Monday . 25 May 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Rubavu: Itorero EAR ryateguye igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ku wa Gatanu, ku tariki ya 8 Gicurasi 2026, mu murenge wa Gisenyi, mu Karere Karere ka Rubavu, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iki gikorwa cyateguwe n’Itorero Angilikani mu Rwanda Diyoseze ya Kivu (EAR), mu rwego rwo kwibuka Abakiristo ba Diyoseze ya Kivu n’abandi bose bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Niyigena Drocelle agaragaza amakuba yanyuzemo mu gihe cya Genoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho icyo gihe we n’umuryango we (…)

Musanze: Baracyahishira ihohoterwa mu muryango banga kwiteza rubanda
Musanze: Baracyahishira ihohoterwa mu muryango banga kwiteza rubanda

Hari bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, by’umwihariko mu murenge wa Shingiro bavuga ko hari bagenzi babo bagitinya kugaragaza ihohoterwa bakorerwa mu muryango, banga kwiha rubanda.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Shingiro, ahatangirijwe Ubukangurambaga bw’Iminsi 16 yo kurwanya ihohotera rishingiye ku gitsina, mu nsanganyamatsiko igira iti "Umuryango uzira Ihohotera".
Uwamariya Claudine ni umwe mu batanga ubwo buhamya ku (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Kagame na madamu bitabiriye isabukuru ya Tito Rutaremara
Perezida Kagame na madamu bitabiriye isabukuru ya Tito Rutaremara

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bifatanyije na Tito Rutaremera n’umuryango we mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 80 amaze avutse.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, ku rubuga rwayo rwa X, byatangaje aya makuru, byandika bigira biti: "Kuri uyu mugoroba i Kigali, Perezida Kagame na Madamu Jeanette Kagame, bifatanyije na Tito Rutaremera n’umuryango we mu kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 80 amaze avutse".
Uyu mukambwe w’inararibonye mu mateka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Bashimiye Perezida Kagame waborohereje mu buhahirane
Musanze: Bashimiye Perezida Kagame waborohereje mu buhahirane

Abaturage bo mu mirenge ya Shingiro na Musanze bo mu karere ka Musanze bavuga imyato Perezida Kagame, bishimira ko yaborohereje mu buhahirane nyuma y’uko abubakiye ikiraro gihuza iyi mirenge yombi, cyuzuye gitwaye amafaranga asaga miliyoni 62 Frw.
Bamwe mu baturage baganiye na mamaurwagasabo.rw bemeza ko ubuhahirane bugiye kwiyongera ngo Kuko bagorwaga no kunyuza imyaka Kuri iki kiraro kubera ko kitari kijyanye n’igihe cyari cyarashaje.
Uwineza Marie Claire yagize ati"Twari dutewe (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Bari kuvuga ko bari kwibwa inka n'abacoracora
Rubavu: Bari kuvuga ko bari kwibwa inka n’abacoracora

Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Bulinda mu murenge wa Rubavu ho mu Karere ka Rubavu, bavuga ko hari abajya gucora muri DRC basigaye babiba inka bakazambukana muri kino gihugu.
Umwe muri bano baturage agaragaza kino kibazo, yemeza ko hari abacoracora bari kujya mu bikorwa by’ubucoracora muri DRC, bakambukana inka, ndetse nta tinya no kuvuga amazina ya bamwe ashinja buno bino bujura.
Yagize ati" Inka bayijyanye saa tanu za n’ijoro, ni abacoracora ( aha avuga n’amazina yabo ashinja), (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Hari abana bishora mu buraya bakitwaza ubukene
Musanze: Hari abana bishora mu buraya bakitwaza ubukene

Hari bamwe mu bana bo mu karere ka Musanze bavuga ko akenshi bishora mu gukora uburaya bakavuga ko babitewe n’ubukene.
Ibi byagarutsweho ubwo umuryango nyarwanda ukora mu kurwanya icyorezo cya SIDA, kurwanya ubukene no guteza imbere uburenganzira bwa muntu ukanakorana bya hafi n’abari mu byiciro byihariye (ANSP+) barimo bahugura ibi byiciro bifite ibyago byo kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.
Umwe mu bakora uburaya wagiranye ikiganiro na mamaurwagasabo yagize ati: (…)

424 Shares 4 Comments
Karongi: Nyobozi yeguye, abandi 13 barirukanwa
Karongi: Nyobozi yeguye, abandi 13 barirukanwa

Umuyobozi w’akarere ka Karongi, Mukase Valentine hamwe na Visi Meya ushinzwe iterambere ry’ubukungu, NIRAGIRE Théophile ndetse na Perezida w’Inama Njyanama Dusingize Donatha beguye.
Muri Komite nyobozi hasigaye Visi Meya ushinzwe imibereho y’abaturage. Abeguye kandi bakurikiwe no kwirukanwa kw’abageze kuri 13 bakora mu myanya itandukanye mu karere.
Beguye nyuma yaho mu minsi ishize byavuzwe ko hari uwarokotse Genoside yakorewe Abatutsi uherutse gusindishwa, nyuma aricwa mu Murenge wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mutesi Scovia yatorewe kuyobora Urwego rw'Abanyamakuru RMC
Mutesi Scovia yatorewe kuyobora Urwego rw’Abanyamakuru RMC

Umunyamakuru ScoviaMutesi, akaba n’Umuyobozi Mukuru wa Mamaurwagasabo Ltd
yatorewe kuba Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi y’Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (Rwanda Media Commission, RMC), umwanya yasimbuyeho Cleophas Barore.
Ni inama y’Ubutegetsi igizwe n’abandi banyamakuru batatu batowe barimo Girinema Philbert, umwanditse mukuru wa IGIHE, Nyirarukundo Xavera wa Radio y’igihugu RBA na Rwanyange Anthere uyobora Panorama.
Ni amatora yabereye i Kigali, aho yari agamije gusimbuza abayobozi (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Ubujura bw'insinga w'amashanyarazi buri kubasiga mu kizima
Rubavu: Ubujura bw’insinga w’amashanyarazi buri kubasiga mu kizima

Bamwe mu baturage bo Mudugu wa Bubaji, mu Kagari ka Bulinda mu Murenge wa Rubavu, bavuga ko ubu bari mu mwijima nyuma yo kubura umuriro w’amashanyarazi bitewe nuko insiga ziwugeza mu ngo zabo zibwe.
Umwe muri bano baturage waganiriye na Mamaurwagasabo yagize ati: "Abajura bari kuza ku mazu, nko kuya Michel (avuga umusaza wibwe) ikamba (urusinga) ye barayikase; insinga z’amashanyarazi bari kuzikata. Nuyu musaza barayijyanjye, ubu ntabwo ari gucana, ubu rwose nukuturwanaho".
Undi muturage (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abakinnyi bafite ubumuga baremeye mugenzi wabo
Musanze: Abakinnyi bafite ubumuga baremeye mugenzi wabo

Abakinnyi bafite ubumuga ba Musanze baremeye mugenzi wabo witwa Hakizimana Theogene w’imyaka 43, utuye mu mudugudu w’Iremb, Akagari ka Byahi, Umurenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu.
Ni umukinnyi uterura ibiremereye akanaserukira igihugu mu mikino mpuzamahanga (Para power lifting na sitting volleyball), kuri ubu warembejwe n’uburwayi.
Ni igikorwa cyakozwe n’abagize ikipe ya Musanze mu bafite ubumuga ndetse n’abayobozi babo mu rwego rwo gukomeza kuba hafi umuvandimwe wabo wagize ikibazo (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Ababyeyi banenze bagenzi babo bagurisha inyunganira mirire yagenewe abana
Musanze: Ababyeyi banenze bagenzi babo bagurisha inyunganira mirire yagenewe abana

Bamwe mu babyeyi bo mu murenge wa Gataraga w’Akarere ka Musanze baranenga bagenzi babo bamara kubona inyunganira (Shisha kubondo) n’amata yagenewe kurwanya igwingira mu bana bakajya kubigurisha.
Aba baturage babigarutseho ubwo hatangizwaga icyumweru cyahariwe kurwanya imirire mibi nigwingira mu bana kizamara icyumweru 1 hakorwa ubukangurambaga mu kwitabira ibigo mbonezamikurire mu bana.
Nzabara Alphonsi akuriye irerero(Team Leader) rya Rwizovu icyizere mu murenge wa Gataraga yagize (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru