Tuesday . 26 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Gatsibo : Abiyitaga Abapolisi bakorana na RRA barashe abantu babiri bahita bacika
Gatsibo : Abiyitaga Abapolisi bakorana na RRA barashe abantu babiri bahita bacika

Abantu bitwaje imbunda biyita Abapolisi bakorana n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’amahooro (RRA), barashe abaturage babiri bo mu Murenge wa Nyagihanga mu Karere ka Gatsibo gusa ntihagira uhasiga ubuzima mu gihe abarashe bahise bacika.
Abaturage bahaye amakuru RADIOTV10, bavuze ko iki gikorwa cyabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 04 Nyakanga 2022 hagati ya saa kumi (16:00’) na saa kumi n’imwe (17:00’) z’umugoroba.
Aba bantu baje kuri moto, biyitaga Abapolisi bakorana na RRA, (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yavuze ku bashatse guhungabanya umutekano bashaka ko CHOGM iburizwamo
Perezida Kagame yavuze ku bashatse guhungabanya umutekano bashaka ko CHOGM iburizwamo

Perezida Paul Kagame yavuze ko hari abantu bifuzaga ko umutekano w’u Rwanda wahungabana mu Mujyi wa Kigali ubwo rwakiraga Inama ikomeye y’Umuryango wa CommonWealth izwi nka CHOGM ariko ntibabigeraho, ndetse abakurira inzira ku murima ko no mu bindi bihe ntibizaborohera.
Ni kuri uyu wa Mbere mu kiganiro na RBA cyabaye, cyahuriranye n’umunsi u Rwanda rwizihizaho Isabukuru ya 28 yo Kwibohora.
Perezida Kagame yavuze ko umutekano mu Rwanda ari ingenzi, kuko ari wo utuma n’ibindi bikorwa byose (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Nyuma yo gusura Urwibutso rwa Jenoside urubyiruko rugiye gushyira imbaraga mu kwigisha benshi
Musanze: Nyuma yo gusura Urwibutso rwa Jenoside urubyiruko rugiye gushyira imbaraga mu kwigisha benshi

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Urubyiruko rw’Umuryango RPF INKOTANYI mu karere ka Musanze rusoje amasomo y’irerero mu mirenge yose, ubwo basuraga urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Kigali ruherere ku Gisozi ndetse n’Ingoro Ndangamateka y’urugamba rwo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi bavuze ko basobanuriwe amateka uko Jenoside yateguwe n’ubutegetsi bo ku ngoma ya Habyarimana ikanashyirwa mu bikorwa, banasobanurirwa inzira n’uburyo RPF INKOTANYI yahagaritsemo Jenoside (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Tshisekedi yaciye amarenga ko agiye kwirukana Abanyarwanda mu gihugu cye
Perezida Tshisekedi yaciye amarenga ko agiye kwirukana Abanyarwanda mu gihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Anthoine Tshisekedi yasezeranyije abaturage be ko agiye kwirukana abanangamiye umutekano w’igihugu cye, yumvikana Ari kwitwa ku Rwanda.
Aramutse ahereye ku banyarwanda ntibyaba bitunguranye kuko hashize iminsi mu burasirazuba bw’iki gihugu hari umukwabu wo guhiga bukware no kugirira nabi umunyarwanda n’undi mukongomani wese bumvise avuga ururimi rw’Ikinyarwanda.
Yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku baturage b’igihugu cye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Umugore yatwitse imyenda y'umugabo we ngo ari gutwika Virusi ya Sida
Umugore yatwitse imyenda y’umugabo we ngo ari gutwika Virusi ya Sida

Umugabo witwa Rucamubyuma Vincent ukomoka mu karere ka Rutsiro akaba atuye mu Mujyi wa Kigali aratabaza Leta mu nzego z’ubutabera ko arembejwe n’umugore we wa mbere Uramukiwe Valeria, uri kumujujubya aho yamuhungiye akishakira undi mugore, nyuma yuko amutwikiye imyenda ngo ari gutwikiramo Virusi itera Sida yagize ibyago akandura bikaba ngombwa ko amubisa akajya kwishakira ubuzima muri Kigali.
Ubwo uyu mugore wa mbere yateraga mu rundi rugo umugabo we w’isezerano yimukiyemo i Kigali (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri Dr Bizimana yagaragaye ari umwe mu batangabuhamya mu rubanza rwa BUCYIBARUTA
Minisitiri Dr Bizimana yagaragaye ari umwe mu batangabuhamya mu rubanza rwa BUCYIBARUTA

Minisitiri w’Ubumwe bw’abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaye mu Rubanza rw’umunyarwanda Bucyibaruta Laurent atanga ubuhamya kuri uyu mugabo urikuburanira mu rukiko rwa Rubanza, i Paris mu Bufaransa. Minisitiri Dr. Bizimana wavutse mu 1963 yavuze ko azi Bucyibaruta kuko kuva mu 1982 ubwo Bucyibaruta yiyamamarizaga kuba depite icyo gihe undi yari umwarimu.
Mu buhamya yatanze mu rurimo rw’igifaransa yifashishije iya kure, Dr Bizimana yatangiye agira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ruhango: Abarimu barembejwe n'umuyobozi w'ikigo kugeza aho batangiye kwiyahura
Ruhango: Abarimu barembejwe n’umuyobozi w’ikigo kugeza aho batangiye kwiyahura

Abarimu bigisha ku Rwunge rw’Amashuri rwa Kabuga ruherereye mu Murenge wa Mbuye baratabaza inzego zibishinzwe ngo zikurikirane akarengane bari gukorerwa n’Umuyobozi w’ikigo, aho hari n’uwo byarenze agerageza kwiyahura Imana ikinga akaboko.
Ibibazo by’abo barimu byatangiye mu minsi icyenda ishize aho abarimu 9 mu 10 bigisha kuri iki kigo mu mashuri yisumbuye, atari abanza, bashinja umuyobozi wacyo kubahoza ku nkeke, ko bari mu marembera yo kwirukanwa, bigatuma umwe muri bo ananirwa (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rwasabye MONUSCO guhagarika gukorana na FARDC
U Rwanda rwasabye MONUSCO guhagarika gukorana na FARDC

Ambasaderi Uhoraho w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye (UN), Claver Gatete, yamaganye ibirego RD.Congo ishinja u Rwanda, ndetse asaba UN gusaba MONUSCO kureka gukorana n’igisirikare cya Leta ya Congo kuko gifatanya n’umutwe wasize ukoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 wa FDLR.
Yabitangarije mu Nama y’Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Amahoro ku Isi yateranye kuri uyu wa Gatatu yiga ku bibazo bya Politiki n’umutekano muke muri RDC.
Amb. Gatete yashimangiye ko u Rwanda rudafite (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Barasaba ingurane ku myaka yabo yangijwe no kubaka imiyoboro y'amazi yo kuhira
Gakenke: Barasaba ingurane ku myaka yabo yangijwe no kubaka imiyoboro y’amazi yo kuhira

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Hari bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke, umurenge wa Gakenke , mu Kagari ka Rusagara bavuga ko basaba ingurane ku myaka yabo yangiritse ubwo hanyuzwagamo imiyoboro y’amazi.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga muri uyu murenge bamwe mu baturage bavuze ko bahangayikishijwe n’uburyo imyaka yabo ndetse n’ubutaka byangijwe mu gihe bakora imiyoboro ijyana amazi yo kuhira imyaka.
Bavuga ko ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke bwaje bubabwira ko (…)

424 Shares 4 Comments
Zimwe mu nyungu zihuse u Rwanda rwakuye mu kwakira CHOGM 2022
Zimwe mu nyungu zihuse u Rwanda rwakuye mu kwakira CHOGM 2022

Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Commonwealth barangije inama yahuje intumwa zigera ku 4000 zo mu muryango wa Commonwealth ubu urimo bihugu 56, bamwe muri bo bavuye mu Rwanda bafite amasezerano y’amasezerano n’ibihugu bitandukanye.
Intumwa zirimo abakuru b’ibihugu na za guverinoma, abayobozi bo mu nzego zo hejuru, abayobozi b’ibigo biteza imbere isi ndetse n’akarere mu bucuruzi, na ba rwiyemezamirimo bakiri bato.
1. U Rwanda rwemeje ko ruzakira inama ya kongere ya 73 ya FIFA
Ku (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru