Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)
Abanyarwanda by’umwihariko abageze mu za bukuru n’abagore batwite, basabwe kuba maso no kwihutira kugana abaganga mu gihe babonye ibimenyetso by’indwara yo kuvura kw’amaraso, imaze kugaragara ko iteye inkeke kandi itwara ubuzima bw’abantu.
Ibi byatangajwe kuri uyu wa Gatandatu, ku bitaro byitiriwe Umwami Faisal, mu bukangurambaga bugamije kumenyekanisha no gusobanurira abanyarwanda indwara yo kuvura kw’amaraso.
Iyi ndwara izwi nka Thrombosis yica abantu batayizi kuko ifata umuntu (…)
Umushinga Ibyiringiro by’umuryango (Hope of Family) ukorera mu karere ka Muhanga, wiyemeje kuzamura imibereho myiza y’umuryngo, kubatoza kugira isuku , gusana inzu z’imiryango 20 zituyemo, gutanga inka 20 kuri iyo miryango ndetse no kububakira uturima tw’igikoni.
Ibi byavugiwe mu nama yabeye mu karere ka Muhanga, Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13 ukwakira, aho umushinga Hope of Family, waje uje gufasha abakene,bakabagurira bimwe mu bikoresho by’ishuri abana babo bakeneye. (…)
Yanditswe na Muremyi Viateur
Amakuru dukesha urubuga rwa Twitter rwa Perezidansi ya Repubulika y’u Rwanda ni uko abakuru b’ibihugu n’abazaguverinoma bateraniye mu nama ya 17 y’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa bose bemeje bidasubirwaho ko Louise Mushikiwabo ariwe Muyobozi mushya w’uyu muryango.
Louise Mushikiwabo akaba agiye kuyobora OIF muri manda y’imyaka ine. Amakuru dukesha Radiyo mpuzamahanga y’abafaransa ni uko Mushikiwabo ategerejweho inshingano zikomeye zo kwimakaza imiyoborere myiza, (…)
Guhera kuri uyu wa gatanu taliki ya 12 Ukwakira 2018 mu Rwanbda haratangira ubushakashatsi bwimbitse kuri Virusi itera Sida, buzakorwa hapimwa abantu bari mu ngo zigera ku bihumbi 11 bukazakorerwa ku bantu 29.993 bazasanga mu ngo bakabapima virusi itera Sida n’indwara z’umwijima bagahita babaha ibisubizo.
Kuri uyu wa gatatu nibwo hatangijwe ku mugaragaro ubushakashatsi bwa RPHIA mu Rwanda bugamije gutanga imibare ifatika ku cyorezo cya Sida no kugaragaza icyo gahunda yo gutanga imiti ku (…)
Yanditwe na Muragijemariya Juventune
Mu gihe habura iminsi 28 ngo habeho amatora yumukuru w’umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa (OIF), harekuwe imfungwa n’abagororwa 2140 irifungurwa rishobora guha amahirwe umukandida w’umunyarwandakazi, nkuko inzore mu bya Polikite mpuzamahanga akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda Dr Kayumba Christopher.
Nyuma y’umwanzuro wafashwe n’inama y’abaminisitiri idasanzwe iyobowe na nyakubahwa Perezida wa Lepubulika y’Urwanda Paul Kagame yo Kuya 14 Nzeri 2018, harekuwe (…)
Uyu mugabane ufite ibihugu bisaga icya kabiri cy’ibigize uyu muryango ndetse abaturage benshi bakoresha Igifaransa niho ubasanga kurusha ahandi. Iki kikaba ari ikigaragaza ko umwanya w’Ubunyamabanga Bukuru bwa OIF ugomba kugaruka muri Afurika.
Mu minsi mikeya iri imbere (ku itariki 12 Ukwakira 2018), Umunyamabanga Mukuru mushya wa OIF azatorwa n’abakuru b’ibihugu cyangwa aba guverinoma bagera kuri 54 mu nama iteganyijwe kubera I Erevan muri Armenie.
Aba bakuru b’ibihugu cyangwa za (…)
Umunyamakuru Mugabe Robert ukekwaho gusambanya abakobwa babiri barimo utarageza imyaka y’ubukure,no guha undi imiti ikuramo inda kuri uyu wa imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama mu Karere ka Kicukiro rumurekuye bya gateganyo .
Kuri uyu wa Mbere nibwo urukiko rw’ibanze rwa Kagarama rwasomye imyanzuro ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Mugabe, rutegeka ko arekurwa akazakomeza gukurikiranwa adafunzwe.
Mugabe aregwa hamwe na Dr Rurangwa Emmanuel na Dr Karegeya Byambu Adolphe, (…)
Urukiko Rukuru rwahaye agaciro ubusabe bwa Diane Rwigara n’Umubyeyi we Mukangemanyi Adeline, bemererwa kurekurwa by’agateganyo ariko rutegeka ko batagomba kurenga Umujyi wa Kigali batabiherewe uburenganzira.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Ukwakira nibwo hasomwe umwanzuro w’Urukiko Rukuru ku busabe bwa Diane Rwigara na Adeline Rwigara bwo gufungurwa by’agateganyo.
Ku wa 23 Ukwakira 2017 nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Diane Rwigara na nyina Mukangemanyi Adeline (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















