Saturday . 21 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump arasaba ibihugu kumufasha kurinda inzira ya Strait of Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)

Nyuma yo kwimura impunzi zose Inkambi ya Gihembe yafunzwe burundu
Nyuma yo kwimura impunzi zose Inkambi ya Gihembe yafunzwe burundu

U Rwanda rwatangaje ko rwafunze Inkambi ya Gihembe iherereye mu Karere ka Gicumbi, Intara y’Amajyaruguru, yari imaze imyaka irenga 24 icumbikiye impunzi z’Abakongomani.
Byatangajwe na Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukwakira 2021, nyuma y’uko abari bacumbikiwe muri iyi nkambi bose bamaze kwimurirwa mu ya Mahama iherereye mu Karere ka Kirehe.
Ku rubuga rwa Twitter rw’iyi minisiteri bagize buti “Kwimura impunzi ibihumbi 12 mu nkambi ya Gihembe zikajya (…)

424 Shares 4 Comments
Sitade ya Kigali i Nyamirambo ntizongera kwakira imikino mpuzamahanga
Sitade ya Kigali i Nyamirambo ntizongera kwakira imikino mpuzamahanga

Mutungirehe Samuel
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru ku mugabane w’Afurika (CAF) yamenyesheje Federasiyo y’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ko Sitade ya Kigali iherereye i Nyamirambo itemerewe kwakira imikino bitewe na bimwe mu byangombwa itujuje ku buryo ya kwakira imikino iri kuri urwo rwego.
Kuri iki cy’umweru tariki ya 17 Ukwakira 2021, CAF yafashe icyemezo cyo guhagarika Sidate ya Kigali i Nyamirambo nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe harebwa niba ibyo basabwe gukosora barabikoze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kicukiro: Hari site y'itora yateraniyeho amasibo 33 mu matora ntibyababuza kwirinda COVID 19
Kicukiro: Hari site y’itora yateraniyeho amasibo 33 mu matora ntibyababuza kwirinda COVID 19

Mutungirehe Samuel
Mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Gatenga mu kagari ka Nyanza kuri site y’itora yo mu Busitani buri munsi ya Gale ya Nyanza hahuriye amasibo agera kuri 33 yo mu mudugudu ibiri y’Isonga na Juru, nubwo bari benshi ariko n’imbuga batoreyeho yari yisanzuye ku buryo bizeye ko bubahirije amabwiriza yo kwirinda kwanduzanya icyorezo cya COVID-19.
Ni igikorwa cy’amatora cyatangiye mu gihugu hose aho abaturage bagize isibo bitoragamo batatu, bataburamo nibura uw’igitsina gore (…)

424 Shares 4 Comments
Aho MINISANTE NA MIGEPROF ntibaba baratereye agati mu ryinyo? imyaka ibaye itatu nta teka rirengera abana bavukana indwara zidakira n'uko abavukiye muri Gereza barengerwa
Aho MINISANTE NA MIGEPROF ntibaba baratereye agati mu ryinyo? imyaka ibaye itatu nta teka rirengera abana bavukana indwara zidakira n’uko abavukiye muri Gereza barengerwa

Mutungirehe Samuel
Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda bagize komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no kurwanya Jenoside batunguwe ndetse banibaza impamvu Minisiteri ebyiri ari zo iy’Ubuzima (MINISANTE) n’iy’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) zigejeje iki gihe zitarashyiraho amateka ateganywa mu kurengera umwana, haba ku bana bavukanye indwara zidakira no ku bana bavukira muri Gereza.
Icyo cyuho bagisanze mu igenzura ry’ishyira mu bikorwa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igikombe cy'Isi cya 2030 gishobora gukinirwa mu gihugu cya Israel
Igikombe cy’Isi cya 2030 gishobora gukinirwa mu gihugu cya Israel

Ndayambaje Jean Calude
Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku isi (FIFA), Gianni Infantino, yatangaje ko afite icyifuzo cy’uko igihugu cya Israel cyazakira imikino y’Igikombe cy’Isi mu 2030 nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’intebe Bennett Naftali wa Israel mu itangazo ryashyizwe ahagara n’ibiro bye.
Minisitiri w’Intebe Bennett yavuze ko we na Infantino bagiranye ibiganiro ku wa kabiri wiki cy’umweru aho Perezida wa FIFA yagaragaje icyifuzo cy’uko Israel yazakira (…)

424 Shares 4 Comments
Kubera kubura ubwatsi bw'amatungo abo mu mudugudu w'icyitegererezo wa Kinigi basubije inka ku isambu
Kubera kubura ubwatsi bw’amatungo abo mu mudugudu w’icyitegererezo wa Kinigi basubije inka ku isambu

Umugiraneza Alice
Bamwe mu baturage batujwe mu mudugudu w’icyitegererezo (Model village) wo mu murenge wa kinigi mu karere ka Musanze, baravuga ko bahisemo gusubiza amatungo ku masambu yabo nyuma y’uko aho basanze aho batujwe nta bwatsi buhari.
Babitangaje ubwo bari mu gikorwa cyo gutera ubwatsi bw’amatungo, cyokozwe kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Ukwakira 2021 n’ikigo gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi RAB, bafatanyije n’akarere ka Musanze.
Abaturage bahamirije mamaurwagasabo.rw ko bamwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida Kagame, Dr. Habumuremyi yafunguwe
Nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida Kagame, Dr. Habumuremyi yafunguwe

Dr Pierre Damien Habumuremyi wari umaze umwaka urenga afungiye i Mageragere ku cyaha cyo gutanag sheke itazigamiye yasohotse muri Gereza ya Nyarugenge nhyumayo guhabwa imbabazi na Nyakubahwa Perezida Kagame Paul.
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo ku wa 13 Ukwakira 2021 ni yo yemeje iby’imbabazi yahawe.
Mu iburanisha rya nyuma, Dr Habumuremyi yasabye imbabazi Umukuru w’Igihugu ndetse yari yarananditse n’ibaruwa isaba imbabazi.
Yabwiye IGIHE ko atari yiteze ko ashobora (…)

424 Shares 4 Comments
Push for implementing Maputo Protocol on Women's Rights
Push for implementing Maputo Protocol on Women’s Rights

Mutesi Scovia
The Pan-African Feminists have urged African countries to ensure laws that protect women and girls’ rights in line with Maputo protocol.
The call was made during The Pan-African Feminists Retreat that took place Nairobi, Kenya from October 12 to October 13.
At the occasion, 18 years progress on Maputo Protocol implementation was celebrated and discussed the gaps and what needs to be done.
The Protocol to the African Charter on Human and People’s Rights on the Rights of (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Isiganwa mpuzahanga rya Tour du Rwanda rigiye kuba ku nshuro ya 14
Isiganwa mpuzahanga rya Tour du Rwanda rigiye kuba ku nshuro ya 14

Ndayambaje Jean claude
Isiganwa ngarukamwaka rya Tour du Rwanda 2022 byemejwe ko rigomba kuba mu kwezi kwa Gashyantare umwaka utaha. Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare ku Isi "UCI" ryamaze kwemeza ko Tour du Rwanda ya 2022 igomba kuba hagati ya taliki ya 20 na 27 Gashyantare 2022, ntagihindutse nkuko byatangajwe.
Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda ryatangaje ko UCI yemeye ko isiganwa rya Tour du Rwanda 2022 rizitabirwa n’ibihugu bitandukanye. (…)

424 Shares 4 Comments
Obadiah Biraro yasimbujwe ku mwanya yari amazeho imyaka 10
Obadiah Biraro yasimbujwe ku mwanya yari amazeho imyaka 10

Mutungirehe Samuel
Bimwe mu byemezo byavuye mu nama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Ukwakira 2021 iyobowe na Nyakubahwa Perezida Kagame Paul, birimo abayobozi basimbujwe mu myaka barimo na Obadiah Biraro wari umaze imyaka 10 ari Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta (OAG).
Obadiah Biraro yasimbujwe kuri uwo mwanya na Alex Kamuhire, utari usanzwe azwi muri guverinoma cyangwa mu bayobozi bakuru mu nzego za Leta.
Biraro yagiye ku mwanya w’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru