Thursday . 28 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Gasabo:Mukafurika Annoncita arishimira amahoro afite akomoka ku muryango FPR Inkotanyi
Gasabo:Mukafurika Annoncita arishimira amahoro afite akomoka ku muryango FPR Inkotanyi

Ubu ni bumwe mu buhamya bwatanzwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 25 Kanama 2018, ubwo abakandida ba FPR Inkotanyi n’indi mitwe ya Politiki bifatanyije biyamamarizaga i Bweramvura, mu murenge wa Jabana, Akarere ka Gasbo.
Mukafurika Annoncita atuye mu kagari ka Kabuye, Umurenge wa Jabana, mu karere ka Gasabo. Ni umuhinzi umaze kwiteza imbere abikuye mu buhinzi bw’imboga, amasaro, ibijumba n’ibishyimbo. Mu buhamya bwe ashima cyane FPR Inkotanyi kuba yaragaruye umutekano mu gihugu, ubu akaba (…)

424 Shares 4 Comments
Kayonza:abagore barifuza ko abadepite bajya mu nteko bashyira imbere inyungu z'abagore babatoye
Kayonza:abagore barifuza ko abadepite bajya mu nteko bashyira imbere inyungu z’abagore babatoye

Mu nteko ishingamategeko umutwe w’abadepite hateganywamo abadepite 80 muri bo harimo abagore 24 bangana na 30% by’abagize inteko. Abaturage bo mu karere ka kayonza bakaba basaba ko abagore bajya mu nteko bahagarariye abagore bajya babavugira by’umwihariko.
Abakandida bahagariye abagore mu ntara y’iburasirazuba biyamamarije no mu Karere ka Kayonza imbere y’inteko itora aho bagaragaje imigabo n’imigambi yabo. Abagore bakurikirana uko abagore biyamamaza bafite ibyifuzo bumva (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze:PSD yijeje abaturage ko bazashyira imbaraga mu micungire y'amakoperative
Musanze:PSD yijeje abaturage ko bazashyira imbaraga mu micungire y’amakoperative

Abakandida bahagarariye Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza, PSD, bijeje abanyarwanda ko nibabatorera kujya mu Nteko Ishinga Amategeko, bazaharanira ko hajyaho umurongo uboneye amakoperative akoreramo, hagamijwe guteza imbere abanyamuryango bayo.
Byagarutsweho kuri uyu wa 22 Kanama 2018 ubwo iri shyaka rifite abakandida-depite 65 ryiyamamarizaga mu Karere ka Musanze, hitegurwa amatora ateganyijwe ku wa 2 na 3 Nzeri 2018.
Niyonsenga Theodomir usanzwe ari n’Umunyamabanga Mukuru (…)

424 Shares 4 Comments
Rurindo na Gicumbi abaturage bijejwe na Green Party guhinga ibyo bashaka aho guhinga ibyo Leta itegeka
Rurindo na Gicumbi abaturage bijejwe na Green Party guhinga ibyo bashaka aho guhinga ibyo Leta itegeka

Ku nshuro ya mbere Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije, ryashinzwe mu 2009, ryaserukanye abakandida 32 mu matora y’Abadepite, ryifuzamo imyanya irenga 10.
Ibikorwa byabo byo kwiyamaza byakomereje mu karere ka Rurindo na Gicumbi aho ryagarutse ku kibazo cy’ubuhinzi aho abaturage badafite uburenganzira ku bihwingwa bahinga.
Green Party ikomeje kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu, yemeza ko hari umusanzu izatanga niramuka igiriwe ikizere, byose ikabikora ku bufatanye (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije Umunsi w'Igitambo wa Eid Al Adha
Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije Umunsi w’Igitambo wa Eid Al Adha

Abayisilamu bo mu Rwanda bifatanyije n’abandi ku Isi kwizihiza Umunsi Mukuru w’Igitambo wa Eid Al Adha, hazirikanwa umunsi Aburahamu yari agiye gutamba umwana we Ismail, Imana ikamushumbusha intama.
Ibirori ku rwego rw’igihugu byabereye muri Stade ya Kigali i Nyamirambo, kuri uyu wa 21 Kanama 2018.
Eid al-Adha yizihijwe nyuma y’iminsi ibiri abayisilamu barenga miliyoni ebyiri bari mu Mutambagiro Mutagatifu i Mecca. Uyu mutambagiro witabiriwe n’Abanyarwanda 79, watangiye ku wa 19 Kanama, (…)

424 Shares 4 Comments
Umutekano ni kimwe mu byo PSD izibandaho nibona umwanya mu Nteko
Umutekano ni kimwe mu byo PSD izibandaho nibona umwanya mu Nteko

Abakandida b’abadepite bahagarariye Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho myiza y’Abaturage, PSD, bijeje abaturage ko nibabagirira icyizere nk’ababahagararira mu Nteko, bazaharanira ko gahunda yu mutekano ikomeza gushyigikirwa kugirango ibyo twagezeho birambe. Babigarutseho mu kwamamaza abakandida b’abadepite ba PSD mu Murenge wa Rugerero, mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Uburengerazuba. Abari ku rutonde rw’abakandida ba PSD, bijeje abaturage kuzabatumikira mu gihe bazabagirira (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobya bwenge
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kwirinda ibiyobya bwenge

Perezida Kagame yabwiye urubyiruko ko rudakwiye kureberera inshuti n’abavandimwe bishora mu biyobyabwenge kuko byica ahazaza habo ah’imiryango n’igihugu cyabibarutse.
Yabitangaje kuri iki Cyumweru, tariki ya 19 Kanama 2018, mu kiganiro yagiranye n’urubyiruko rusaga 2500 rurimo abanyamwuga mu ikoranabuhanga, politiki, imyidagaduro, abikorera, rwateraniye mu Intare Conference Arena i Rusororo.
Perezida Kagame yagaragarije urubyiruko ko rwitezweho byinshi ndetse rugomba kwitoza inshingano (…)

424 Shares 4 Comments
Jay Polly uri mu buroko yatakambiye umugore we anamugurira andi menyo
Jay Polly uri mu buroko yatakambiye umugore we anamugurira andi menyo

Jay Polly aracyafunzwe, yatawe muri yombi azira gukura amenyo umugore we Uwimbabazi Sharifa, amaze kubona ikosa yakoze yaciye bugufi asaba imbabazi ndetse amugurira andi menyo asimbura ayakutse.
Jay Polly akurikiranyweho icyaha cyo ‘gukubita no gukomeretsa ku bushake ku buryo bubabaje’ umugore we. Mu kuburana, yemeye ibyo ashinjwa ndetse ko yakubise umugore we abitewe n’ubusinzi.
Inkuru zasakajwe hose ko Jay Polly yarekuwe. Umuvugizi w’Inkiko, Mutabazi Harrison yabwiye IGIHE ko uyu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Komite yashinzwe iperereza ku ihezwa ry'abagore mu kazi muri Komisiyo ya AU yongerewe igihe
Komite yashinzwe iperereza ku ihezwa ry’abagore mu kazi muri Komisiyo ya AU yongerewe igihe

Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AUC) yongereye igihe komite yahawe inshingano zo gucukumbura urunturuntu ku ivangura riheza abagore mu myanya ikomeye y’akazi rivugwamo.
Muri Gicurasi nibwo humvikanye inkuru zivuga ko muri AUC hari ivangura rikorerwa abagore mu myanya y’akazi ndetse bandikiye Umuyobozi wayo, Moussa Faki Mahamat, amabaruwa menshi bamusaba gukemura ikibazo bise ‘‘agasuzuguro no gufatwa nabi.’’
Aba bagore bagaragaje ko ikibazo gikomeye ari ivangura riba mu (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame yashimye ko Kabila yubahirije Itegeko Nshinga
Perezida Kagame yashimye ko Kabila yubahirije Itegeko Nshinga

Perezida Paul Kagame unayoboye Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, yashimiye umwanzuro uherutse gufatwa na Perezida Joseph Kabila wo kutiyamamaza, abigaragaza nk’intambwe yo kubahiriza ibyemeranyijweho n’abaturage ba RDC.
Perezida Kagame yabigarutseho mu nama ya 38 y’Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma bihuriye muri SADC.
Igiye kumara iminsi ibiri mu Mujyi wa Windhoek muri Namibia, aho yatumiwe nk’Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU.
Perezida Kagame yashimye SADC akazi yakoze (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru