Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Ynaditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu, umurenge wa Jenda, akagari ka Nyirakigugu, barashyira mu majwi umukozi w’akagari ka Nyirakigugu kubaka ruswa kugira ngo bahabwe ibyiciro by’ubudehe.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa Jenda bavuga ko bahangayikishijwe nuko nta byiciro barimo guhabwa kubera kudatanga amafaranga baba basabwe na bamwe mu bayobozi bo ku Kagari.
Musanabera niyo mazina tumuhaye ku (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko hagiye gutangizwa politiki nshya y’imicungire y’Abajyana b’Ubuzima mu gihugu, aho hagiye guhindurwa uburyo umujyanama w’ubuzima atoranywa, hakazajya hitabwa mu bafite imyaka mike, 21 kugeza kuri 45 bazashobora kujyana n’ikoranabuhanga riri kwimakazwa mu mikorere no muri serivisi z’ibihugu kimwe no mu rwego rw’ubuzima.
Kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Nyakanga, 2022, mu muhango wo kumurika ubushakashatsi bwakozwe ku magerageza (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abayobozi batandukanye kuva kuri Mudugudu kugera kuri Gitifu w’Umurenge wa Jenda mu karere ka Nyabihu, abayobozi bavuze ko batazi umuturage uvuga ko amaze imyaka 20 asembera muri uwo murenge ndetse batazi n’ikibazo afite cyo kuba nta cumbi agira akaba yaranakuwe mu cyiciro cya mbere cy’Ubudehe nanubu akaba nta kindi arahabwa.
Ni umuturage Muhawenimana Esperance kuri ubu utuye mu mudugudu wa Rushongoru, akagari ka Nyirakigugu, mu murenge wa Jenda, afite (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abaturage bo mu mirenge wa Musanze na Cyuve mu karere ka Musanze, by’umwihariko abanyeshuri baratangaza ko babangamiwe n’senyuka ry’ikiraro cyatumaga bava mu murenge umwe bajya mu wundi, gihuza akagari ka Cyabagarura ku ruhande rw’Umurenge wa Musanze n’akagari ka Rwebeya mu murenge wa Cyuve.
Ni ikiraro cy’ibiti cyangiritse mu kwezi kwa Kane uyu mwaka 2022, giherereye mu mudugudu wa Kageyo mu kagari ka Cyabagarura n’umudugudu wa Mubuga ku ruhande rw’akagari (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu gihe uburengenzira bw’abakora uburaya usanga bugihutazwa hirya no hino, abo mu Mugi wa Musanze barasaba ko bakwegerwa n’abajyanama b’ubuzima bakajya babaha agaciro nk’abandi bantu kuko usanga hari serivisi badahabwa bitewe nuko bakora ibyo bikorwa.
Babitangarije ubwo bari basoje amahugurwa bari bateguriwe na ANCP, umuryango uharanira uburengenzira bwa muntu by’umwihariko ababana n’ubwandu bw’agakoko gatera Sida bakita no ku bantu bakora uburaya (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Urukiko rwa Rubanda, i Paris mu Bufaransa rwatangiye ikiciro cya Mbere cyo Kuri uyu wa mbere cyo guhata ibibazo Umunywarwanda Laurent Bucyibaruta ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro mu majyepfo y’u Rwanda, mbere n’igihe Jenoside yakorewe Abatutsi yakorwaga, ashinjwa ibyaha bya jenoside, ubufatanyacyaha muri Jenoside n’ubufatanyacyaha mu byaha byibasiye inyoko-muntu.
Ni nyuma yuko uru (…)
Hagati y’uyu munsi tariki 5 Nyakanga n’ejo tariki 6 Nyakanga biteganijwe ko aribwo abakuru b’ibihugu by’u Rwanda Perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi wa RDCongo bahurira I Luanda muri Angola, ku buhuza bw’umuyobozi w’Akarere k’ibiyaga bigari (ICGRL) ari nawe Perezida wa Angola.
Kuri ubu amezi akabakaba kuri abiri arashize u Rwanda na Congo barebana ay’ingwe kubera ibirego Congo imaze igihe ishinja u Rwanda kuba rufasha umutwe witwaje intwaro wa M23 umaze iminsi urwana n’ingabo za (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Ubwo hizihizwaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 28 abikorera bo mu karere ka Musanze batashye ku mugaragaro inyubako z’amagorofa 14 zubatswe muri aka karere.
Ni ibirori byakozwe bitandukanye birimo gutaha ibyagezweho ndetse hakabaho no kwibukiranya uburyo ingazo za RPF zabohoye Igihugu zihagarika Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Bamwe mu bikorera bo muri aka karere ka Musanze bavuze uburyo biyushye akuya kugira ngo bagere kuri ibi bikorwa (…)
Abantu bitwaje imbunda biyita Abapolisi bakorana n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’amahooro (RRA), barashe abaturage babiri bo mu Murenge wa Nyagihanga mu Karere ka Gatsibo gusa ntihagira uhasiga ubuzima mu gihe abarashe bahise bacika.
Abaturage bahaye amakuru RADIOTV10, bavuze ko iki gikorwa cyabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 04 Nyakanga 2022 hagati ya saa kumi (16:00’) na saa kumi n’imwe (17:00’) z’umugoroba.
Aba bantu baje kuri moto, biyitaga Abapolisi bakorana na RRA, (…)
Perezida Paul Kagame yavuze ko hari abantu bifuzaga ko umutekano w’u Rwanda wahungabana mu Mujyi wa Kigali ubwo rwakiraga Inama ikomeye y’Umuryango wa CommonWealth izwi nka CHOGM ariko ntibabigeraho, ndetse abakurira inzira ku murima ko no mu bindi bihe ntibizaborohera.
Ni kuri uyu wa Mbere mu kiganiro na RBA cyabaye, cyahuriranye n’umunsi u Rwanda rwizihizaho Isabukuru ya 28 yo Kwibohora.
Perezida Kagame yavuze ko umutekano mu Rwanda ari ingenzi, kuko ari wo utuma n’ibindi bikorwa byose (…)
Mu irushanwa ryo kwibuka padiri Kayumba ikipe ya UTB niyo yegukanye byinshi
11 February 2019, by MUTESI ScoviaNST2: Ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku 9.3% buri mwaka
9 September 2024
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















