cyo kwishimira no gusangira umusaruro weze, bishingiye ku ndangagaciro yo gukunda Igihugu, gukunda Umurimo, (…)

424 Shares 4 Comments
EXPO 2022: Ku nshuro ya 25 imurikagurisha rimaze kongera umubare w'abanyamahanga baryitabira
EXPO 2022: Ku nshuro ya 25 imurikagurisha rimaze kongera umubare w’abanyamahanga baryitabira

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Mu myaka 25 hategurwa imurikagurisha Mpuzahanga, (International Trade Fair), rizwi nka EXPO, Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF) rwatangaje, umubare w’ibihugu byitabira kumurika ibicuruzwa na serivisi byabo bikomeje kwiyongera, kuri iyi nshuro hakaba haritabiriye ibihugu bigera kuri 25 biturutse hirya no hino ku Isi birimo n’ibyitabiriye bwa Mbere.
Mu kiganiro n’itangazamakuru, kuri uyu wa Kane, tariki ya 4 Kanama 2022, Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abanyarwanda bakwiriye kurekerwa Demokarasi yabo- Perezida Kagame
Abanyarwanda bakwiriye kurekerwa Demokarasi yabo- Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabwiye abagize Umuryango w’Abayobozi bakiri bato bo hirya no hino ku Isi (Young Presidents’ Organisation/YPO), ko Demokarasi ari imiyoborere ndetse ikaba amahitamo y’abaturage ba buri gihugu, kubera iyo mpamvu Abanyarwanda bakaba ari bo bagomba kwihitiramo batagendeye kuri Demokarasi y’ahandi.
Yabibabwiye ubwo yabakiraga kuri uyu wa Gatatu tariki 03 Kanama 2022 muri Village Urugwiro.
Ni itsinda ryari rigizwe n’abantu 26 bakaba ari ba rwiyemezamirimo (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abatuye Gashaki barasaba kubakirwa poste de sante ifasha abaturage kwivuza
Musanze: Abatuye Gashaki barasaba kubakirwa poste de sante ifasha abaturage kwivuza

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ni bimwe mu bibazo byagarutsweho kuri uyu wa gatatu tariki ya 03 Kanama 2022 mu nteko rusange y’abaturage bo mu murenge wa Gashaki mu karere ka Musanze, birimo kuba badafite amavuriro y’ibanze azwi nka ’Poste de sante’ mu Gifaransa, by’umwihariko mu kagari ka kigabiro.
Umwe mu baturage witwa Byukusenge Devotha yabwiye mamaurwagasabo ko bagize amahirwe bakubakirwa Poste de sante byakuraho kurembera mu rugo .
Byukusenge yagize ati "Tugize amahirwe hano (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Babangamiwe n'umwanda ugaragara mu isoko rya Kirambo
Burera: Babangamiwe n’umwanda ugaragara mu isoko rya Kirambo

Yanditswe na Umugiraneza Alice
Abakorera mu isoko rya Kirambo riherereye mu karere ka Burera mu murenge wa Rusarabuye bavuga ko babangamirwe n’umwanda ugaragara mu isoko kandi batanga amafaranga y’isuku, bikaba biteye inkeke ko bashobora kuhakura indwara zitandukanye ziterwa n’umwanda.
Ubwo mamaurwagasabo yaganiraga n’abagana isoko rya Kirambo bagaragaje zimwe mu mbogamizi bafite nko gukorera ahantu hadafite isuku idahagije.
Bampoyiki Claudine yagize ati: "Njyewe mbona iri soko ryacu (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Abagize koperative Terimbere Mubumbyi barataka inzara
Nyabihu: Abagize koperative Terimbere Mubumbyi barataka inzara

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bibumbiye muri koperative yitwa Terimbere Mubumbyi w’inkarakara, yabumbaga amatafari barataka inzara bitewe nuko akarere kabahagaritse kababwira ko hari ibyo batujuje.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Jenda mu Kagari ka Kabatezi arinaho bafite ikirombe bacukuragamo igitaka cyo kubumbamo inkarakara.
Aba baturage bavuga kandi ko bandikiye akarere ka Nyabihu ibaruwa muri 2020, tariki 16 /08 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yavuze ko Ibigo bimwe bya Leta bigiye kwegurirwa abikorera
Perezida Kagame yavuze ko Ibigo bimwe bya Leta bigiye kwegurirwa abikorera

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo yakiraga indahiro z’abayobozi bashya baherutse guhabwa inshingano muri Guverinoma y’u Rwanda, Perezida wa Repulika Paul Kagame yavuze ko ibigo bimwe bya Leta bigiye kwegurirwa abikorera.
Ku gicamusi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Kanama 2022 , Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda yongeye gushimangira ko igihe kigeze kugira ngo ibigo bimwe bya Leta byegurirwe abikorera.
Yagize ati"Hari ibigo bigomba kwegurirwa abikorera vuba na bwangu, Leta, (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Ikamyo yagonganye na Coaster abagenzi bamwe bahasiga ubuzima
Rubavu: Ikamyo yagonganye na Coaster abagenzi bamwe bahasiga ubuzima

Kuri uyu wa Kabiri mu gitodondo, ahagana saa yine n’igice, mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu ahazwi nka Gacukiro habereye impanuka ikomeye yahitanye bamwe mu bagenzi abandi barakomereka.
Ni impanuka bivugwa ko yatewe n’ikamyo yari itwaye Essance RAC 425 U, yacitse feri ikagonga imodoka ya Coaster ya Sosiyete itwara abagenzi ya Virunga Express RAC 758 U yerekezaga mu Mujyi wa Musanze.
Iyi mpanuka yabereye mu mu ikorosi rimanuka rigana ku Bitaro bikuru bya Rubavu, n’ubundi hakunze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru