Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye gufasha kurinda inzira y’ingenzi y’amato ya peteroli izwi nka Strait of Hormuz mu gihe amakimbirane akomeje hagati ya Iran, Israel ndetse na USA. Iyi nzira kandi inyuramo hafi 20% by’amavuta n’ingufu bikoreshwa ku isi, bigatuma iba ingenzi cyane mu bucuruzi mpuzamahanga.
Trump yavuze ko Amerika yamaze kuvugana n’ibihugu birindwi hagamijwe gushyiraho ubufatanye bwo kurinda amato no kongera gufungura iyi (…)
Umugiraneza Alice
Mukanemeye Pacicasia na Nyiramwiza Pelagie ni abagore batuye mu karere ka Musanze, mu Murenge wa Musanze, akagali ka Cyabagarura. Bishimira intabwe bamaze gutera babikesha gukura amaboko mu mufuka ndetse no gutekereza cyame bityo ubu bakaba nabo bashobora gutanga akazi.
Mukanemeye na Nyiramwiza bakora akazi ko gukusanya uducupa twashizemo amazi yatunganyirijwe mu nganda bakatugurisha n’abacuruzi bashaka kongera kudupfunyikamo ibisubika bitandukanye, bikabinjiriza (…)
Ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahaye imbabazi Pierre Damien Habumuremyi wari warahamwe n’icyaha cyo gutanga sheke itazigamiye.
Ni umwe mu myanzuro yasohotse mu byemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye ejo hashize tariki ya 13 Ukwakira 2021.
Izi mbabazi zahise zikuriraho Dr Habumuremyi igifungo cy’imyaka itatu yari yarakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge.
Pierre Damien Habumuremyi, ku wa 27 Ugushyingo 2020 ni bwo Urukiko rw’Ibanze (…)
Umugiraneza Alice
Ku mugezi wa Muhe uherereye mu karere ka Musanze mu Murenge wa Musanze uhana imbibi n’Umurenge wa Cyuve haravugwa ubujura bukorwa n’isoresore zitwikira ijoro zigatega abaturage zikabambura utwabo, abo zambura bakavuga ko zirimo n’abanyeshuri ba INES Ruhengeri.
Abaturage baganiriye na Mamaurwagasabo.rw bavuga ko izo nsoresore zitwikira ijoro zikambura ibintu abaturage banyura kuri uwo mugezi ku mugoroba bavuye mu kazi.
Umuturage witwa Nayino Herena yagize ati "Ubujura (…)
Mutesi scovia
The Pan-African Feminists Retreat that took place from October 12 to October 13 has called for more coordinated efforts to fight for women’s and girls’ rights by combating gender-based violence.
The retreat held every two years is part of the ‘programing conference’, led by the African Women’s Development and Communication Network (FEMNET).
Due to COVID-19 pandemic which has laid bare structural inequalities embedded in African societies, the 2021 Pan-African Feminists (…)
Abaturage batujwe mu mugudugu wa Gatovu wubatse mu Murenge wa Gataraga mu karere ka Musanze barataka ubujura bukorerwa mu nzu zabo, bahagamya ko buterwa n’imyubakire y’imbere muri izo nzu aho ibikuta byazo bitazamuwe ngo bihuzwe n’igisenge hejuru bigatuma umuntu uri mu nzu imwe ashobora kugera mu nzu ya mugenzi we byoroshye.
Uyu mudugudu wubatswe mu mpera z’umwaka wa 2017, utuzwamo imiryango 40 y’abatishoboye bo mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri baturutse hirya no hino mu murenge wa (…)
Ndayambaje Jean Calude
Minisiteri y’Umuco na Siporo mu Rwanda yandikiye Federasiyo y’umupira w’Amaguru u Rwanda ibamenyesha ko ikipe y’igihugu y’abagore itakitabiriye irushanwa Nyafurika ryo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika kizabera muri Maroc umwaka utaha wa 2022.
Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda Jules Karangwa, umunyamategeko muri Federasiyo y’umupira w’Amaguru mu Rwanda akaba no muri komisiyo ishinzwe gutegura amarushanwa, yasobanuye uburyo bakiriye iyi baruwa n’icyo bagiye (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rufite inshingano zo kurengera ubuzima bw’abaturage barwo, bitandukanye n’ibihugu n’imiryango bikomeje gusaba ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba yarekurwa, bititaye ku bagizweho ingaruka n’ibikorwa bye cyangwa abo bareganwaga.
Ku wa 20 Nzeri 2021 nibwo Urukiko rukuru, Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rwakatiye Rusesabagina gufungwa imyaka 25 nyuma yo kumuhamya ibyaha (…)
Umugiraneza Alice
Hari abaturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Musanze, akagali ka Rwambogo bavuga ko babangamiwe cyane n’uruganda rutunganya amabuye kuko ivumbi rivamo ribatera uburwayi burimo ubw’imyanya y’ubuhumekero.
Bamwe mu baganiye na mamaurwagasabo.rw bavuga ko kuva 2017 uruganda rwababujije umutekano kandi ikibazo cyabo ntaho batakigejeje ariko ntibabone ubarenganura.
Umusaza Gakuba Jean, avuga ko iki kibazo cyabo n’akarere ka Musanze ndetse n’intara y’Amajyaruguru (…)
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima RBC cyatangaje ko buri mwaka mu Rwanda haboneka byibuze abarwayi ba kanseri bashya bagera ku 5000, harimo abagore n’abagabo.
RBC yavuze ko kimwe cya Gatatu cy’abibasirwa na kanseri baba barwaye iy’inkondo y’umura hamwe n’iy’ibere kuko ari nazo kanseri ziza ku mwanya wa mbere mu gufata no guhitana umubare w’abantu benshi ku isi no mu Rwanda, ugereranyije n’izindi kanseri.
Byatangarijwe mu karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Mageragere ku kigo nderabuzima (…)
Umwami wa Eswatini, Mswati III yohereje abasilikare n’abapolisi Ingabo n’abapolisi muri Eswatini ku bigo by’amashuri guhangana n’abanyeshuri bamaze iminsi bigaragambya basaba ko habaho amavugurura ya politiki mu gihugu.
Hashize iminsi abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye muri iki gihugu kikigendera ku Bwami banga kujya kwiga basaba ko habaho amavugurura muri politiki.
Mu byo basaba harimo irekurwa ry’abadepite bafashwe mu myigaragambyo yabaye mu minsi ishize, kandi hagashyirwaho (…)
NST2: Ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku 9.3% buri mwaka
9 September 2024Gisagara: Imirasire n’umuriro w’amashanyarazi bihabwa abifite
17 September 2025, by Valens Nzabonimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















