Wednesday . 27 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Isiganwa mpuzahanga rya Tour du Rwanda rigiye kuba ku nshuro ya 14
Isiganwa mpuzahanga rya Tour du Rwanda rigiye kuba ku nshuro ya 14

Ndayambaje Jean claude
Isiganwa ngarukamwaka rya Tour du Rwanda 2022 byemejwe ko rigomba kuba mu kwezi kwa Gashyantare umwaka utaha. Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare ku Isi "UCI" ryamaze kwemeza ko Tour du Rwanda ya 2022 igomba kuba hagati ya taliki ya 20 na 27 Gashyantare 2022, ntagihindutse nkuko byatangajwe.
Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda ryatangaje ko UCI yemeye ko isiganwa rya Tour du Rwanda 2022 rizitabirwa n’ibihugu bitandukanye. (…)

424 Shares 4 Comments
Obadiah Biraro yasimbujwe ku mwanya yari amazeho imyaka 10
Obadiah Biraro yasimbujwe ku mwanya yari amazeho imyaka 10

Mutungirehe Samuel
Bimwe mu byemezo byavuye mu nama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Ukwakira 2021 iyobowe na Nyakubahwa Perezida Kagame Paul, birimo abayobozi basimbujwe mu myaka barimo na Obadiah Biraro wari umaze imyaka 10 ari Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta (OAG).
Obadiah Biraro yasimbujwe kuri uwo mwanya na Alex Kamuhire, utari usanzwe azwi muri guverinoma cyangwa mu bayobozi bakuru mu nzego za Leta.
Biraro yagiye ku mwanya w’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Mukanemeye na Nyiramwiza barishimira iterambere bagezeho babikesha ubucuruzi bw'ibikoresha byakoze
Musanze: Mukanemeye na Nyiramwiza barishimira iterambere bagezeho babikesha ubucuruzi bw’ibikoresha byakoze

Umugiraneza Alice
Mukanemeye Pacicasia na Nyiramwiza Pelagie ni abagore batuye mu karere ka Musanze, mu Murenge wa Musanze, akagali ka Cyabagarura. Bishimira intabwe bamaze gutera babikesha gukura amaboko mu mufuka ndetse no gutekereza cyame bityo ubu bakaba nabo bashobora gutanga akazi.
Mukanemeye na Nyiramwiza bakora akazi ko gukusanya uducupa twashizemo amazi yatunganyirijwe mu nganda bakatugurisha n’abacuruzi bashaka kongera kudupfunyikamo ibisubika bitandukanye, bikabinjiriza (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yababariye Dr Habumuremyi wari warakatiwe igifungo cy'imyaka 3
Perezida Kagame yababariye Dr Habumuremyi wari warakatiwe igifungo cy’imyaka 3

Ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahaye imbabazi Pierre Damien Habumuremyi wari warahamwe n’icyaha cyo gutanga sheke itazigamiye.
Ni umwe mu myanzuro yasohotse mu byemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye ejo hashize tariki ya 13 Ukwakira 2021.
Izi mbabazi zahise zikuriraho Dr Habumuremyi igifungo cy’imyaka itatu yari yarakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge.
Pierre Damien Habumuremyi, ku wa 27 Ugushyingo 2020 ni bwo Urukiko rw’Ibanze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Ku mugezi wa Muhe hari kuvugwa ubujura bukorwa n'insoresore zirimo abanyeshuri ba INES Ruhengeri
Musanze: Ku mugezi wa Muhe hari kuvugwa ubujura bukorwa n’insoresore zirimo abanyeshuri ba INES Ruhengeri

Umugiraneza Alice
Ku mugezi wa Muhe uherereye mu karere ka Musanze mu Murenge wa Musanze uhana imbibi n’Umurenge wa Cyuve haravugwa ubujura bukorwa n’isoresore zitwikira ijoro zigatega abaturage zikabambura utwabo, abo zambura bakavuga ko zirimo n’abanyeshuri ba INES Ruhengeri.
Abaturage baganiriye na Mamaurwagasabo.rw bavuga ko izo nsoresore zitwikira ijoro zikambura ibintu abaturage banyura kuri uwo mugezi ku mugoroba bavuye mu kazi.
Umuturage witwa Nayino Herena yagize ati "Ubujura (…)

424 Shares 4 Comments
Pan-African Feminists' retreat calls more efforts to fight for women's rights
Pan-African Feminists’ retreat calls more efforts to fight for women’s rights

Mutesi scovia
The Pan-African Feminists Retreat that took place from October 12 to October 13 has called for more coordinated efforts to fight for women’s and girls’ rights by combating gender-based violence.
The retreat held every two years is part of the ‘programing conference’, led by the African Women’s Development and Communication Network (FEMNET).
Due to COVID-19 pandemic which has laid bare structural inequalities embedded in African societies, the 2021 Pan-African Feminists (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abatujwe mu Mudugudu wa Gatovu barataka ubujura buterwa n'imyubakire y'izo nzu
Musanze: Abatujwe mu Mudugudu wa Gatovu barataka ubujura buterwa n’imyubakire y’izo nzu

Abaturage batujwe mu mugudugu wa Gatovu wubatse mu Murenge wa Gataraga mu karere ka Musanze barataka ubujura bukorerwa mu nzu zabo, bahagamya ko buterwa n’imyubakire y’imbere muri izo nzu aho ibikuta byazo bitazamuwe ngo bihuzwe n’igisenge hejuru bigatuma umuntu uri mu nzu imwe ashobora kugera mu nzu ya mugenzi we byoroshye.
Uyu mudugudu wubatswe mu mpera z’umwaka wa 2017, utuzwamo imiryango 40 y’abatishoboye bo mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri baturutse hirya no hino mu murenge wa (…)

424 Shares 4 Comments
Ni iki kihishe inyuma yo kuba abakinnyi b'umupira w'amaguru mu bagore badahabwa agaciro mu Rwanda
Ni iki kihishe inyuma yo kuba abakinnyi b’umupira w’amaguru mu bagore badahabwa agaciro mu Rwanda

Ndayambaje Jean Calude
Minisiteri y’Umuco na Siporo mu Rwanda yandikiye Federasiyo y’umupira w’Amaguru u Rwanda ibamenyesha ko ikipe y’igihugu y’abagore itakitabiriye irushanwa Nyafurika ryo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika kizabera muri Maroc umwaka utaha wa 2022.
Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda Jules Karangwa, umunyamategeko muri Federasiyo y’umupira w’Amaguru mu Rwanda akaba no muri komisiyo ishinzwe gutegura amarushanwa, yasobanuye uburyo bakiriye iyi baruwa n’icyo bagiye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yagize icyo avuga ko basaba ko Rusesabagina arekurwa igitaraganya
Perezida Kagame yagize icyo avuga ko basaba ko Rusesabagina arekurwa igitaraganya

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko u Rwanda rufite inshingano zo kurengera ubuzima bw’abaturage barwo, bitandukanye n’ibihugu n’imiryango bikomeje gusaba ko Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba yarekurwa, bititaye ku bagizweho ingaruka n’ibikorwa bye cyangwa abo bareganwaga.
Ku wa 20 Nzeri 2021 nibwo Urukiko rukuru, Urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rwakatiye Rusesabagina gufungwa imyaka 25 nyuma yo kumuhamya ibyaha (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abaturage babangamiwe n'uruganda rusya amabuye rukabatera indwara z'ubuhumekero
Musanze: Abaturage babangamiwe n’uruganda rusya amabuye rukabatera indwara z’ubuhumekero

Umugiraneza Alice
Hari abaturage bo mu karere ka Musanze, umurenge wa Musanze, akagali ka Rwambogo bavuga ko babangamiwe cyane n’uruganda rutunganya amabuye kuko ivumbi rivamo ribatera uburwayi burimo ubw’imyanya y’ubuhumekero.
Bamwe mu baganiye na mamaurwagasabo.rw bavuga ko kuva 2017 uruganda rwababujije umutekano kandi ikibazo cyabo ntaho batakigejeje ariko ntibabone ubarenganura.
Umusaza Gakuba Jean, avuga ko iki kibazo cyabo n’akarere ka Musanze ndetse n’intara y’Amajyaruguru (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru